• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U Burusiya bwavuze icyatuma buhagarika intambara muri Ukraine

radiotv10by radiotv10
21/04/2022
in Uncategorized
0
U Burusiya bwavuze icyatuma buhagarika intambara muri Ukraine
Share on FacebookShare on Twitter

U Burusiya bwavuze ko ibikorwa bya gisirikare bwashoje muri Ukraine, bizahagarara igihe Ibihugu binyamuryango bya OTAN bizahagararika ibikorwa byayo bikorera muri Ukraine bibangamira u Burusiya.

Ibi byatangajwe n’Umuyobozi muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Alexey Polishchuk mu kiganiro yahaye ibiro ntaramakuru by’Abarusiya TASS.

Yagize ati “Ibikorwa byihariye bya Gisirikare (Intambara) bizahagarara mu gihe ibyo twiyemeje bizaba bigezweho. Bimwe muri byo ni ukurinda abaturane ba Donbass bakabaho batekanye, guhagarika ibikorwa bya gisirikare n’imyumvire na Nazi bya Ukraine, nanone kandi guhagarika burundu imbogamizi z’abanyamuryango ba NATO [OTAN].”

Alexey Polishchuk yavuze ko ubu ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya muri Ukraine bikomeje kugenda neza nk’uko byateguwe. Ati “Intego zose zizagwrwaho.”

Uyu mudipolomate yavuze ko u Burusiya budafite umugambi na busa wo gufata Ukraine cyangwa tumwe mu duce twayo ahubwo ko ari uguhagarika ibi bikorwa byose bya gisirikare n’iby’imyumvire y’ubu Nazi.

Yatangaje ibi mu gihe ibikorwa by’intambara bikomeje muri Ukraine, aho kuri uyu wa Gatatu bateye indi ntambwe mu rugamba rwo kugota uruganda rukomeye rwa Azovstal rukora ibyuma ruri i Mariupol.

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yasabye ko abasirikare bagose uru ruganda badakura murujye muri uru rugamba, ndetse asaba ko batinjiramo ariko bagakomeza kurugota.

Bivugwa ko muri uru ruganda harimo abasikare benshi ba Ukraine barimo imbere ndetse n’abaturage, ibintu binatuma ingabo z’u Burusiya zidashobora kurumishamo ibisasu.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × 4 =

Previous Post

“Ntiwaje kunyigisha”, “winca mu ijambo”,…Impaka zabaye ndende hagati ya Macron na Le Pen

Next Post

Gasabo yagize icyo ivuga ku ijambo ‘Akabere’ ryitiriwe ko ryanditse ku biro by’Akarere

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Gasabo yagize icyo ivuga ku ijambo ‘Akabere’ ryitiriwe ko ryanditse ku biro by’Akarere

Gasabo yagize icyo ivuga ku ijambo ‘Akabere’ ryitiriwe ko ryanditse ku biro by’Akarere

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.