Monday, October 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Menya impamvu America yahagaritse Viza ku Barundi bose bashaka kujyayo

radiotv10by radiotv10
04/08/2025
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Menya impamvu America yahagaritse Viza ku Barundi bose bashaka kujyayo
Share on FacebookShare on Twitter

Ibiro bya Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za America mu Burundi, byatangaje ko iki Gihugu cyahagaritse by’agateganyo viza ku Barundi bose, ku bwo kurenga ku mabwiriza kwagiye kwisubiramo.

Byatangajwe na Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za America mu Burundi, mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Mbere tariki 04 Kanama 2025.

Iri tangazo rivuga ko “Buri Murundi ukora ingendo ku bwo kujyana ibyiriringiro by’umuryango we n’umuryango mugari. Kubahiriza amabwiriza ntabwo ari iby’umuntu ku giti cye, ahubwo ni ibyo ku rwego rw’Igihugu.”

Iri tangazo rikomeza rigira riti “Ikibabaje ni uko ku bwo kurenga ku mabwiriza byagiye byisubiramo, Leta Zunze Ubumwe za America zahagaritse by’agateganyo guha Viza Abarundi.”

Ibiro bya Ambasadei ya US mu Burundi, bikomeza bisaba Abarundi bose kubahiriza aya mabwiriza kuko “ibishobora gukorwa n’umuntu umwe bishobora gufungira amayira Igihugu cyose. Dushyize hamwe dushobora kurengera amahirwe y’ahazaza kuri bose.”

Muri Werurwe uyu mwaka, Leta Zunze Ubumwe za America zatangaje ibihugu 43, ababituye bashobora gukurirwaho Viza zerecyeza muri iki Gihugu, aho cyatangaga iminsi 60 yo gukemura ibibazo bibangamiye inyungu z’iki Gihugu.

Muri ibi Bihugu, harimo 11 bigomba gufatirwa ibihano biremereye, hakaba itsinda ry’Ibihugu 10 bishobora gukurirwaho Viza by’agateganyo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × three =

Previous Post

Uwakiniraga APR yazamuye impaka nyuma yo kuvuga uko abona umukino uzayihuza na Rayon uzagenda

Next Post

How Nyarugunga residents built roads, a school, and a legacy of unity

Related Posts

Ubutumwa Gen.Makenga yagejeje ku bakomando 9.000 binjiye muri AFC/M23 batumye yakira 16.000 mu kwezi kumwe

Ubutumwa Gen.Makenga yagejeje ku bakomando 9.000 binjiye muri AFC/M23 batumye yakira 16.000 mu kwezi kumwe

by radiotv10
06/10/2025
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwinjije mu gisirikare cyaryo abandi basirikare 9 350 bakurikiye abandi...

Amakuru akomeje kuza ari incamugongo ku mibare y’abagiriye ibyago aho basengeraga muri Ethiopia

Amakuru akomeje kuza ari incamugongo ku mibare y’abagiriye ibyago aho basengeraga muri Ethiopia

by radiotv10
03/10/2025
0

Nyuma n’impanuka y’urusengero rwubakwaga mu Karere ka Amhara muri Ethiopia rugwiriye abantu bari mu masengesho, imibare y’abo yahitanye ndetse n’abakomeretse...

Igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila wayoboye Congo gikomeje guhagurukirwa

Igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila wayoboye Congo gikomeje guhagurukirwa

by radiotv10
02/10/2025
0

Nyuma yuko Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa rukatiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Icyo AFC/M23 yahise itangaza ku gihano cy’urupfu cyakatiwe Kabila cyatumye abanyapolitiki bahaguruka

Icyo AFC/M23 yahise itangaza ku gihano cy’urupfu cyakatiwe Kabila cyatumye abanyapolitiki bahaguruka

by radiotv10
01/10/2025
0

Umuhuzabikorwa Wungirije wa AFC/M23, Betrand Bisimwa yatangaje ko gukatira igihano cy’urupfu Joseph Kabila wabaye Perezida wa DRC, ahamijwe ibyaha bishingiye...

Ni iki Urukiko rwa Gisirikare rwagendeyeho rukatira igihano cy’urupfu Kabila wayoboye Congo

Ni iki Urukiko rwa Gisirikare rwagendeyeho rukatira igihano cy’urupfu Kabila wayoboye Congo

by radiotv10
01/10/2025
0

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwahamije ibyaha Joseph Kabila Kabange wayoboye iki Gihugu, rumukatira igihano...

IZIHERUKA

Ubutumwa Gen.Makenga yagejeje ku bakomando 9.000 binjiye muri AFC/M23 batumye yakira 16.000 mu kwezi kumwe
AMAHANGA

Ubutumwa Gen.Makenga yagejeje ku bakomando 9.000 binjiye muri AFC/M23 batumye yakira 16.000 mu kwezi kumwe

by radiotv10
06/10/2025
0

Do men really want independent women, or just the idea of them?

Do men really want independent women, or just the idea of them?

06/10/2025
Musanzwe: Amazi meza begerejwe yabaye imbonekarimwe none amaburakindi yabasubije mu bishanga

Musanzwe: Amazi meza begerejwe yabaye imbonekarimwe none amaburakindi yabasubije mu bishanga

06/10/2025
Urunturuntu muri Rayon nyuma yo kunganya na Gasogi n’umukino wa gatatu nta ntsinzi

Urunturuntu muri Rayon nyuma yo kunganya na Gasogi n’umukino wa gatatu nta ntsinzi

05/10/2025
Key elements to know about the new Rwandan Digital ID and its benefits

Key elements to know about the new Rwandan Digital ID and its benefits

06/10/2025
Umunyarwenya uri kwamamara mu Rwanda ari mu byishimo byo kugura imodoka ye ya mbere

Umunyarwenya uri kwamamara mu Rwanda ari mu byishimo byo kugura imodoka ye ya mbere

04/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
How Nyarugunga residents built roads, a school, and a legacy of unity

How Nyarugunga residents built roads, a school, and a legacy of unity

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Gen.Makenga yagejeje ku bakomando 9.000 binjiye muri AFC/M23 batumye yakira 16.000 mu kwezi kumwe

Do men really want independent women, or just the idea of them?

Musanzwe: Amazi meza begerejwe yabaye imbonekarimwe none amaburakindi yabasubije mu bishanga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.