Wednesday, April 8, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’ibira bya Comoros igiye gukina igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere yisanze mu itsinda rifatwa nk’irikomeye kurusha ayandi, abakunzi b’umupira w’amaguru bita “Itsinda ry’urupfu”, istinda rya gatatu isangiye na  Gabon, Ghana ndetse na Morocco.

Muri iyi tombola yabaye ku mugoroba w’uyu wa kabiri, ikipe y’igihugu ya Algeria ibitse igikombe iri mu itsinda rya gatanu (E) aho iri kumwe na Equatorial Guinea, Sierra Leone ndetse na Ivory Coast.

Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2021 kizakinwa kuva tariki ya 9 Mutarama-6 Gashyantare 2022 mu mijyi itandukanye muri Cameron.

Sitade esheshatu zizakinirwaho iyi mikino igiye kuba ku nshuro ya 33 zirimo;Paul Biya Stadium na Stade Ahmadou Ahidjo ziri mu murwa mukuru wa Yaoundé, Japoma Satdium y’i Douala, Limbe Stadium iri mu mujyi wa Limbe, Kouekong Stadium iri mu mujyi wa Bafoussam ndetse na Rounde Adjia Stadium iri mu mujyi wa Garoua.

Ikipe y’igihugu ya Misiri inaheruka kwakira irushanwa ryabaye mu 2019, niyo ibitse ibikombe byinshi (7) mu gihe Algeria ariyo iheruka gutwara igikombe itsinze Senegal igitego 1-0 ku mukino wa nyuma kibaka igikombe cya kabiri yari itwaye mu mateka. Itsinda rya kane (D) ririmo; Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria.

Umukino ufungura imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 kizakinwa mu 2022, uzahuza Cameron na Burkina Faso, umukino uzakinirwa ku kibuga cya Paul Biya Stadium i Yaounde guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba.

AFCON 2022 QUALIFIERS: East African Team qualifies for the first Time |  Comoros 0-0 Togo – My9jastreet

Ikipe y’igihugu ya Comoros igiye gukina AFCON ku nshuro ya mbere

Dore uko amatsinda ya AFCON 2021 ateye:

Group A : Cameroon, Ethiopia, Cape Verde, Burkina Faso

Group B : Malawi, Zimbabwe, Guinea, Senegal

Group C : Comoros, Gabon, Ghana, Morocco

Group D : Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria

Group E : Eq-Guinea, Sierra Leone, Ivory Coast, Algeria

Group F : Gambia, Mauritania, Mali, Tunisia

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen + sixteen =

Previous Post

Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma y’uko akubiswe na DASSO agakuramo inda

Next Post

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Related Posts

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

by radiotv10
06/04/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports y'abagore (WFC) yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya 2025-2026, kiba icya gatatu itwaye yikurikiranya, cyaje giherekejwe na...

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

by radiotv10
03/04/2026
0

Nyuma y’uko ikipe y’Igihugu y’u Butaliyani ibuze itike yo kujya mu gikombe cy’Isi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, abayobozi batandukanye...

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

by radiotv10
02/04/2026
0

Uwahoze ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Cameroun, Joseph-Antoine Bell, yagiriye inama mugenzi we Andre Onana yo kudasubira mu ikipe yo mu Bwongereza ya Manchester...

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

by radiotv10
01/04/2026
0

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze umunsi w’ikiruhuko rusange, nyuma yuko ikipe y’iki Gihugu ‘Léopards’ itsinze iya Jamaica...

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

by radiotv10
31/03/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko umutoza Haringingo Francis yongeye kugaruka muri iyi kipe nk’Umutoza Mukuru nyuma y'iminsi irenga 1...

IZIHERUKA

Bwa mbere America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya Jenoside yakorewe Abatutsi yayikoresheje
MU RWANDA

Bwa mbere America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya Jenoside yakorewe Abatutsi yayikoresheje

by radiotv10
08/04/2026
0

Ni iki cyatumye Congo yanga kwakira abasirikare 5.000 ba FARDC barekuwe na AFC/M23

Ni iki cyatumye Congo yanga kwakira abasirikare 5.000 ba FARDC barekuwe na AFC/M23

08/04/2026
Amakuru mashya: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bihise bimanuka ku kigero cyo hejuru nyuma y’itangazwa ry’agahenge

Amakuru mashya: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bihise bimanuka ku kigero cyo hejuru nyuma y’itangazwa ry’agahenge

08/04/2026
Breaking: Korea ya Ruguru iravugwaho kurasa ibisasu bya rutura byahagurukije Ibihugu by’ibituranyi

Breaking: Korea ya Ruguru iravugwaho kurasa ibisasu bya rutura byahagurukije Ibihugu by’ibituranyi

08/04/2026
AFC/M23 yungutse undi muyobozi mu bya politiki wahoze mu ishyaka rya Tshisekedi

AFC/M23 yungutse undi muyobozi mu bya politiki wahoze mu ishyaka rya Tshisekedi

08/04/2026
Hatanzwe umuburo ku batumbagije ibiciro by’ingendo mu Rwanda bakishyuza amafaranga ahabanye n’ayatangajwe

Hatanzwe umuburo ku batumbagije ibiciro by’ingendo mu Rwanda bakishyuza amafaranga ahabanye n’ayatangajwe

08/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bwa mbere America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya Jenoside yakorewe Abatutsi yayikoresheje

Ni iki cyatumye Congo yanga kwakira abasirikare 5.000 ba FARDC barekuwe na AFC/M23

Amakuru mashya: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bihise bimanuka ku kigero cyo hejuru nyuma y’itangazwa ry’agahenge

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.