Monday, October 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda

radiotv10by radiotv10
21/02/2025
in SIPORO
0
Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki cyumweru tariki 23 Gashyantare mu Rwanda haratangira isiganwa mpuzamahanga rizwi nka Tour du Rwanda rizwiho gususurutsa Abaturarwanda, rizaba ribaye ku nshuro ya 38. Twibukiranye ibihe by’ingenzi byariranze kuva ryatangira n’abaryegukanye.

Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 38 kuva yatangira, ikaba iya 18 kuba ibaye mpuzamahanga, nyuma yuko yakinwe bwa mbere mu 1988.

Itangira gukinwa 1988 hakinwaga uduce tubiri buri mwaka.

Abaryegukanye:

  • 1988: Celestin Ndengeyingoma
  • 1989: Omar Masumbuko
  • 1990: Faustin Mbarabanyi

kuva mu 1991 kugeza mu 2000, nta siganwa ryabaye kubera ibibazo by’umutekano byari mu Gihugu, byaje kuvamo na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma ya Jenoside abenshi mu bakinnyi bakinaga uyu mukino w’amagare bari barahunze, gusa ryongera gusubukurwa muri 2001.

 

Abaryegukanye 2001-2007:

  • 2001: Bernard Nsengiyimva
  • 2002: Abraham Ruhumuriza
  • 2003: Abraham Ruhumuriza
  • 2004: Abraham Ruhumuriza
  • 2005: Abraham Ruhumuriza
  • 2006: Peter Kamau. Umunya-Kenya yakoze amateka yo gutwara Tour du Rwanda ari umunyamahanga wa mbere.
  • 2007: Abraham Ruhumuriza

 

Abaryegukanye kuva muri 2008 Tour du Rwanda ibaye mpuzamahanga

  • 2008: Adrien Niyonshuti
  • 2009: Adil Jelloul
  • 2010: Daniel Teklehaimanot
  • 2011: Kiel Reijnen
  • 2012: Darren Lill
  • 2013: Dylan Girdlestone
  • 2014: Valens Ndayisenga
  • 2015: Jean Bosco Nsengimana
  • 2016: Valens Ndayisenga
  • 2017: Joseph Areruya
  • 2018: Samuel Mugisha
  • 2019: Merhawi Kudus
  • 2020: Natnael Tesfatsion
  • 2021: Cristián Rodríguez
  • 2022: Natnael Tesfatsion
  • 2023: Henok Mulubrhan
  • 2024: Joseph Blackmore

Tour du Rwanda y’uyu mwaka wa 2025, izatangira ku wa 23 Gashyantare igasozwa ku ya 02 Werurwe 2025, izaca mu Turere 10 two mu Ntaza zose z’u Rwanda.

Perezida Paul Kagame na Henok Mulueberhan, wegukanye Tour du Rwanda ya 2023

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three + fifteen =

Previous Post

The “axis of evil”

Next Post

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Related Posts

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

by radiotv10
25/10/2025
0

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, ari mu bahawe inshingano mu bagize za Komisiyo z’Ishyirahamwe ry’Umupira...

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

by radiotv10
24/10/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro na FIFA kugira ngo shampiyona yo mu Rwanda itangire...

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Hatangajwe ibyemezo byafatiwe abasifuzi bayoboye imikino yazamuye impaka irimo uwa APR na Mukura

by radiotv10
23/10/2025
0

Komisiyo ishinzwe imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangaje ibyemezo bishya bifitanye isano n’imikino ibiri ya Shampiyona iheruka...

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

by radiotv10
22/10/2025
0

Rugema Jocyline bakunze kwita 'Mado' yeguye ku mwanya w’ubunyamabanga muri Fan Base ya Rayon Sports FC, urwego ruhurije hamwe za...

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

by radiotv10
22/10/2025
0

Nyuma yuko Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare, uyu Murwa Mukuru w’u Rwanda ugiye no kwakira ibirori byo guhemba...

IZIHERUKA

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?
MU RWANDA

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

by radiotv10
27/10/2025
0

Batanze umucyo ku bana babo bakabaye barangije primaire ariko batarakandagira mu ishuri

Batanze umucyo ku bana babo bakabaye barangije primaire ariko batarakandagira mu ishuri

27/10/2025
Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

27/10/2025
Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

27/10/2025
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma

AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma

27/10/2025
Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

25/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

Batanze umucyo ku bana babo bakabaye barangije primaire ariko batarakandagira mu ishuri

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.