• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Urugwiro rwari rwose ubwo Madamu wa Perezida Ndayishimiye yahuraga n’umugore w’uwayoboye u Burundi

radiotv10by radiotv10
17/01/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Urugwiro rwari rwose ubwo Madamu wa Perezida Ndayishimiye yahuraga n’umugore w’uwayoboye u Burundi
Share on FacebookShare on Twitter

Madamu wa Perezida Ndayishimiye Evariste w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yagaragaje ko yishimiye guhura na Madamu wa Sylvestre Ntibantunganya na we wabaye Perezida w’u Burundi.

Angeline Ndayishimiye Ndayubaha yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Mutarama 2023, ubwo yahuraga na Pascasie Minani, Madamu wa Sylvestre Ntibantunganya.

Yagize ati “Ni ibyishimo by’akataraboneka kuri njye ku bwo guhura kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Mutarama 2023 na mukuru wanjye Pascasie Minani, umufasha w’uwabaye Umukuru w’Igihugu Nyakubahwa Sylvestre Ntibantunganya.”

Madamu wa Perezida Ndayishimiye, Angeline Ndayishimiye yakomeje avuga ko yishimiye ibiganiro bagiranye, ati “Ni iby’ingenzi kwigira ku bunararibone bw’abatubanjirije.”

Sylvestre Ntibantunganya wabaye Perezida w’u Burundi kuva 1994 kugeza 1996, yari yasimbuye Cyprien Ntaryamira wapfiriye rimwe na Perezida Juvenal Habyarimana ubwo bari mu ndege imwe.

Ntibantunganya wanabaye Umusenateri muri Sena y’u Burundi, muri 2020 yari yavuze ku matora y’Umukuru w’Igihugu yari ateganyijwe mu Burundi yo gutora uwasimbuye nyakwigendera Pierre Nkurunziza wari usoje manda ze, icyo gihe yari yavuze ko yari amatora ya mbere yari agiye kuba mu mucyo mu Burundi.

Uyu munyapolitiki wari ushyigikiye Leonce Ngendakumana wari watanzwe n’ishyaka rya FRODEBU na we abarizwamo, yavugaga ko abaturage bagomba kuzashyigikira uzatorwa wese muri aya matora yaje kwegukana na Evariste Ndayishimiye uyoboye u Burundi ubu.

Yamushimiye inama yamugiriye

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − seven =

Previous Post

Inkongi idasanzwe yibasiye inyubako y’ubucuruzi butaracya itikiriramo ibifite agaciro k’amamiliyoni

Next Post

Ahavuye amakuru yafashije Polisi gutahura abagore 2 bakoraga ibitemewe ikabafatira mu isoko

Related Posts

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Next Post
Ahavuye amakuru yafashije Polisi gutahura abagore 2 bakoraga ibitemewe ikabafatira mu isoko

Ahavuye amakuru yafashije Polisi gutahura abagore 2 bakoraga ibitemewe ikabafatira mu isoko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.