Saturday, November 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA, POLITIKI
0
PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine
Share on FacebookShare on Twitter

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira ku butaka bw’u Rwanda, uruzinduko rubimburirwa n’ibiganiro by’iherereye abanza kugirana na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame muri Village Urugwiro kuri iki gicamunsi.

Muri ibi biganiro bibera mu muhezo birahuza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame arakira mugenzi we uyobora Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra kongeraho abayobozi mu nzego za hafiz a buri ruhange.

Biteganyijwe ko ubwo hari bube hasojwe ibiganiro by’aba bayobozi hahita habaho igikorwa cyo gusiganyana amasezerano hagati y’ibihugu byombi mbere y’uko hakorwa ikiganiro n’itangazamakuru (Press Conference).

Nyuma, Perezida Touadéra arahita asura ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iri mu nzu y’inteko ishingamategeko.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021, Perezida Touadéra azasura umudugudu w’ikitegererezo uri mu karere ka Musanze (Kinigi IDP Model Village) ahatujwe imiryango 144, umudugudu watashywe ku mugaragaro tariki ya 4 Nyakanga 2021.

Kinigi IDP Model Village ni umudugudu mugari urimo ikigo cy’amashuri yisumbuye n’amashuri y’incuke, ikigo nderabuzima n’ibindi abatuye muri uyu mudugudu bakwifashisha mu buzima bwa buri munsi.

Nyuma yo gusura Kinigi IDP Model Village, Perezida Touadéra azatambagizwa bimwe mu bigize amateka n’ubukerarugendo bw’u Rwanda mbere y’uko asoza uruzinduko ku Cyumweru tariki ya 8 Kanama 2021.

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Iburyo) yakirwa na Dr.Vincent Biruta (ibumsoo) Minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Indege ya FIBA AIR ubwo yari igeze ku butaka bw’u Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yururuka indege agera mu Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso) na Dr.Vincent Biruta (Iburyo)

Image

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique agera mu mbuga ya Village Urugwiro

Image

Image

Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso)  uyobora Repubulique Centre Afrique na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame (Iburyo)

Image

Image

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique uri mu ruzinduko rw’iminsi ine

PHOTOS: Kigali Today

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 20 =

Previous Post

CYCLING: Nimero ya mbere mu Rwanda, Mugisha Moïse yasinye muri ProTouch

Next Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Related Posts

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

by radiotv10
31/10/2025
0

A 62-year-old man suspected of taking part in the 1994 Genocide against the Tutsi was arrested at the Rubengera Sector...

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

by radiotv10
31/10/2025
0

Umugabo w’imyaka 62 y’amavuko ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yafatiwe ku Biro by'Umurenge wa Rubengera mu Karere ka...

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

by radiotv10
31/10/2025
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Gen Júlio dos Santos Jane wasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu mujyi wa wa...

Uw’i Nyabihu wari umaze iminsi ibiri i Rubavu yakuyemo inda abaturanyi baramutahura

Uko hatahuwe umukobwa ukekwaho kwihekura wabyaye umwana agahita amuta mu musarani

by radiotv10
31/10/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Karere ka Rubavu, rwataye muri yombi umukobwa w’imyaka 18 ukekwaho kubyara umwana wari ugejeje igihe cyo...

Kayonza: Bavuze uko umuhanda wakozwe n’Abashinwa ugiye kubicisha inzara

Kayonza: Bavuze uko umuhanda wakozwe n’Abashinwa ugiye kubicisha inzara

by radiotv10
31/10/2025
1

Bamwe mu bo mu Mirenge ya Murama na Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko amazi aturuka mu muhanda w'amakamyo...

IZIHERUKA

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding
MU RWANDA

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

by radiotv10
31/10/2025
0

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

31/10/2025
Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

31/10/2025
Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

31/10/2025
Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

31/10/2025
Impaka zavutse nyuma yuko u Bufaransa buvuze ibyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma kigenzurwa na AFC/M23

Impaka zavutse nyuma yuko u Bufaransa buvuze ibyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma kigenzurwa na AFC/M23

31/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.