Monday, June 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda

radiotv10by radiotv10
21/02/2025
in SIPORO
0
Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki cyumweru tariki 23 Gashyantare mu Rwanda haratangira isiganwa mpuzamahanga rizwi nka Tour du Rwanda rizwiho gususurutsa Abaturarwanda, rizaba ribaye ku nshuro ya 38. Twibukiranye ibihe by’ingenzi byariranze kuva ryatangira n’abaryegukanye.

Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 38 kuva yatangira, ikaba iya 18 kuba ibaye mpuzamahanga, nyuma yuko yakinwe bwa mbere mu 1988.

Itangira gukinwa 1988 hakinwaga uduce tubiri buri mwaka.

Abaryegukanye:

  • 1988: Celestin Ndengeyingoma
  • 1989: Omar Masumbuko
  • 1990: Faustin Mbarabanyi

kuva mu 1991 kugeza mu 2000, nta siganwa ryabaye kubera ibibazo by’umutekano byari mu Gihugu, byaje kuvamo na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma ya Jenoside abenshi mu bakinnyi bakinaga uyu mukino w’amagare bari barahunze, gusa ryongera gusubukurwa muri 2001.

 

Abaryegukanye 2001-2007:

  • 2001: Bernard Nsengiyimva
  • 2002: Abraham Ruhumuriza
  • 2003: Abraham Ruhumuriza
  • 2004: Abraham Ruhumuriza
  • 2005: Abraham Ruhumuriza
  • 2006: Peter Kamau. Umunya-Kenya yakoze amateka yo gutwara Tour du Rwanda ari umunyamahanga wa mbere.
  • 2007: Abraham Ruhumuriza

 

Abaryegukanye kuva muri 2008 Tour du Rwanda ibaye mpuzamahanga

  • 2008: Adrien Niyonshuti
  • 2009: Adil Jelloul
  • 2010: Daniel Teklehaimanot
  • 2011: Kiel Reijnen
  • 2012: Darren Lill
  • 2013: Dylan Girdlestone
  • 2014: Valens Ndayisenga
  • 2015: Jean Bosco Nsengimana
  • 2016: Valens Ndayisenga
  • 2017: Joseph Areruya
  • 2018: Samuel Mugisha
  • 2019: Merhawi Kudus
  • 2020: Natnael Tesfatsion
  • 2021: Cristián Rodríguez
  • 2022: Natnael Tesfatsion
  • 2023: Henok Mulubrhan
  • 2024: Joseph Blackmore

Tour du Rwanda y’uyu mwaka wa 2025, izatangira ku wa 23 Gashyantare igasozwa ku ya 02 Werurwe 2025, izaca mu Turere 10 two mu Ntaza zose z’u Rwanda.

Perezida Paul Kagame na Henok Mulueberhan, wegukanye Tour du Rwanda ya 2023

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 + 8 =

Previous Post

The “axis of evil”

Next Post

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana
IBYAMAMARE

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

by radiotv10
30/06/2025
0

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

30/06/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

30/06/2025
Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

30/06/2025
Rusizi: Bamaze hafi umwaka bavoma amazi mabi barahoranye ameza

Rusizi: Bamaze hafi umwaka bavoma amazi mabi barahoranye ameza

30/06/2025
Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

28/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.