COVID-19: Gahunda ya Guma Mu Rugo yongereweho iminsi itanu
Byari biteganyijwe ko iminsi icumi ya gahunda ya Guma mu rugo ku mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani irangirana n’yu ...
Byari biteganyijwe ko iminsi icumi ya gahunda ya Guma mu rugo ku mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani irangirana n’yu ...
Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nyakanga 2021 nibwo abanyeshuri basoza icyiciro cya mbere n'icya kabiri by'amashuri yisumbuye batangiye ibizamini ...
Mu karere ka Rubavu hari abaturage bazindukiye mu gisa n’imyigaragambyo bavuga ko ikijyanye n’inkunga y’ibiribwa ihabwa abatishoboye bayumva ku maradiyo ...
Mu gihe uturere tw’umujyi wa Kigali turi muri gahunda ya Guma Mu rugo hari abaturage bafite imirimo yahagaze batangiye guhabwa ...
Kuri iki Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021 nibwo hatangiye igikorwa cyo gupima abaturage 15% batuye buri kagari kagize umujyi wa ...
Ubuhamya bwa bamwe burerekana ko ihohotera rishingiye kukubaza umubiri ritavugwa nk’uko iryo gusambanya abana rivugwa,bityo abarikorewe bagasaba ubukangurambaga kuri iri ...
Ubuyobozi b’akarere ka Kicukio bwatangaje ko hari abantu icyenda (9) basanzwe muri Motel iherereye mu Murenge wa Kagarama barenze ku ...
Abagize inteko ishinga amategeko y’u Rwanda bavuga basabye minisiteri y’imari n’igenamigambi ubusobanuro bw’amakosa agaragara muri RSSB. Isesengura ngo ryaberetse ko ...
Abaturage b’umujyi wa Kigali n’ahandi hirya no hino mu gihugu bafite impungenge z’uko ababishinzwe bapakira abantu benshi mu modoka barenze ku ...
Minisitiri w’ubuzima mu Bufaransa, Olivier Véran yaburiye abanyagihugu ko muri iyi mpeshyi bashobora kwibasirwa n’ubwandu bushya bwa COVID-19 mu buryo ...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful