Wednesday, November 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ingabo z’u Rwanda zungutse undi Ofisiye Mukuru urangije amasomo hanze

radiotv10by radiotv10
17/06/2025
in MU RWANDA
0
Ingabo z’u Rwanda zungutse undi Ofisiye Mukuru urangije amasomo hanze
Share on FacebookShare on Twitter

Major Faustin Kevin Kayumba wo mu Ngabo z’u Rwanda, yarangije amasomo mu Ishuri rya Gisirikare ryo muri Jordnia, nyuma y’icyumweru kimwe hari abandi babiri bo mu cyiciro cy’Abofisiye Bakuru muri RDF barangije mu ishuri ryo muri Kenya.

Major Faustin Kevin Kayumba ni umwe mu Bofisiye Bakuru 280 kuri uyu wa Mbere tariki 16 Kamena 2026 bahawe impamyabushobozi muri iri shuri rya gisirikare cyo muri Jordania rya Royal Jordanian Command and Staff College, ryatanze impamyabumenyi ku nshuro yaryo ya 65.

Iri shuri ryarangijemo Umunyarwanda wari urimazemo umwaka, ryanarangijemo abandi Basirikare b’Abofisiye Bakuru mu Ngabo z’Ibihugu birimo abo mu gisirikare cya Jordania (JAF- Jordanian Armed Forces) ndetse no mu bindi bisanzwe ari abafatanyabikorwa b’iki Gihugu.

Ibirori byo gutanga izi mpamyabumenyi kuri aba basirikare b’abofisiye bakuru, byayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jordania, Maj Gen Yousef Al Hunaity.

Major Faustin Kevin Kayumba, arangije muri Jordania nyuma y’igihe gito, abandi basirikare babiri mu Ngabo z’u Rwanda; Maj. Emmanuel Rutayisire and Maj. Hipolyte Muvunyi, na bo barangije amasomo yabo mu ishuri rikuru rya Gisirikare muri Kenya rya ‘Kenya’s Joint Command and Staff College’ aho bahawe impamyabushobozi tariki 05 Kamena 2025.

Aba basirikare bo mu cyiciro cy’Abofisiye Bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu bihe bikurikirana, bahawe impamyabumenyi hatarashira ukwezi Col Patrick Nyirishema wigeze kuba Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), na we arangije mu ishuri ryo hanze y’u Rwanda.

Uyu musirikare ufite ipeti rikuru kurusha ayandi mu cyiciro cy’Abofisiye Bakuru, we yarangije tariki tariki 27 Gicurasi 2025 muri ishuri rya gisirikare ryo muri Kenya rya National Defence College -Kenya (NDU Kenya).

Major Faustin Kevin Kayumba arangije amasomo muri Jordania

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen + twelve =

Previous Post

Abari abanyabwenge mbere ya Jenoside banenzwe uburyo bitandukanyije nabwo bagakora amarorerwa

Next Post

Haravugwa amakuru ateye impungenge mu bice biberamo biberamo imirwano muri Congo

Related Posts

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Uko umugabo yisobanura ku cyaha cyo gusambanya kenshi umwana we yibyariye w’imyaka itandatu

by radiotv10
05/11/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi ukurikiranyweho gusambanya mu bihe bitandukanye umwana we w’imyaka itandatu, yemera...

Inkuru ibabaje y’uruhinja rwapfuye urupfu rutunguranye bikekwa ko rwatewe n’ababyeyi barwo

Umugore uvugwaho kuruma umugabo we igitsina ibyabo babishyize hanze n’icyabimuteye

by radiotv10
05/11/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, ushinja umugore we kumuruma igitsina, bombi barabyemera bakavuga n’uko byagenze,...

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

by radiotv10
05/11/2025
0

Inzego z’umutekano zataye muri yombi abatetsi babiri bo ku ishuli ribanza rya Nyarutovu riri mu murenge wa Bushenge, abanyonzi babiri...

From hobby to hustle: Turning your creative passion into income as a young woman in Rwanda

From hobby to hustle: Turning your creative passion into income as a young woman in Rwanda

by radiotv10
05/11/2025
0

In today’s world, creativity is more than just a hobby, it’s a powerful tool for building independence, confidence, and income....

MTN Rwanda Surpasses 8 Million Subscribers and Accelerates Digital Inclusion Through Innovative Smartphone Initiatives

MTN Rwanda Surpasses 8 Million Subscribers and Accelerates Digital Inclusion Through Innovative Smartphone Initiatives

by radiotv10
05/11/2025
0

MTN Rwandacell Plc (MTN Rwanda) is pleased to announce its unaudited financial results for the nine-months period ended 30 September...

IZIHERUKA

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore
MU RWANDA

Uko umugabo yisobanura ku cyaha cyo gusambanya kenshi umwana we yibyariye w’imyaka itandatu

by radiotv10
05/11/2025
0

DRC: Banyamulenge community protests against Burundian troops

DRC: Banyamulenge community protests against Burundian troops

05/11/2025
Inkuru ibabaje y’uruhinja rwapfuye urupfu rutunguranye bikekwa ko rwatewe n’ababyeyi barwo

Umugore uvugwaho kuruma umugabo we igitsina ibyabo babishyize hanze n’icyabimuteye

05/11/2025
Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

05/11/2025
Amakuru agezwe ku ihagarikwa ry’ibikorwa by’Ikibuga cy’indege cya Bruxelles ryatewe n’impungenge

Amakuru agezwe ku ihagarikwa ry’ibikorwa by’Ikibuga cy’indege cya Bruxelles ryatewe n’impungenge

05/11/2025
From hobby to hustle: Turning your creative passion into income as a young woman in Rwanda

From hobby to hustle: Turning your creative passion into income as a young woman in Rwanda

05/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Haravugwa amakuru ateye impungenge mu bice biberamo biberamo imirwano muri Congo

Haravugwa amakuru ateye impungenge mu bice biberamo biberamo imirwano muri Congo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uko umugabo yisobanura ku cyaha cyo gusambanya kenshi umwana we yibyariye w’imyaka itandatu

DRC: Banyamulenge community protests against Burundian troops

Umugore uvugwaho kuruma umugabo we igitsina ibyabo babishyize hanze n’icyabimuteye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.