Tuesday, November 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe

radiotv10by radiotv10
03/11/2021
in SIPORO
0
Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu rwego rwo gufasha ikipe ya Rayon Sports kwitegura umukino wa shampiyona ugomba kuyihuza na Rutsiro FC, Gikundiro Forever imaze gukusanya agera ku bihumbi magana arindwi yo gufasha Rayon Sports kwitegura uyu mukino.

 

Kuri uyu wa gatatu tariki 3 Ugushyingo 2021 nibwo Rayon Sports izakina umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona na Rutsiro FC. Ni umukino uzabera kuri Stade Umuganda guhera saa cyenda.

 

Kubera ingaruka z’umutingito watewe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo cyo muri Congo, byatumye Stade ya Rubavu kuri ubu itemerewe kwakira abafana kugeza igihe Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rizatangira andi mabwiriza.

 

Umuvugizi wa Rayon Sports, Jean Paul Nkurunziza yatangaje ko mbere y’uko bamenyeshwa ko nta bafana bemerewe kwinjira muri Stade Umuganda, bari biteguye guherekeza ikipe yabo ariko ngo n’ubundi ntibyababuza kuyishyigikira mu bundi buryo.

 

Ati ” Kuko abafana batemerewe kwinjira muri Stade Umuganda, abagize Gikundiro Forever biyemeje gukusanya amafaranga n’ubundi yafasha ikipe yacu mu kwitegura uyu mukino. Ubu tugize ibihumbi magana arindwi (700.000 FRW ) akomeje kwiyongera.”

 

Jean Paul ko ” Gahunda uyu mwaka ni igikombe kandi ntiwagitwara hari imikino wagiye utakaza. Uyu nawo ni umwe muyo dukeneye ko abasore bacu baduha amanota atatu kandi tuzakomeza kubaba hafi n’ikipe muri rusange.”

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 2 =

Previous Post

Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko

Next Post

Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Related Posts

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya APR FC izakira umukino uzayihuza na mucyeba wayo Rayon Sports, yatangaje ibiciro byo kuwinjiramo, aho itike ya macye...

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

by radiotv10
31/10/2025
0

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United bagaragaye bambaye barimbye mu myambaro inogeye ijisho, ubwo bari bitabiriye imyitozo bitegura umukino bafite muri...

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

by radiotv10
31/10/2025
0

Cristiano Ronaldo Junior, imfura ya rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yerekanye imodoka ye ya mbere atunze ku myaka 15...

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi 2 ba APR bagaragaje imyitwarire igayitse hanashyirwa hanze ibyo bakoze

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi b’ingenzi ba APR bakorwagaho iperereza ku myitwarire idahwitse bagaragaje

by radiotv10
31/10/2025
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko iperereza ryakorwaga ku bakinnyi b'iyi kipe, Dauda Yussif na Sy Mamadou ku myitwarire idahwite...

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ikipe ya El Hilal iri mu ziherutse kwemererwa kuzakina Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yafashe urugendo iza muri iki Gihugu,...

IZIHERUKA

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu
IBYAMAMARE

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

04/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Eng.-Emotions of the first Rwandans taking part in Digital ID identity verification and photo registration

04/11/2025
Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.