Saturday, June 7, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

VOLLEYBALL: Ntagengwa Oliver ntari mu bakinnyi bakomeza imyiteguro y’igikombe cya Afurika

radiotv10by radiotv10
16/08/2021
in SIPORO
0
VOLLEYBALL: Ntagengwa Oliver ntari mu bakinnyi bakomeza imyiteguro y’igikombe cya Afurika
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva tariki 15-20 Nzeri 2021 muri Kigali Arena hazabera imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika muri Volleyball. munya-Brazil, Paulo De Tarso Milagres wahawe akazi ko kuba umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda (abagabo & abagabo) yasohoye urutonde rw’abakinnyi 20 batyaye bagomba gukomeza imyitozo. Ntagengwa Olivier ntari mu bakinnyi bemeje umutoza mu myitozo bamazemo iminsi.

Ntagengwa Olivier ni umwe mu bakinnyi bakomeye muri Volleyball bamaze kubaka izina ndetse bari no mu cyiciro cy’abakinnyi bamaze igihe mu ikipe y’igihugu. Gusa kuri ubu ntari mu bakinnyi 20 umutoza yasigaranye mu mwiherero mu cyiciro cy’abagabo.

Abakinnyi 20, umutoza Paulo De Tarso Milagres yahisemo ko bakomeza imyitozo ni; Nsabimana Mahoro Ivan, Ndayisaba Sylvestre, Ngaboyintwari Cedric, Kanamugire Prince, Muvara Ronald, Sibomana Placide Madison, Dusabimana Vincent, Nkurunziza John, Karera Emile, Rwigema Simon, Yakan Guma Lawrence, Dusenge Wickliff, Niyogisubizo Samuel, Mutabazi Yves, Nelson Murangwa, Mukunzi Christophe, Gisubizo Merci, Akumuntu Kavalo Patrick, Ndahayo Dieu Est La na Flavien Ndamukunda.

Image

Ntagengwa Olivier ntari mu bakinnyi basigaye mu mwiherero

Mu cyiciro cy’abagore nabo bazakira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika, umutoza Paulo De Tarso Milagres yakoze urutonde rw’abakinnyi 18 bagomba kuzavamo 12 ba nyuma bazakina irushanwa nyirizina.

Abakinnyi basigaye mu mwiherero ni; Igihozo Cyuzuzo Yvette, Uwamariya Jacqueline, Ndagijimana Iris, Hakizimana Judith, Nyirarukundo Christine, Nzayisenga Charlotte, Yankurije Francoise, Uwamahoro Beatrice, Mukantambara Seraphine, Munezero Valentine, Uwiringiyimana Albertine, Dusabe Flavia, Mukandayisenga Benitha, Akimanizanye Ernestine, Nyirahabimana Divine, Musaniwabo Hope na Niyomukesha Euphrance.

Image

Igihozo Cyuzuzo Yvette kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abagore ikina Volleyball

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 5 =

Previous Post

#2022FIFAWC: Abanya-Mauritania bayobowe na Dahane Beïda nibo bazasifura umukino w’u Rwanda na Mali

Next Post

Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Related Posts

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

by radiotv10
06/06/2025
0

Myugairo Gabriel Magalhães wa Arsenal FC, yongereye amasezerano muri iyi kipe azageza 2029, yavuze ko yishimiye kuguma muri iyi kipe,...

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

by radiotv10
05/06/2025
0

Abakinnyi b’abanyamahanga bakinira Rayon Sports FC bari bamaze igihe bataka kudahabwa amatike y’indege abasubiza iwabo mu biruhuko bizejwe kuyahabwa, ndetse...

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

by radiotv10
04/06/2025
0

Manishimwe Djabel uherutse guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi ariko akangirwa kwinjira muri Algeria, yatanze umucyo ku cyatumye inzego...

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

by radiotv10
04/06/2025
0

Niyibizi Ramadhan ukinira ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi, uri gusoza amasezerano ye muri APR FC, yahawe ubutumire n'ikipe  yo mu...

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

by radiotv10
03/06/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko bitewe n’impamvu ridashobora kugira icyo rihinduraho, irushanwa ryo Kwibuka ryari riteganyijwe...

IZIHERUKA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel
MU RWANDA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

by radiotv10
06/06/2025
0

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

06/06/2025
Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

06/06/2025
Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

06/06/2025
Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

05/06/2025
Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

05/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.