Monday, January 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda

radiotv10by radiotv10
10/09/2021
in SIPORO
0
VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda
Share on FacebookShare on Twitter

Mutabazi Yves umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball yongeye kugaragaza ko ari umukinnyi wo  guhanga amaso mu mikino y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu kiri kubera mu Rwanda ubwo yafashaga u Rwanda gutsinda Burkina Faso amaseti 3-0 (25-14,25-20,25-16).

Muri uyu mukino, Mutabazi Yves yatsinze amanota 20 arimo amanota atandatu yavuye muri serivisi n’andi 14 yavuye mu gukora ubwugarizi buganisha ku mucyeba (blocks).

Mutabazi waherukaga kuba umukinnyi w’umukino ubwo u Rwanda rwatsindaga u Burundi (3-0), yongeye kuba umukinnyi w’umukino wahuje u Rwanda na Burkina Faso nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kibuga.

U Rwanda ruri mu itsinda rya mbere (A) kumwe na Uganda, Burundi & Burkina Faso. U Rwanda na Uganda nibyo bihugu byamaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza muri iri tsinda ariko ibi bihugu bikaba bigomba kwihurira kuri uyu wa gatanu kugira ngo haboneke igihugu kizamuka kiyoboye itsinda.

Muri rusange ibihugu bitandatu bimaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza ni; Rwanda na Uganda (A), Tunisia (B), Cameron & DR Congo (C) na Moroccco. Kuri ubu hasigaye ibihugu bibiri.

Image

Mutabazi Yves akomeje kwerekana ko ashoboye umukino wa Volleyball mpuzamahanga

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 5 =

Previous Post

Nkinzingabo Fiston yasinye muri Kiyovu SC

Next Post

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

Related Posts

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

by radiotv10
19/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika warangiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal icyegukanye, nyuma y’imvururu zawuranze kubera...

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

by radiotv10
16/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma n’abakinnyi batatu barimo Yannick Mukunzi, Faustin Usengimana na Yves Mugunga, mu...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

IZIHERUKA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Museveni n’Abanya-Uganda nyuma yo kongera kumutora
MU RWANDA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Museveni n’Abanya-Uganda nyuma yo kongera kumutora

by radiotv10
19/01/2026
0

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

19/01/2026
Rusizi: Kubura udukingirizo bituma bamwe bishyira mu kaga bagakorera aho

Rusizi: Kubura udukingirizo bituma bamwe bishyira mu kaga bagakorera aho

19/01/2026
Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

19/01/2026
Simple Habits That Improve Digestion

Simple Habits That Improve Digestion

18/01/2026
Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

17/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b'abatoza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Museveni n’Abanya-Uganda nyuma yo kongera kumutora

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

Rusizi: Kubura udukingirizo bituma bamwe bishyira mu kaga bagakorera aho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.