Thursday, December 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umudepite wari uhagarariye urubyiruko rw’u Rwanda yeguye aba uwa gatatu mu mezi abiri

radiotv10by radiotv10
29/12/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Umudepite wari uhagarariye urubyiruko rw’u Rwanda yeguye aba uwa gatatu mu mezi abiri
Share on FacebookShare on Twitter

Undi Mudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda wayinjiyemo ahagarariye urubyiruko, yeguye ku mpamvu ze bwite, aba uwa gatatu weguye mu gihe kitageze ku mezi abiri.

Umudepite weguye kuri iyi nshuro, ni Kamanzi Ernest wari winjiye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ahagarariye urubyiruko.

Kamanzi abaye Umudepite wa gatatu weguye mu gihe kitageze ku mezi abiri nyuma Mbonimana Gamariel weguye tariki 14 Ugushyingo 2022.

Uyu Mbonimana Gamariel yeguye nyuma yuko agarutsweho na Perezida Paul Kagame mu ijoro ryo ku ya 11 Ugushyingo 2022, avuga ko Abapolisi bafashe uyu wari Intumwa ya rubanda atwaye imodoka yasinze bikabije.

Undi wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda witwa Jean Pierre Celestin Habiyaremye na we yeguye tariki 21 Ugushyingo 2022.

Uyu Jean Pierre Celestin Habiyaremye we yeguye nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amashusho amugaragaza ari guharira n’Abapolisi bari bamufatiye mu makosa.

Izi ntumwa za rubanda zose zeguye mu bihe bitandukanye bitageze ku mezi abiri, zanditse zigaragaza ko zeguye ku mpamvu zabo bwite.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − 16 =

Previous Post

I Kigali hazakorwa igikorwa cyo kwishimira umwaka cyatumye abahatuye bagira icyo basabwa

Next Post

Hatanzwe amakuru arambuye ku ndege y’intambara ya Congo yavogereye u Rwanda ubugirakabiri izuba riva

Related Posts

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

IZIHERUKA

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye
FOOTBALL

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

25/12/2025
Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hatanzwe amakuru arambuye ku ndege y’intambara ya Congo yavogereye u Rwanda ubugirakabiri izuba riva

Hatanzwe amakuru arambuye ku ndege y’intambara ya Congo yavogereye u Rwanda ubugirakabiri izuba riva

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.