Friday, June 13, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5

radiotv10by radiotv10
05/06/2022
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangije amahugurwa y’iminsi itanu y’urubyiruko rw’abakorerabushake rw’Intara y’Amajyaruguru, mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi y’Igihugu i Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Mu ijambo rifungura aya mahugurwa, Minisitiri Gatabazi yashimiye uru rubyiruko uruhare rwagize mu guhangana cya COVID19.  Yanbashishikarije kugira imyumvire myiza itarangwa n’urujijo kandi bikagendana n’ikinyabupfura, gukunda igihugu, kwitanga no kudacogora hagaharanirwa ko buri Munyarwanda azamuka.

Yagize ati: “Ubuzima ntibukwiye kuba gatebe gatoki ahubwo bukwiye gukomeza kuko ni byo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika atwifuriza, ubuyobozi bwacu ni ubuyobozi bwifuriza buri Munyarwanda wese ko azamuka.”

Urubyiruko-rwabakorerabushake-rwo-mu-Ntara-yAmajyaruguru-ruri-mu-mahugurwa-i-Gishari-rwasabwe-gukomeza-kuba-hafi-abaturage

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 04 Kamena mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, urubyyiruko rukaba rushimirwa kuba ruagikomeje kugira uruhare mu bikorwa bitandukanye.

Minisitiri  Gatabazi yabasabye Kwita ku mutekano w’igihugu, uw’abantu n’ibyabo mu rwego rwo guharanira umutekano usesuye mu Ntara y’Amajyaruguru izwiho kwakira ba mukerarugendo benshi, kuba umusemburo w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’iterambere ryabo, gufatanya n’ubuyobozi kurwanya isuri.

Guverineri-wIntara-yAmajyaruguru-Nyirarugero-Dancille

Gufasha abaturage kugira isuku aho batuye no ku mubiri, gufatanya n’ubuyobozi gusubiza abana ku ishuri, gushishikariza imiryango gusezerana, kwirinda ubuharike no kubyara abo bashoboye kurera mu rwego rwo guhangana n’amakimbirane n’ibindi bibazo bibikomokaho no kwimakaza umuco wa Siporo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × two =

Previous Post

USA : Umwiyahuzi yarasha ku bantu, babiri bahita bahasiga ubuzima

Next Post

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Related Posts

Kazungu wifuza gusubira muri Sosiyete nyarwanda yahishuye icyamushoye mu bwicanyi

Kazungu wifuza gusubira muri Sosiyete nyarwanda yahishuye icyamushoye mu bwicanyi

by radiotv10
13/06/2025
0

Mu rubanza rw’ubujurire, Kazungu Denis wiyemereye kwica abantu barenga 10 babonetse bashyinguye iwe, yatakambiye Urukiko ngo rumugabanyirize igihano cya burundu...

Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Muhanga yavuze ku guhagarika izi nshingano n’icyabimuteye

Uruganda rwakoragamo umukozi wapfiriye mu kazi rwagize icyo rwizeza ubuyobozi

by radiotv10
13/06/2025
0

Ubuyobozi bw’uruganda ‘Basile Industries ltd’ ruherereye mu Karere ka Muhanga, rwakoragamo umukozi wishwe n’imashini yakoreshaga, rwizeje ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ko...

Bwa mbere ingengo y’imari y’u Rwanda yageze muri Miliyari 7.000Frw: Menya iby’ingenzi azashyirwamo

Bwa mbere ingengo y’imari y’u Rwanda yageze muri Miliyari 7.000Frw: Menya iby’ingenzi azashyirwamo

by radiotv10
13/06/2025
0

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yemeje ishingiro ry’Umushinga w’Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025-2026 wa miliyari 7 032 Frw, ugaragaza ubwiyongere...

Umusore wari wanditse kuri WhatsApp ko hari icyo yishinja yabonetse yapfuye

Umusore wari wanditse kuri WhatsApp ko hari icyo yishinja yabonetse yapfuye

by radiotv10
12/06/2025
0

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, wari wanyujije ubutumwa kuri WhatsApp ko yishinja...

Ingorane z’umwana wavukanye ibitsina bibiri n’imikorere yabyo iteye urujijo

Ingorane z’umwana wavukanye ibitsina bibiri n’imikorere yabyo iteye urujijo

by radiotv10
12/06/2025
0

Umwana w’imyaka icyenda (9) wo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, wavutse afite ibitsina bibiri, byamusibiye amayira ku...

IZIHERUKA

Igisirikare cya Israel kikomanze mu gatuza ko kivuganye Abajenerali batatu bakomeye b’ikindi Gihugu
AMAHANGA

Igisirikare cya Israel kikomanze mu gatuza ko kivuganye Abajenerali batatu bakomeye b’ikindi Gihugu

by radiotv10
13/06/2025
0

Umuhanzi Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye k’ibyago byo gupfusha umubyeyi

Umuhanzi Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye k’ibyago byo gupfusha umubyeyi

13/06/2025
Uwari kapiteni wa Rayon aragiye: Iby’ingenzi wamenya ku ikipe yerecyejemo hanze y’u Rwanda

Uwari kapiteni wa Rayon aragiye: Iby’ingenzi wamenya ku ikipe yerecyejemo hanze y’u Rwanda

13/06/2025
Kazungu wifuza gusubira muri Sosiyete nyarwanda yahishuye icyamushoye mu bwicanyi

Kazungu wifuza gusubira muri Sosiyete nyarwanda yahishuye icyamushoye mu bwicanyi

13/06/2025
Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Muhanga yavuze ku guhagarika izi nshingano n’icyabimuteye

Uruganda rwakoragamo umukozi wapfiriye mu kazi rwagize icyo rwizeza ubuyobozi

13/06/2025
Bwa mbere ingengo y’imari y’u Rwanda yageze muri Miliyari 7.000Frw: Menya iby’ingenzi azashyirwamo

Bwa mbere ingengo y’imari y’u Rwanda yageze muri Miliyari 7.000Frw: Menya iby’ingenzi azashyirwamo

13/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Igisirikare cya Israel kikomanze mu gatuza ko kivuganye Abajenerali batatu bakomeye b’ikindi Gihugu

Umuhanzi Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye k’ibyago byo gupfusha umubyeyi

Uwari kapiteni wa Rayon aragiye: Iby’ingenzi wamenya ku ikipe yerecyejemo hanze y’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.