Monday, May 12, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

VOLLEYBALL: Ntagengwa Oliver ntari mu bakinnyi bakomeza imyiteguro y’igikombe cya Afurika

radiotv10by radiotv10
16/08/2021
in SIPORO
0
VOLLEYBALL: Ntagengwa Oliver ntari mu bakinnyi bakomeza imyiteguro y’igikombe cya Afurika
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva tariki 15-20 Nzeri 2021 muri Kigali Arena hazabera imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika muri Volleyball. munya-Brazil, Paulo De Tarso Milagres wahawe akazi ko kuba umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda (abagabo & abagabo) yasohoye urutonde rw’abakinnyi 20 batyaye bagomba gukomeza imyitozo. Ntagengwa Olivier ntari mu bakinnyi bemeje umutoza mu myitozo bamazemo iminsi.

Ntagengwa Olivier ni umwe mu bakinnyi bakomeye muri Volleyball bamaze kubaka izina ndetse bari no mu cyiciro cy’abakinnyi bamaze igihe mu ikipe y’igihugu. Gusa kuri ubu ntari mu bakinnyi 20 umutoza yasigaranye mu mwiherero mu cyiciro cy’abagabo.

Abakinnyi 20, umutoza Paulo De Tarso Milagres yahisemo ko bakomeza imyitozo ni; Nsabimana Mahoro Ivan, Ndayisaba Sylvestre, Ngaboyintwari Cedric, Kanamugire Prince, Muvara Ronald, Sibomana Placide Madison, Dusabimana Vincent, Nkurunziza John, Karera Emile, Rwigema Simon, Yakan Guma Lawrence, Dusenge Wickliff, Niyogisubizo Samuel, Mutabazi Yves, Nelson Murangwa, Mukunzi Christophe, Gisubizo Merci, Akumuntu Kavalo Patrick, Ndahayo Dieu Est La na Flavien Ndamukunda.

Image

Ntagengwa Olivier ntari mu bakinnyi basigaye mu mwiherero

Mu cyiciro cy’abagore nabo bazakira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika, umutoza Paulo De Tarso Milagres yakoze urutonde rw’abakinnyi 18 bagomba kuzavamo 12 ba nyuma bazakina irushanwa nyirizina.

Abakinnyi basigaye mu mwiherero ni; Igihozo Cyuzuzo Yvette, Uwamariya Jacqueline, Ndagijimana Iris, Hakizimana Judith, Nyirarukundo Christine, Nzayisenga Charlotte, Yankurije Francoise, Uwamahoro Beatrice, Mukantambara Seraphine, Munezero Valentine, Uwiringiyimana Albertine, Dusabe Flavia, Mukandayisenga Benitha, Akimanizanye Ernestine, Nyirahabimana Divine, Musaniwabo Hope na Niyomukesha Euphrance.

Image

Igihozo Cyuzuzo Yvette kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abagore ikina Volleyball

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 − seven =

Previous Post

#2022FIFAWC: Abanya-Mauritania bayobowe na Dahane Beïda nibo bazasifura umukino w’u Rwanda na Mali

Next Post

Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Related Posts

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

by radiotv10
09/05/2025
0

Abazitabira imikino nyafurika ya BAL 2025, bazasusurutswa n’abahanzi barimo uzwi ku Mugabane wa Afurika, King Promise wamenyekanye mu ndirimbo nka...

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

by radiotv10
08/05/2025
0

Ikipe ya AS Muhanga yaherukaga mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda muri 2014 na Gicumbi FC yagiherukagamo muri...

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

by radiotv10
08/05/2025
0

Ubuyozi bw’Umujyi wa Kigali, bugiye gukuraho inkunga bwahaga andi makipe azwi muri ruhago nyarwanda nka Kiyovu Sports na Gasogi United,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

by radiotv10
07/05/2025
0

Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports, Ombolenga Fitina yandikiye iyi kipe iherutse kumugura, ayisaba ko basesa amasezerano kubera kutubahiriza...

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

by radiotv10
07/05/2025
0

Ndayishimiye Thierry wakinaga mu bwugarizi bw’ikipe ya AS Kigali, yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, aho yerecyeje ku Mugabane w’u...

IZIHERUKA

Ingabo za SADC zari zaragiye gufasha FARDC zongeye gucisha mu Rwanda ibirimo ibifaru
MU RWANDA

Ingabo za SADC zari zaragiye gufasha FARDC zongeye gucisha mu Rwanda ibirimo ibifaru

by radiotv10
12/05/2025
0

Ngoma: Hatanzwe umucyo kuri farumasi yafunze bigasiga mu rujijo abayikoreshaga

Ngoma: Hatanzwe umucyo kuri farumasi yafunze bigasiga mu rujijo abayikoreshaga

12/05/2025

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

12/05/2025
Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Nigeria: Igitero cy’abakirisitu cyahitanye abayisalamu 22

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Ingabo za SADC zari zaragiye gufasha FARDC zongeye gucisha mu Rwanda ibirimo ibifaru

Ngoma: Hatanzwe umucyo kuri farumasi yafunze bigasiga mu rujijo abayikoreshaga

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.