• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, July 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Somalia: Igitero cy’umwiyahuzi cyahitanye abasirikare 15

radiotv10by radiotv10
15/06/2021
in MU RWANDA, Uncategorized
0
Somalia: Igitero cy’umwiyahuzi cyahitanye abasirikare 15
Share on FacebookShare on Twitter

Igitero cyagabwe ku nkambi ya gisirikare ya Dhegobadan aho bakoreraga imyitozo ya gisirikare maze abasirikare 15 kirabahitana nk’uko bigaragara mu nkuru ya Al Jazeera.

Ukuriye iyi nkambi Mohamed Adan yavuze ko iki gitero cyagabwe n’umwiyahuzi witurukirijeho igisasu ariko ntibabasha kumumenya kandi ngo iyi mibare yabaruwe yabo cyahitanye ishobora no kwiyongera mu masaha ari imbere.

Inkuru y’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ivuga ko abakomeretse bahise bajyanwa ku bitaro bikuru bya Madina biri mu murwa mukuru wa Somalia i Mogadishu.

Hashize amezi 18 ibitero nk’ibi byibasira Somalia bikaba bikunze kugabwa ku mahoteri ndetse no ku birindiro by’inzego z’umutekano.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine − eight =

Previous Post

Kenya iikomeje gukora ibikorwa bishimangira kuzahura umubano wacyo na Somalia

Next Post

MALI: ONU irasaba amatora aciye mu mucyo

Related Posts

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

by radiotv10
02/07/2026
0

Bamwe mu batuye mu Karere ka Nyanza, bashima ishuri ritagira ikintu na kimwe ryishyuza abana baryigamo, aho ryakira abari baracikirije...

Abakozi ba CHUB basuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu i Gicumbi

Abakozi ba CHUB basuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu i Gicumbi

by radiotv10
02/07/2026
0

Abakozi b’Ibitaro Bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) basuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Kubohora Igihugu iri mu Karere ka Gicumbi,...

Hashyizwe hanze uko kunywa inzoga mu Banyarwanda bihagaze

Hashyizwe hanze uko kunywa inzoga mu Banyarwanda bihagaze

by radiotv10
02/07/2026
0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, kiratangaza ko umugabo umwe muri babiri, anywa inzoga, mu gihe mu bagore, abanywa inzoga ari babiri mu...

Umugabo wamaze imyaka 15 afungiye Jenoside ubu akurikiranyweho kwica umugore we

Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yafatiwe mu Budage

by radiotv10
02/07/2026
0

Ubushinjacyaha bw’u Budage bwataye muri yombi Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’iki Gihugu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho akekwaho...

Nyanza: Ubukangurambaga bwa Polisi y’u Rwanda mu gukumira ibyaha bwageze no mu banyerondo

Nyanza: Ubukangurambaga bwa Polisi y’u Rwanda mu gukumira ibyaha bwageze no mu banyerondo

by radiotv10
02/07/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya ibyaha, aho kuri iyi nshuro yasobanuriye abanyerondo...

Next Post
MALI: ONU irasaba amatora aciye mu mucyo

MALI: ONU irasaba amatora aciye mu mucyo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Umukinnyi wa Filimi uzwi mu Rwanda ari guteza ibye birimo moto ngo akemura ikibazo afite

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.