Thursday, March 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
19/03/2026
in MU RWANDA
0
Guverinoma y’u Rwanda yatanze konji
Share on FacebookShare on Twitter

Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026, ari umunsi w’Ikiruhuko watanzwe, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo mu idini ya Islam uzwi nka Eidil Fitri.

Uyu munsi w’Ikiruhuko warangajwe na Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo kuri uyu wa Kane tariki 19 Werurwe mu itangazo yashyize hanze, ivuga ko “imenyesha abakoresha n’abakozi mu nego za Leta n’iz’abikorera ko ku wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026 ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza
umunsi mukuru wa Eidil Fitri.”

Uyu munsi w’ikiruhuko utangajwe n’urwego rubifitiye ububasha, nyuma yuko kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Werurwe 2026, Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) utangaje ko umunsi mukuru usoza igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan k’uyu mwaka uzaba ku wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026.

Itangazo rya RMC ryashyizweho umukono na Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Mussa, rivuga ko isengesho ryo kuri uyu munsi ku rwego rw’Igihugu rizabera i Nyamirambo kuri Kigali Pele Stadium.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven + 1 =

Previous Post

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

Next Post

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Related Posts

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

by radiotv10
19/03/2026
0

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America yashyize hanze itangazo rihuriweho n’iki Gihugu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

by radiotv10
19/03/2026
0

Umugabo wo mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke wari umaze amezi abiri afunguwe nyuma yo gukatirwa igifungo gisubitse...

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

by radiotv10
19/03/2026
0

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriwe na Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye; amushyikiriza ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda,...

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

by radiotv10
19/03/2026
0

The Government of the United States of America has released a joint statement with the Governments of Rwanda and the...

Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

by radiotv10
19/03/2026
0

Living with disabilities is part of the reality for millions of people around the world. Disabilities can affect how a...

IZIHERUKA

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran
AMAHANGA

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

by radiotv10
19/03/2026
0

Itorero ADEPR ryashyize hanze urutonde rw’abashumba birukanywe burundu

Itorero ADEPR ryashyize hanze urutonde rw’abashumba birukanywe burundu

19/03/2026
BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

19/03/2026
Guverinoma y’u Rwanda yatanze konji

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda

19/03/2026
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

19/03/2026
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

19/03/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

Itorero ADEPR ryashyize hanze urutonde rw’abashumba birukanywe burundu

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.