Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda

radiotv10by radiotv10
21/02/2025
in SIPORO
0
Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki cyumweru tariki 23 Gashyantare mu Rwanda haratangira isiganwa mpuzamahanga rizwi nka Tour du Rwanda rizwiho gususurutsa Abaturarwanda, rizaba ribaye ku nshuro ya 38. Twibukiranye ibihe by’ingenzi byariranze kuva ryatangira n’abaryegukanye.

Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 38 kuva yatangira, ikaba iya 18 kuba ibaye mpuzamahanga, nyuma yuko yakinwe bwa mbere mu 1988.

Itangira gukinwa 1988 hakinwaga uduce tubiri buri mwaka.

Abaryegukanye:

  • 1988: Celestin Ndengeyingoma
  • 1989: Omar Masumbuko
  • 1990: Faustin Mbarabanyi

kuva mu 1991 kugeza mu 2000, nta siganwa ryabaye kubera ibibazo by’umutekano byari mu Gihugu, byaje kuvamo na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma ya Jenoside abenshi mu bakinnyi bakinaga uyu mukino w’amagare bari barahunze, gusa ryongera gusubukurwa muri 2001.

 

Abaryegukanye 2001-2007:

  • 2001: Bernard Nsengiyimva
  • 2002: Abraham Ruhumuriza
  • 2003: Abraham Ruhumuriza
  • 2004: Abraham Ruhumuriza
  • 2005: Abraham Ruhumuriza
  • 2006: Peter Kamau. Umunya-Kenya yakoze amateka yo gutwara Tour du Rwanda ari umunyamahanga wa mbere.
  • 2007: Abraham Ruhumuriza

 

Abaryegukanye kuva muri 2008 Tour du Rwanda ibaye mpuzamahanga

  • 2008: Adrien Niyonshuti
  • 2009: Adil Jelloul
  • 2010: Daniel Teklehaimanot
  • 2011: Kiel Reijnen
  • 2012: Darren Lill
  • 2013: Dylan Girdlestone
  • 2014: Valens Ndayisenga
  • 2015: Jean Bosco Nsengimana
  • 2016: Valens Ndayisenga
  • 2017: Joseph Areruya
  • 2018: Samuel Mugisha
  • 2019: Merhawi Kudus
  • 2020: Natnael Tesfatsion
  • 2021: Cristián Rodríguez
  • 2022: Natnael Tesfatsion
  • 2023: Henok Mulubrhan
  • 2024: Joseph Blackmore

Tour du Rwanda y’uyu mwaka wa 2025, izatangira ku wa 23 Gashyantare igasozwa ku ya 02 Werurwe 2025, izaca mu Turere 10 two mu Ntaza zose z’u Rwanda.

Perezida Paul Kagame na Henok Mulueberhan, wegukanye Tour du Rwanda ya 2023

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

The “axis of evil”

Next Post

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Related Posts

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

by radiotv10
16/12/2025
0

Muhammed Kagawa Ssenoga, rutahizamu uca ku ruhande wakiniraga Express yo muri Uganda na Ali Ismael Ahmed EL SAYED Moussa ukomoka...

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

by radiotv10
15/12/2025
0

Lomami Marcel wari umaze igihe ari umutoza wungirije muri Etincelles FC, yemejwe nk’umutoza wungirije wa Rayon Sports mu gihe igitegereje...

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

by radiotv10
15/12/2025
0

Bugesera FC yongeye gutsinda Rayon Sports FC mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru byibutsa abafana ba...

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

IZIHERUKA

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026
FOOTBALL

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

17/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

17/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

17/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

17/12/2025
Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.