Friday, October 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda

radiotv10by radiotv10
10/09/2021
in SIPORO
0
VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda
Share on FacebookShare on Twitter

Mutabazi Yves umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball yongeye kugaragaza ko ari umukinnyi wo  guhanga amaso mu mikino y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu kiri kubera mu Rwanda ubwo yafashaga u Rwanda gutsinda Burkina Faso amaseti 3-0 (25-14,25-20,25-16).

Muri uyu mukino, Mutabazi Yves yatsinze amanota 20 arimo amanota atandatu yavuye muri serivisi n’andi 14 yavuye mu gukora ubwugarizi buganisha ku mucyeba (blocks).

Mutabazi waherukaga kuba umukinnyi w’umukino ubwo u Rwanda rwatsindaga u Burundi (3-0), yongeye kuba umukinnyi w’umukino wahuje u Rwanda na Burkina Faso nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kibuga.

U Rwanda ruri mu itsinda rya mbere (A) kumwe na Uganda, Burundi & Burkina Faso. U Rwanda na Uganda nibyo bihugu byamaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza muri iri tsinda ariko ibi bihugu bikaba bigomba kwihurira kuri uyu wa gatanu kugira ngo haboneke igihugu kizamuka kiyoboye itsinda.

Muri rusange ibihugu bitandatu bimaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza ni; Rwanda na Uganda (A), Tunisia (B), Cameron & DR Congo (C) na Moroccco. Kuri ubu hasigaye ibihugu bibiri.

Image

Mutabazi Yves akomeje kwerekana ko ashoboye umukino wa Volleyball mpuzamahanga

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 1 =

Previous Post

Nkinzingabo Fiston yasinye muri Kiyovu SC

Next Post

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

Related Posts

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

by radiotv10
17/10/2025
0

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Bizimana Djihad, yagaragaje ko na bo batishimiye umusaruro babonye mu mikino baherutse gukina, ariko ko basezeranya...

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

by radiotv10
17/10/2025
0

Rutahizamu Fall Ngagne wa Rayon Sports wayifashije mu mwaka w'imikino ushize agashimisha abafana bayo, wari umaze amezi 10 mu mvune,...

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
16/10/2025
0

Ikipe ya Police FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda imaze gukinwa iminsi itatu, yatandukanye na Muhadjiri Hakizimana wari...

Amahirwe y’Amavubi yo kujya mu cy’Isi birangiye abuze burundu

Nyuma yuko Amavubi yongeye gutenguha Abanyarwanda harakurikiraho iki?

by radiotv10
16/10/2025
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yatangaje ko nyuma yuko Ikipe y’Igihugu itsinzwe imikino ibiri yikurikiranya, hagiye gushakwa uburyo hategurwa...

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

by radiotv10
14/10/2025
0

Manishimwe Djabel wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC yanabereye kapiteni, wari umaze igihe yaragiye...

IZIHERUKA

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu
MU RWANDA

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

by radiotv10
17/10/2025
0

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

17/10/2025
Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

17/10/2025
Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

17/10/2025
Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

17/10/2025
Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

17/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b'abatoza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.