Thursday, March 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Abanyamakuru ba televiziyo y’Abarusiya barashwe misile n’igisirikare cya Israel ubwo batangazaga amakuru live bararusimbuka

radiotv10by radiotv10
19/03/2026
in AMAHANGA, UMUTEKANO
0
Abanyamakuru ba televiziyo y’Abarusiya barashwe misile n’igisirikare cya Israel ubwo batangazaga amakuru live bararusimbuka
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru wa Televiziyo y’Abarusiya RT n’umufatira amashusho, barokotse igitero cya misile yari irashwe n’igisirikare cya Israel ikabagwa iruhande ubwo bariho batangaza amakuru y’intambara imbonankubone (live) muri Lebanon.

Amashusho yashyizwe hanze, agaragaza uyu munyamakuru witwa Steve Sweeney na mugenzi we Ali Rida umufatira amashusho kuri televiziyo ya Russia Today, bari gutangaza inkuru mu buryo bwa Live.

Ubwo uyu munyamakuru Steve Sweeney yariho avuga yimvise ikintu gihorera, akabanza guceceka, ubundi igisasu cya rutura kikagwa inyuma ye muri metero nke.

Ni igisasu cyarashwe n’indege y’igisirikare cya Israel ubwo uyu munyamakuru n’itsinda bakorana bariho bafata amashusho hafi y’ikiraro cya Al-Qasmiya, hafi y’ikigo cya gisirikare cyo muri ako gace ko mu majyepfo ya Lebanon.

Rida ufata amashusho (cameraman) yavuze ko igisirikare cya za Israel “cyabarashe kibigambiriye” nubwo bari bambaye imyenda igaragaza ko ari abanyamakuru bari mu kazi kabo kandi bibujijwe.

Camera y’uyu munyamakuru yafashe n’amashusho y’uburyo icyo gisasu cyaguye inyuma ya mugenzi we muri metero zitageze mu icumi, mu gihe undi na we yahise akizwa n’amaguru.

Uyu munyamakuru kimwe n’uwamufashaga gufata amashusho, bakomerekejwe n’ibimanyu by’iki gisacu, aho bari hamwe n’abandi bari kwitabwaho n’abaganga na bo bagizweho ingaruka n’ibitero biri kugabwa muri aka gace.

Nyuma y’iki gitero, uyu ufata amashusho witwa Rida yanasangije abantu amashusho y’abaganga bakura ibisigazwa by’ibyo bisasu mu kuboko kwa mugenzi we Steve Sweeney.

Mu yandi mashusho ya Rida, yavuze ko we na mugenzi Sweeney bameze neza, aseka agira ati “biragaragara ko iyo misile irashwe kuri wowe, urashobora kuyumva.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − 12 =

Previous Post

Washington’s diplomatic drift: power has replaced partnership and realpolitik

Related Posts

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

by radiotv10
19/03/2026
0

Ibihugu 12 bimaze iminsi byibasiwe n’ibitero bya Iran, byashyize hanze itangazo rihuriweho, bisaba iki Gihugu kubihagarika vuba na bwangu, binakibutsa...

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

by radiotv10
18/03/2026
0

Israel yemeje ko yishe Minisitiri w’Ubutasi wa Iran, Esmail Khatib, uje akurikira iyicwa ry’abandi bayobozi mu nzego zo hejuru z’iki...

Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

by radiotv10
18/03/2026
0

Umushinwa ukurikiranyweho icyaha cyo gucuruza cyangwa kugura inyamaswa mu buryo bunyuranyije n’amategeko nyuma yo gufatanwa intozi 2 000 zo mu...

Ibiri mu ibaruwa umwe mu bayobozi muri America yandikiye Trump yegura

Ibiri mu ibaruwa umwe mu bayobozi muri America yandikiye Trump yegura

by radiotv10
18/03/2026
0

Joseph Clay Kent wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurwanya iterabwoba muri Leta Zunze Ubumwe za America, yandikiye Perezida Donald...

Hagaragaye ifoto ya Netanyahu atanga amabwiriza yo kwica abayobozi bakuru muri Iran

Hagaragaye ifoto ya Netanyahu atanga amabwiriza yo kwica abayobozi bakuru muri Iran

by radiotv10
17/03/2026
0

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel, byashyize hanze ifoto ya Benjamin Netanyahu ari kuri telefone, atanga amabwiriza yo kwica bamwe...

IZIHERUKA

Abanyamakuru ba televiziyo y’Abarusiya barashwe misile n’igisirikare cya Israel ubwo batangazaga amakuru live bararusimbuka
AMAHANGA

Abanyamakuru ba televiziyo y’Abarusiya barashwe misile n’igisirikare cya Israel ubwo batangazaga amakuru live bararusimbuka

by radiotv10
19/03/2026
0

Washington’s diplomatic drift: power has replaced partnership and realpolitik

Washington’s diplomatic drift: power has replaced partnership and realpolitik

19/03/2026
Umupilote wa RwandAir agiye mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’imyaka 14 ayikorera

Umupilote wa RwandAir agiye mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’imyaka 14 ayikorera

19/03/2026
BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

19/03/2026
Itorero ADEPR ryashyize hanze urutonde rw’abashumba birukanywe burundu

Itorero ADEPR ryashyize hanze urutonde rw’abashumba birukanywe burundu

19/03/2026
Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

Ibihugu birenga 10 byashyize hanze itangazo biha gasopo Iran

19/03/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abanyamakuru ba televiziyo y’Abarusiya barashwe misile n’igisirikare cya Israel ubwo batangazaga amakuru live bararusimbuka

Washington’s diplomatic drift: power has replaced partnership and realpolitik

Umupilote wa RwandAir agiye mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’imyaka 14 ayikorera

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.