Friday, May 9, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyamakuru uzwi kuri YouTube mu Rwanda biravugwa ko yamaze kwinjira mu muziki

radiotv10by radiotv10
31/10/2022
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Umunyamakuru uzwi kuri YouTube mu Rwanda biravugwa ko yamaze kwinjira mu muziki
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago uzwi cyane mu biganiro bitambuka kuri YouTube, hari amakuru avuga ko yamaze kwinjira mu muziki ndetse ko ari hafi gushyira hanze umuzingo [Album] we wa mbere.

Amakuru yizewe agera kuri RADIOTV10 mu ishami ry’imyidagaduro, avuga ko Yago usanzwe azwi mu biganiro byo kuri YouTube, amaze igihe akora umuziki ariko bucece.

Uwaduhaye amakuru yagize ati “Abantu bazi Yago, barabizi ko yari afite n’indirimbo nyinshi ndetse hari n’iyo yakoreye Amalon yitwa Tequila.”

Yago umaze iminsi yakiriye undi munyamakuru kuri Yago TV basigaye bakorana, yiyambaje uyu munyamakuru mushya kugira ngo abashe gukora izo ndirimbo ze zizasohoka kuri album ye yitegura gushyira hanze.

Uyu waduhaye amakuru, avuga ko indirimbo ya mbere ya Yago iteganyijwe kujya hanze, yitwa Suwejo akaba anamaze iminsi asa nk’uyirarikira abantu mu butumwa ashyira ku mbuga nkoranyambaga ze.

Indirimbo z’uyu Munyamakuru winjiye mu by’ubuhanzi, inyinshi zatunganyijwe na Producer Element ugezweho mu Rwanda.

Ku mbuga nkoranyambaga z’uyu munyamakuru Yago, akunze gushyiraho amashusho ari gusubiramo indirimbo z’abandi bahanzi, ndetse bamwe mu bamukurikira bagashyiraho ibitekerezo bisa nk’ibimubwira ko yari akwiye kwibera umuhanzi kubera ubuhanga afite mu kuririmba.

Yago biravugwa ko agiye kwinjira mu muziki

RADIOTV10

Comments 1

  1. Manzi abutuaribu says:
    3 years ago

    Kkabx byaba ari byza cyne yego agiye mumuziki wallah . Kimirantare number one

    Reply

Leave a Reply to Manzi abutuaribu Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 1 =

Previous Post

Goma: Bongeye kwirara mu mihanda n’umujinya w’umuranduranzuzi bamagana u Rwanda

Next Post

MONUSCO yeruye ko itazatererana FARDC mu rugamba

Related Posts

Umuryango w’ikirangirire Rihanna washyize hanze inkuru y’ibyishimo witegura yatunguye benshi

Umuryango w’ikirangirire Rihanna washyize hanze inkuru y’ibyishimo witegura yatunguye benshi

by radiotv10
06/05/2025
0

Umuhanzikazi w’ikirangirire, Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna, we n’umugabo we A$AP Rocky baritegura kwibaruka umwana wa gatatu, uje agwa...

Umuhangamideri Moses Turahirwa kuva yakongera gutabwa muri yombi yongeye kugaragara

Umuhangamideri Moses Turahirwa kuva yakongera gutabwa muri yombi yongeye kugaragara

by radiotv10
06/05/2025
0

Turahirwa Moses uzwi mu ruganda rwo guhanga imideri wanashinze inzu ya Moshions, akaba aherutse kongera gutabwa muri yombi ku nshuro...

Seven tips for a happy marriage

Seven tips for a happy marriage

by radiotv10
05/05/2025
0

There are so many ways one could sustain a relationship with their partner to build a happy marriage and a...

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

Amagambo aryohereye Umuhanzikazi Vestine yakoresheje ataka umugabo we yanagaragaje itariki y’ubukwe bwabo

by radiotv10
05/05/2025
0

Umuhanzikazi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yashyize hanze itariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we w'Umunya-Burkina Faso Ouedraogo, yongera...

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

by radiotv10
02/05/2025
0

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine uhuriye mu itsinda rimwe n’umuvandimwe Dorcas, yamaze kongera izina ry’umugabo we...

IZIHERUKA

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi
AMAHANGA

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

by radiotv10
09/05/2025
0

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

09/05/2025
Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

09/05/2025
Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MONUSCO yeruye ko itazatererana FARDC mu rugamba

MONUSCO yeruye ko itazatererana FARDC mu rugamba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.