• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba

radiotv10by radiotv10
27/09/2022
in MU RWANDA
0
Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba
Share on FacebookShare on Twitter

Abaturage babiri bakomoka muri Pakistan bafatiwe muri Uganda ubwo bageragezaga kwerecyeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa ADF.

Aba Banya-Pakistan bafatiwe muri Uganda nyuma y’amakuru yatanzwe ubwo bariho bagerageza kujya muri Congo banyuze ku mupaka wa Nabili muri Teritwari ya Beni.

Aba bagabo babiri bafashwe ku cyumweru, bivugwa ko baje muri Uganda babanje kunyura muri Somalia.

Bakimara gufatwa, aba bagabo biyemereye ko bari baturutse muri Somalia ndetse ko bari bagiye gukorana n’uyu mutwe wa ADF urwanya Uganda.

Umutwe wa ADF usanzwe urwanya ubutegetsi bwa Uganda, umaze iminsi uhanganye n’ibitero byahagurikije ingabo za Uganda zikajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho uyu mutwe ufite ibirindiro.

Uyu mutwe uri mu mitwe ihangayikishije mu bibazo by’umutekano mucye bivugwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo dore ko udasiba kuvugwa mu bikorwa bihungabanya umutekano ndetse binahitana ubuzima bwa bamwe.

Ivomo: Wab-Info

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 + 12 =

Previous Post

Hatangajwe ukuri ku bivugwa ko M23 yamaze kuva Bunagana kubera ubwoba

Next Post

Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k’amadolari yari yibwe

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k’amadolari yari yibwe

Uwabaye Miss w’u Rwanda yasubijwe akayabo k'amadolari yari yibwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.