Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba

radiotv10by radiotv10
15/10/2021
in MU RWANDA
0
Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba
Share on FacebookShare on Twitter

Tariki ya 15 Ukwakira ni umunsi abatuye usi bise basabwa kuzirikana akamaro ko gukaraba intoki.


By’umwihariko muri uyu mwaka, u Rwanda ndetse n’isi yose ihanganye n’icyorezo cya COVID-199, gukaraba intoki n’amazi meza ndetse n’isabune ni intwaro ikomeye yo kwirinda iki chorizo.

Gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune iyo bikozwe neza mu gihe gikwiye birinda indara nyinshi cyane iziterwa n’umwanda ndetse n’izindi zishobora kuveza no ku rupfu
.
N’ubwo bimeze gutyo ariko 18% by’abatuye isi yose ni ukuvuga abangana na miliyari 1.37 ntibabona ibikoresho bifashisha mu gukaraba intoki mu ngo zabo.
WHO UNICEF bavuga ko abantu 3 mu 10 baba batabasha kubona ibisabwa ngo bakare intoki neza ugebdeye ku ngamba zihari ngo bizagera mu 2030 nubundi bikimeze gutya, icyakora bavuga ko mugihe hakongerwa imbaraga mu gufasha abadafite ubushobozi byagabanya indwara zituruka ku mwanda ndetse bikongera mu musaruro mu bijyanye n’hbukungu uba witezwe ku batufage batandukanye bo muri ibyo bihugu.

Kuri uyu munsi, umuyobozi wa waterAid Olutayo Bankole-Bolawole avuga ko gukaraba intoki neza byatanga umusaruro mwiza bigateza imbere inzego z’ubuzima, uburezi n’izindi zitandukanye igihugu kiba cyubakiyeho.
yagize ati “Ntibikwiye, za guverinoma zigomba gutegereza ibindi byorezo mbere yo gushyira imbaraga mu nzego z’ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage bacu ndetse no gusigasira ubukungu binyuze mu kugira umuco w’isuku ndetse no korohereza abaturage kubona amazi meza ndetse n’isabune ku baturage bacu bo muri Afurika y’iburasirazuba”

Ubu kimwe cya kabiri cy’abicwa n’indwara za diyare (diarrhoea) ndetse n’izo mu myanya y’ubuhumekero biba bishoboka ko zirindwa. naho umwe mu bantu icumi ntaba afite amazi hafi ye ku isi yose .
Inkuru ya Denise Mbabazi Mpambara/Radio&TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 7 =

Previous Post

Ndabizeza ko amakosa nakoze atazongera- Tweet ya mbere ya Dr.Damien avuye muri Gereza

Next Post

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Related Posts

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

by radiotv10
24/12/2025
0

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambique, yasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mocímboa da Praia,...

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru uri mu bamaze igihe bakora itangazamakuru mu Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga...

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri, abaturage bo mu Karere ka Rutsiro na Rubavu batabaje kubera ikibazo cy’umugezi wa Bihongora ugabanya...

IZIHERUKA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules
MU RWANDA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.