Tuesday, January 27, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba

radiotv10by radiotv10
15/10/2021
in MU RWANDA
0
Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba
Share on FacebookShare on Twitter

Tariki ya 15 Ukwakira ni umunsi abatuye usi bise basabwa kuzirikana akamaro ko gukaraba intoki.


By’umwihariko muri uyu mwaka, u Rwanda ndetse n’isi yose ihanganye n’icyorezo cya COVID-199, gukaraba intoki n’amazi meza ndetse n’isabune ni intwaro ikomeye yo kwirinda iki chorizo.

Gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune iyo bikozwe neza mu gihe gikwiye birinda indara nyinshi cyane iziterwa n’umwanda ndetse n’izindi zishobora kuveza no ku rupfu
.
N’ubwo bimeze gutyo ariko 18% by’abatuye isi yose ni ukuvuga abangana na miliyari 1.37 ntibabona ibikoresho bifashisha mu gukaraba intoki mu ngo zabo.
WHO UNICEF bavuga ko abantu 3 mu 10 baba batabasha kubona ibisabwa ngo bakare intoki neza ugebdeye ku ngamba zihari ngo bizagera mu 2030 nubundi bikimeze gutya, icyakora bavuga ko mugihe hakongerwa imbaraga mu gufasha abadafite ubushobozi byagabanya indwara zituruka ku mwanda ndetse bikongera mu musaruro mu bijyanye n’hbukungu uba witezwe ku batufage batandukanye bo muri ibyo bihugu.

Kuri uyu munsi, umuyobozi wa waterAid Olutayo Bankole-Bolawole avuga ko gukaraba intoki neza byatanga umusaruro mwiza bigateza imbere inzego z’ubuzima, uburezi n’izindi zitandukanye igihugu kiba cyubakiyeho.
yagize ati “Ntibikwiye, za guverinoma zigomba gutegereza ibindi byorezo mbere yo gushyira imbaraga mu nzego z’ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage bacu ndetse no gusigasira ubukungu binyuze mu kugira umuco w’isuku ndetse no korohereza abaturage kubona amazi meza ndetse n’isabune ku baturage bacu bo muri Afurika y’iburasirazuba”

Ubu kimwe cya kabiri cy’abicwa n’indwara za diyare (diarrhoea) ndetse n’izo mu myanya y’ubuhumekero biba bishoboka ko zirindwa. naho umwe mu bantu icumi ntaba afite amazi hafi ye ku isi yose .
Inkuru ya Denise Mbabazi Mpambara/Radio&TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − five =

Previous Post

Ndabizeza ko amakosa nakoze atazongera- Tweet ya mbere ya Dr.Damien avuye muri Gereza

Next Post

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Related Posts

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye, abarimo Prof. Dong-Sup Yoon usanzwe ari Perezida wa Yonsei University, Kaminuza yo muri...

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

by radiotv10
27/01/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda yamaze gutanga ikirego mu Rukiko Ruhoraho rushinzwe Ubukemurampaka, iregamo iy’u Bwongereza nyuma yo guhagarika amasezerano Ibihugu byombi...

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

by radiotv10
27/01/2026
0

Brigadier General Godfrey Gasana wahoze ari Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere akaba aherutse kugirwa Umupilote wihariye wa Perezida wa...

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza, Bill na Joyce Cummings; ndetse n’abagira uruhare...

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

by radiotv10
27/01/2026
0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta, bari mu bukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho, zirimo...

IZIHERUKA

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi
IMYIDAGADURO

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

27/01/2026
Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

27/01/2026
Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

27/01/2026
AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Igisubizo AFC/M23 ihaye abayisaba kurekura ibice yafashe

27/01/2026
Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

27/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.