• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyamideri w’ikirangirire yaserukanye umushanana w’i Rwanda mu birori bikomeye ku Isi

radiotv10by radiotv10
03/05/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, UDUSHYA
0
Umunyamideri w’ikirangirire yaserukanye umushanana w’i Rwanda mu birori bikomeye ku Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Ibirori bikomeye ku Isi bizwi nka Met Gala 2023, byabereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, bikomeje kuvugisha benshi, aho bamwe bagaruka ku byanyuze benshi birimo Umunyamideri w’ikirangirire Naomi Campbell waje yambaye umushanana.

Ni ibirori byabereye i New York mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abahanzi n’abanyamideli.

Umunyamideli w’Umwongerezakazi Naomi Campbell yaserukanye umushanana usa n’uwa Kinyarwanda muri ibi birori.

MetGala2023 Insanganyamatsiko y’uyu mwaka abitabiriye ibi birori bari basabwe kwambara imyenda yo kunamira umunyamideli w’Umudage Lagerfeld wapfuye 2019.

Bamwe mu bitabiriye ibi birori bahisemo kwambara berekeza ku njangwe yakundwaga cyane n’uyu munyamideli w’umudage yitwa Choupette yakundaga kwambika amadarubindi ye y’izuba.

Gusa iyi njangwe Choupete yiseguye ku bantu kuri Instagram ko itabashije kwitabirira ibi birori.

Ibirori bya Met Gala ni ibirori by’imideli byatangiye mu 1948, biba buri mwaka buri wa mbere wa mbere w’ukwezi kwa Gicurasi, bikabera ahitwa Metropolitan, mu nzu ndangamateka y’ubugeni i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Imyambarire ya Naomi Campbell yanyuze benshi

Esther FIFI UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 3 =

Previous Post

U Rwanda rwaje mu myanya yo mu bushorishori ku Isi mu Bihugu byagize itumbagira rikabije ry’ibiciro

Next Post

Muri Football nyarwanda hafashwe icyemezo ku bw’ibyago byabaye mu Rwanda

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Muri Football nyarwanda hafashwe icyemezo ku bw’ibyago byabaye mu Rwanda

Muri Football nyarwanda hafashwe icyemezo ku bw’ibyago byabaye mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.