Saturday, November 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Igisupusupu yataramiye Abitabiriye CHOGM

radiotv10by radiotv10
25/06/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA, Uncategorized
0
Igisupusupu yataramiye Abitabiriye CHOGM
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo gufungwa akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana ariko akaza gufungurwa, umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu yaraye agaragaye mu gitaramo cyo kuruhura mu mutwe abitabiriye CHOGM cyabereye ahantu habiri mu Mujyi wa Kigali.
Ni ibitaramo byaririmbyemo abahanzi batandukanye barimo abakanyujijeho nka Makanyaga na Orchestre Impala n’abandi bagezweho muri iki gihe.
Mu baririmbye bo mu gisekuru gishya harimo nka Ariel Wayz waririmbye indirimbo ze zirimo ‘Chamber’, ‘La Vida Loca’, ‘Away’ yakoranye na Juno n’izindi. Hari kandi Bwiza waririmbye izirimo ‘Ready’ , ‘Yiwe’ n’izindi.
Hari kandi Chriss Eazy weretswe urukundo mu buryo bukomeye. Uyu muhanzi yaririmbye indirimbo ze zirimo ‘Fasta’, ‘Amashu’ na ‘Inana’ yatumye benshi bava mu byabo.
Abandi baririmbye barimo Platini waririmbye indirimbo ze zitandukanye zirimo ‘Aba-Ex’, ‘Shumuleta’, ‘Atansiyo’ na ‘Mumutashye’ ya Dream Boyz uyu muhanzi yahozemo yafatanyije na Jay Polly uheruka gutabaruka.
Hari kandi Mani Martin, Nsengiyumva François ’Gisupusupu’ na Mico The Best, aba bahanzi bose bashimishije abakunzi b’umuziki nyarwanda bari bitabiriye iki gitaramo ku rwego rwo hejuru ariko cyane cyane abo mu gisekuru gishya.
Ibi bitaramo byiswe ‘People’s Concerts’ byateguwe mu gususurutsa Abanyakigali n’abashyitsi bitabiriye CHOGM.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − nine =

Previous Post

Kigali: Umusore w’ibigango wagaragaye akubita umukobwa bunyamaswa yatawe muri yombi

Next Post

“Tuzakomeza guhangana n’ibikibangamiye Isi mu bumwe n’intego”- Patricia Scotland

Related Posts

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

by radiotv10
22/11/2025
0

Rwanda  is actively rolling out its new Single Digital ID (SDID) system nationwide,a major initiative for digital transformation. The registration and data...

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

by radiotv10
22/11/2025
0

Murindahabi Irene usanzwe areberera inyungu abaririmbyi Vestine na Dorcas, yavuze ko ubutumwa buherutse gutambuka ku rubuga nkoranyambaga rw’umwe muri aba...

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

by radiotv10
22/11/2025
0

Kaminuza ya East Africa University Rwanda na yo imaze gutanga impamyabushobozi ku bantu bigiye ku murimo bagera kuri 340, biganjemo...

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

by radiotv10
22/11/2025
0

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA/Rwanda Revenue Authority) cyatangaje ko mu mezi ane ashize abiyandikishihe muri gahunda y’ishimwe rihabwa abaka inyemezabwishyu ya...

Rwandan-origin contestant advances to the final stage of Miss Belgium

Rwandan-origin contestant advances to the final stage of Miss Belgium

by radiotv10
22/11/2025
0

Kyra Nkezabera, whose parents include a Rwandan father and a Belgian mother, has reached the final round of the Miss...

IZIHERUKA

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID
IMIBEREHO MYIZA

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

by radiotv10
22/11/2025
0

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

22/11/2025
Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

22/11/2025
Ukraine yatunguranye ibwiza ukuri America ku masezerano yateguye agamije kurangiza intambara n’u Burusiya

Ukraine yatunguranye ibwiza ukuri America ku masezerano yateguye agamije kurangiza intambara n’u Burusiya

22/11/2025
Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

22/11/2025
Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

22/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
“Tuzakomeza guhangana n’ibikibangamiye Isi mu bumwe n’intego”- Patricia Scotland

“Tuzakomeza guhangana n’ibikibangamiye Isi mu bumwe n’intego”- Patricia Scotland

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.