• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Inkuru nziza ku banywa ikawa: Ubushakashatsi bwagaragaje ibikwiye kumenya na benshi

radiotv10by radiotv10
12/11/2025
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Inkuru nziza ku banywa ikawa: Ubushakashatsi bwagaragaje ibikwiye kumenya na benshi
Share on FacebookShare on Twitter

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kunywa igikombe kimwe cy’ikawa buri munsi, bigabanya 39% by’ibibazo by’ihindagurika ryo gutera k’umutima, ugereranyije n’abatanywa iki kinyobwa.

Ubu bushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Juma, bwifashishijwe na Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, agaragaza akamaro ko kunywa ikawa.

Yagize ati “Ikawa ishobora gutuma gutera k’umutima, gukomeza gushikama. Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu banyoye igikikombe kimwe cya kawa ku munsi, byabagabanyirije 39% by’ibibazo by’ihindagurika ryo gutera ku mutima (Atrial Fibrillation) kurusha abaatayinywa.”

Dr. Nsanzimana kandi yakomeje agaragariza Abaturarwanda ko ntarirarenga, abasaba gufatirana, na bo bakayonoka iki kinyobwa kuko ari ingirakamaro ku buzima bwabo byumwihariko ku mutima.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku bantu 200 mu gihe cy’imyaka itanu, aho bwakorewe ku bantu bakuru bafite ikibazo cya AF (Atrial Fibrillation) basabwe kunywa ikawa, bwabereye mu bitaro bitanu byo mu Bihugu nka US, Canada na Australia hagati y’Ugushyingo 2021 n’Ukuboza 2024.

Nyuma y’igenzura ryakozwe tariki 05 Kamena 2025, nyuma yuko itsinda rimwe risabwe kumara amezi atandatu banywa igikombe cy’ikawa buri munsi, irindi rigasabwa kutagira ikintu bafata kirimo ikawa muri ayo mezi.

Isesengura ry’ibanze, ryagaragaje ko itsinda ry’abanywaga ikawa, ikibazo cya AF cyagabanutseho 47% kurusha abo mu itsinda ry’abayinywaga bo byari biri kuri 65%, bihita byerekana ko kunywa ikawa buri munsi bishobora gutuma umuntu ubikora bimwongerera amahirwe ya 39% byo kutagira biriya bibazo ugereranyije n’umuntu utanywa Kawa.

Abakunda Ikawa mu Rwanda bakomeje kwiyongera

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + 14 =

Previous Post

Tanzania yatangiye kotswa igitutu kubera ababuriye ubuzima mu myigaragambyo

Next Post

Ibyamenyekanye ku byaha bishinjwa umwarimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Ibyamenyekanye ku byaha bishinjwa umwarimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.