Monday, May 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame azahagararirwa na Minisitiri w’Intebe mu irahira rya Museveni

radiotv10by radiotv10
11/05/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame azahagararirwa na Minisitiri w’Intebe mu irahira rya Museveni
Share on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva yageze i Kampala muri Uganda, aho azahagararira Perezida Paul Kagame mu ibirori by’irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni.

Minisitiri Nsengiyumva yageze i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki 11 Gicurasi 2026 nk’uko byatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu Rwanda.

Ibiro bya Minisitiri bivuga ko “Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yageze i Kampala aho ahagarariye Nyakubahwa Perezida Kagame mu muhango w’irahira rya Yoweri Kaguta Museveni, Perezida watowe wa Repubulika ya Uganda, uteganyijwe kuba ku munsi w’ejo.”

Perezida Yoweri Kaguta Museveni azarahirira manda ya karindwi yo kuyobora Uganda, mu birori bizaba ejo ku wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026.

Museveni agiye kurahirira gukomeza kuyobora Abanya-Uganda, nyuma yo kubona intsinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yabaye muri Mutarama uyu mwaka.

Perezida Museveni yatsinze amatora atowe ku majwi 71.65%, mu gihe Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine bari bahanganye we yagize amajwi 24.72%.

Minisitiri w’Intebe yakiriwe muri Uganda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen − 7 =

Previous Post

Biravugwa ko AFC/M23 yakuye abarwanyi bayo mu bindi bice byinshi muri Kivu y’Epfo

Related Posts

Icyo u Rwanda ruvuga ku magambo ya Perezida w’u Burundi ahabanye n’ubushake buriho

Min.Nduhungirehe yagize icyo avuga ko mugambi mubisha Perezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda

by radiotv10
11/05/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko hari icyo abantu bakwiye kumva mu byatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye...

Perezida Kagame na Gen.Doumbouya mu Bakuru b’Ibihugu bazaba bari mu nama ikomeye itegerejwe i Kigali

Perezida Kagame na Gen.Doumbouya mu Bakuru b’Ibihugu bazaba bari mu nama ikomeye itegerejwe i Kigali

by radiotv10
11/05/2026
0

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Mamadi Doumbouya wa Guinea, na Brice Clotaire Oligui Nguema wa Gabon, bari mu Bakuru b’Ibihugu...

Abaturarwanda bagaragarijwe ibyo bagomba kumenya ku ndwara ya Hantavirus yagaragaye mu Bihugu bimwe

Abaturarwanda bagaragarijwe ibyo bagomba kumenya ku ndwara ya Hantavirus yagaragaye mu Bihugu bimwe

by radiotv10
11/05/2026
1

Inzego z’Ubuzima mu Rwanda zatangaje ko ziri gukurikiranira hafi uko indwara ya Hantavirus ihagaze nyuma yuko igaragaye mu Bihugu bimwe...

Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

Umunyamategeko Gatete umaze iminsi afunze akekwaho ubwambuzi agarukanye ubutumwa

by radiotv10
11/05/2026
0

Umunyamategeko Me Thierry Kevin Gatete uzwi mu busesenguzi, wari umaze iminsi afunze akekwaho kwambura umuntu ibihumbi 800 Frw, aravuga ko...

Simple Table Manners Everyone Should Have

Simple Table Manners Everyone Should Have

by radiotv10
10/05/2026
0

In a world where everything moves fast and meals are often squeezed between schedules, basic table manners are slowly becoming...

IZIHERUKA

Perezida Kagame azahagararirwa na Minisitiri w’Intebe mu irahira rya Museveni
MU RWANDA

Perezida Kagame azahagararirwa na Minisitiri w’Intebe mu irahira rya Museveni

by radiotv10
11/05/2026
0

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

Biravugwa ko AFC/M23 yakuye abarwanyi bayo mu bindi bice byinshi muri Kivu y’Epfo

11/05/2026
Icyo u Rwanda ruvuga ku magambo ya Perezida w’u Burundi ahabanye n’ubushake buriho

Min.Nduhungirehe yagize icyo avuga ko mugambi mubisha Perezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda

11/05/2026
Abanyamulenge batangiye guhungisha amatungo yabo nyuma yuko AFC/M23 itangiye kuva mu gace kamwe

Abanyamulenge batangiye guhungisha amatungo yabo nyuma yuko AFC/M23 itangiye kuva mu gace kamwe

11/05/2026
Perezida Kagame na Gen.Doumbouya mu Bakuru b’Ibihugu bazaba bari mu nama ikomeye itegerejwe i Kigali

Perezida Kagame na Gen.Doumbouya mu Bakuru b’Ibihugu bazaba bari mu nama ikomeye itegerejwe i Kigali

11/05/2026
Abaturarwanda bagaragarijwe ibyo bagomba kumenya ku ndwara ya Hantavirus yagaragaye mu Bihugu bimwe

Abaturarwanda bagaragarijwe ibyo bagomba kumenya ku ndwara ya Hantavirus yagaragaye mu Bihugu bimwe

11/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame azahagararirwa na Minisitiri w’Intebe mu irahira rya Museveni

Biravugwa ko AFC/M23 yakuye abarwanyi bayo mu bindi bice byinshi muri Kivu y’Epfo

Min.Nduhungirehe yagize icyo avuga ko mugambi mubisha Perezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.