Friday, January 9, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umusore w’ibigango ucungira umutekano abasitari mu Rwanda yahuye n’isanganya

radiotv10by radiotv10
16/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Umusore w’ibigango ucungira umutekano abasitari mu Rwanda yahuye n’isanganya
Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu basore b’ibigango bacungira umutekano ibyamamare mu Rwanda, yahuye n’uruva gusenya ubwo yatahaga avuye mu kazi, yagera iwe agasanga inzu abamo iri gukongoka.

Uyu mucungamutekano [Bouncer] witwa James Itangishaka usanzwe arindira umutekano abo muri Label ya The Mane, yahuye n’iri sanganya kuri iki Cyumweru tariki 15 Mutarama 2023 ubwo yatahaga ananiwe azi ko agiye kuruhuka agasanga inzu ye iri gushya.

Ni inyubako iherere mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yahiye irakongoka ndetse yangirikiramo ibyari biyirimo byose.

James avuga ko kuri iki Cyumweru yari yabyutse mu cya kare yerecyeza mu Karere ka Muhanga mu kazi gasanzwe, ubwo yahinduraga atashye agasanga iwe byadogereye.

Yagize ati “Nageze mu rugo ntungurwa no kuhasanga abantu benshi bashungereye bareba inzu mbamo iri gushya.”

Ibyari mu iyi nzu byose yaba ibikoresho byo mu nzu nk’intebe ndetse n’ibindi byose byahiye bigakongoka, dore ko iyi nzu yari iri mu gipangu cyayo cyonyine.

Itangishaka ni umwe mu bacungira umutekano abo muri The Mane
Inzu ye yahiye irakongoka

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 1 =

Previous Post

DRC: Icyemezo cyafatiwe M23 hari abacyuririyeho batabariza ingagi

Next Post

Hamenyekanye icyatumye isomwa ry’urubanza rwa Bamporiki risubikwa

Related Posts

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

by radiotv10
09/01/2026
0

Many people associate weekends with spending money, eating out, shopping, traveling, or entertainment. But enjoying your weekend doesn’t have to...

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

by radiotv10
09/01/2026
0

Umunyamideri Isimbi Vestine uzwi nka Isimbi Model wari uherutse kugaragaza amafoto yenda kwibaruka, yagaragaje amashimwe yuko yibarutse umwana we n’umugabo...

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

by radiotv10
09/01/2026
0

Have you ever noticed how your parents’ old clothes suddenly look trendy again? One day it’s flared jeans, the next...

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

by radiotv10
08/01/2026
0

Umunyamakuru Kayitesi Yvonne wamamaye nka Tessy n’umuhanzi w’umuraperi Shizzo, bamaze igihe mu munyenga w’urukundo, basezeranye imbere y’amategeko. Aba bombi bamaze...

Umunyasudanikazi uvuga Ikinyarwanda adategwa wihebeye u Rwanda yavuze ibintu bitatu arukundira

Umunyasudanikazi uvuga Ikinyarwanda adategwa wihebeye u Rwanda yavuze ibintu bitatu arukundira

by radiotv10
08/01/2026
0

Umunyasudanikazi Nyakuecky William wamaze kwibatiza akazina ka Gaju, uba mu Rwanda, uvuga ko yanamaze kuba Umunyarwandakazi, yavuze ibintu bitatu akunda...

IZIHERUKA

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo
FOOTBALL

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

09/01/2026
VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

09/01/2026
How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hamenyekanye icyatumye isomwa ry’urubanza rwa Bamporiki risubikwa

Hamenyekanye icyatumye isomwa ry’urubanza rwa Bamporiki risubikwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.