Saturday, August 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba

radiotv10by radiotv10
27/09/2022
in MU RWANDA
0
Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba
Share on FacebookShare on Twitter

Abaturage babiri bakomoka muri Pakistan bafatiwe muri Uganda ubwo bageragezaga kwerecyeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa ADF.

Aba Banya-Pakistan bafatiwe muri Uganda nyuma y’amakuru yatanzwe ubwo bariho bagerageza kujya muri Congo banyuze ku mupaka wa Nabili muri Teritwari ya Beni.

Aba bagabo babiri bafashwe ku cyumweru, bivugwa ko baje muri Uganda babanje kunyura muri Somalia.

Bakimara gufatwa, aba bagabo biyemereye ko bari baturutse muri Somalia ndetse ko bari bagiye gukorana n’uyu mutwe wa ADF urwanya Uganda.

Umutwe wa ADF usanzwe urwanya ubutegetsi bwa Uganda, umaze iminsi uhanganye n’ibitero byahagurikije ingabo za Uganda zikajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho uyu mutwe ufite ibirindiro.

Uyu mutwe uri mu mitwe ihangayikishije mu bibazo by’umutekano mucye bivugwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo dore ko udasiba kuvugwa mu bikorwa bihungabanya umutekano ndetse binahitana ubuzima bwa bamwe.

Ivomo: Wab-Info

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 + nineteen =

Previous Post

Hatangajwe ukuri ku bivugwa ko M23 yamaze kuva Bunagana kubera ubwoba

Next Post

Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k’amadolari yari yibwe

Related Posts

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

by radiotv10
09/08/2025
0

Abofisiye 163 n’abafite andi mapeti mu Ngabo z’u Rwanda mu mutwe ushinzwe imyitwarire (Military Police) barangije imyitozo bamazemo ibyumweru bitandatu,...

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

by radiotv10
09/08/2025
0

In the past, relationships often started with a letter, a meeting at church, or being introduced by a friend. Today,...

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

by radiotv10
09/08/2025
1

The digital ID will be issued to Rwandans, refugees, and foreigners, NIDA’s Director General Mukesha Josephine announced on August 7,...

The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

by radiotv10
09/08/2025
0

In the heart of Rwanda’s rich cultural heritage lies a unique, geometric art form known as Imigongo. Imigongo is a...

Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

by radiotv10
09/08/2025
0

Algorithm Inc, a regional tech company known for its innovative business software solutions, has launched a groundbreaking new platform called...

IZIHERUKA

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako
MU RWANDA

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

by radiotv10
09/08/2025
0

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

09/08/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

09/08/2025
The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

09/08/2025
Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

09/08/2025
Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

08/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k’amadolari yari yibwe

Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k'amadolari yari yibwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.