Thursday, November 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID

radiotv10by radiotv10
21/02/2022
in MU RWANDA
0
UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19, akaba ari kwitabwaho n’abaganga be ndetse akaba akomeje kubahiriza inama zose bamugira.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yifurije Umwamikazi Elisabeth gukira vuba.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Boris Johnson yagize ati “Nizera ko mvugira buri wese mu kwifuriza Nyiricyubahiro Umwamikazi gukira vuba COVID no kugaruka vuba mu buzima busanzwe.”

Itangazo ryasohowe n’Ubwami bw’u Bwongereza, rivuga ko nyuma y’uko Umwamikazi Elisabeth II asanzwemo COVID “azakomeza kwitabwaho n’abaganga kandi agakurikiza amabwiriza yose ajyanye n’iyi ndwara.”

Umwamikazi Elisabeth II bamusanganye ubwandu bw’iki cyorezo, nyuma yo kugaragaza ibimenyetso byacyo birimo ibicurane.

Yanduye iki cyorezo nyuma y’uko umukungu we Wales na we yipimisha tariki 10 Gashyantare 2022, bakamusangamo ubwandu bw’iki cyorezo.

Mu bifurije Umwamikazi Elisabeth II gukira vuba kandi; harimo umuyobozi w’ishyaka ry’Abakozi rtavuga rumwe n’iri ku butegetsi, Sir Keir Starmer, wagize ati “Tukwifurije gukira vuba.”

na we nyene yipfurije umwamikazi “amagara meza no gukira ningoga”, yongerako ati: “Tukwipfurije gukira vuba, Ma’am”.

Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19 mu gihe habura iminsi micye ngo Guverinoma y’Igihugu cye ikureho amabwiriza yose yo kwirinda iki cyorezo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − seven =

Previous Post

AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

Next Post

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Related Posts

Uruganda rwahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje ibitoki rwatahuweho ibiteye impungenge

Uruganda rwahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje ibitoki rwatahuweho ibiteye impungenge

by radiotv10
05/11/2025
0

Uruganda rutanganya inzoga ruherereye mu Muerenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana, rwari rwarahawe uruhushya rwo gukoresha ibitoki mu gutunganya...

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

by radiotv10
05/11/2025
0

Inzego z’umutekano zataye muri yombi abatetsi babiri bo ku ishuli ribanza rya Nyarutovu riri mu murenge wa Bushenge, abanyonzi babiri...

Umwana w’Umwami watwaye u Rwanda witabiye Imana hanze yarwo hatangajwe aho azashyingurwa

Umwana w’Umwami watwaye u Rwanda witabiye Imana hanze yarwo hatangajwe aho azashyingurwa

by radiotv10
05/11/2025
0

Igikomangoma Spéciose Mukabayojo Bideri, akaba umwana w’Umwami Yuhi V Musinga, uherutse kwitabira Imana muri Kenya aho yabaga, byemejwe ko azashyingurwa...

Eng.-Child of King Yuhi V Musinga who once ruled Rwanda has passed away

Eng.-Daughter of Rwanda’s former King passed away in Kenya, burial set in Rwanda

by radiotv10
05/11/2025
0

Princess Spéciose Mukabayojo Bideri, the daughter of King Yuhi V Musinga who once ruled Rwanda, has passed away in Kenya,...

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Uko umugabo yisobanura ku cyaha cyo gusambanya kenshi umwana we yibyariye w’imyaka itandatu

by radiotv10
05/11/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi ukurikiranyweho gusambanya mu bihe bitandukanye umwana we w’imyaka itandatu, yemera...

IZIHERUKA

Uruganda rwahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje ibitoki rwatahuweho ibiteye impungenge
MU RWANDA

Uruganda rwahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje ibitoki rwatahuweho ibiteye impungenge

by radiotv10
05/11/2025
0

Hazamutse impaka kubera umugabo wagaragaye akorera Perezidante wa Mexico ibyo kumwubahuka

Hazamutse impaka kubera umugabo wagaragaye akorera Perezidante wa Mexico ibyo kumwubahuka

05/11/2025
Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

05/11/2025
Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku myitozo MONUSCO yahaye FARDC yo gukoresha intwaro rutura

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku myitozo MONUSCO yahaye FARDC yo gukoresha intwaro rutura

05/11/2025
Ibyibanzweho mu kiganiro Minisitiri wa Siporo yagiranye n’abakiniye Ikipe y’Igihugu

Ibyibanzweho mu kiganiro Minisitiri wa Siporo yagiranye n’abakiniye Ikipe y’Igihugu

05/11/2025
Umwana w’Umwami watwaye u Rwanda witabiye Imana hanze yarwo hatangajwe aho azashyingurwa

Umwana w’Umwami watwaye u Rwanda witabiye Imana hanze yarwo hatangajwe aho azashyingurwa

05/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uruganda rwahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje ibitoki rwatahuweho ibiteye impungenge

Hazamutse impaka kubera umugabo wagaragaye akorera Perezidante wa Mexico ibyo kumwubahuka

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.