Monday, July 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda

radiotv10by radiotv10
10/09/2021
in SIPORO
0
VOLLLEYBALL: Mutabazi Yves yongeye kwerekana ko adashidikanwaho mbere yo gucakirana na Uganda
Share on FacebookShare on Twitter

Mutabazi Yves umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball yongeye kugaragaza ko ari umukinnyi wo  guhanga amaso mu mikino y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu kiri kubera mu Rwanda ubwo yafashaga u Rwanda gutsinda Burkina Faso amaseti 3-0 (25-14,25-20,25-16).

Muri uyu mukino, Mutabazi Yves yatsinze amanota 20 arimo amanota atandatu yavuye muri serivisi n’andi 14 yavuye mu gukora ubwugarizi buganisha ku mucyeba (blocks).

Mutabazi waherukaga kuba umukinnyi w’umukino ubwo u Rwanda rwatsindaga u Burundi (3-0), yongeye kuba umukinnyi w’umukino wahuje u Rwanda na Burkina Faso nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kibuga.

U Rwanda ruri mu itsinda rya mbere (A) kumwe na Uganda, Burundi & Burkina Faso. U Rwanda na Uganda nibyo bihugu byamaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza muri iri tsinda ariko ibi bihugu bikaba bigomba kwihurira kuri uyu wa gatanu kugira ngo haboneke igihugu kizamuka kiyoboye itsinda.

Muri rusange ibihugu bitandatu bimaze kubona itike ya ¼ cy’irangiza ni; Rwanda na Uganda (A), Tunisia (B), Cameron & DR Congo (C) na Moroccco. Kuri ubu hasigaye ibihugu bibiri.

Image

Mutabazi Yves akomeje kwerekana ko ashoboye umukino wa Volleyball mpuzamahanga

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

Nkinzingabo Fiston yasinye muri Kiyovu SC

Next Post

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

Related Posts

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

by radiotv10
04/07/2025
0

Mu birori byo kwizihiza imyaka 32 ishize hashinzwe Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC, byabereye ku Mulindi ahavukiye iyi kipe,...

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

by radiotv10
03/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC inafite igikombe cya Shampiyona initegura kuzahagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika, yatangiye imyitozo igaragaramo...

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

by radiotv10
02/07/2025
0

Umukinnyi wa Basketball, Obadiah Noel ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America, wakiniye ikipe ya APR BBC mu mikino ya...

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

IZIHERUKA

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda
MU RWANDA

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda

by radiotv10
06/07/2025
0

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

06/07/2025
Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

05/07/2025
Ikibazo cya FDLR nikidakemuka u Rwanda ruzakomeza gukora ibyo rukwiye gukora- Perezida Kagame

Ikibazo cya FDLR nikidakemuka u Rwanda ruzakomeza gukora ibyo rukwiye gukora- Perezida Kagame

04/07/2025
Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

04/07/2025
Intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarushijeho gukaza umurego

Intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarushijeho gukaza umurego

04/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b’abatoza

CAF: Seninga Innocent na Jimmy Mulisa mu batoza batangira amahugurwa yo kuba abatoza b'abatoza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.