Wednesday, December 31, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Abanyamakuru bazobereye iby’umupira mu Rwanda bagaragaje ingingo yihariye mu byaranze Shampiyona

radiotv10by radiotv10
31/05/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Radio10, mudatenguha abayumva n’abafatanyabikorwa abanyamakuru bayo ba Siporo bongeye gutungurana
Share on FacebookShare on Twitter

Iyo umwaka w’imikino utangiye, hari abakinnyi baba bahanzwe amaso na benshi bitewe n’ubuhanga baba bazwiho, gusa hari n’abatagira ibidasanzwe bagaragaza, bigatuma icyizere bari bafitiwe gitakara. Dore 11 batengushye benshi bari bitezeho ibitangaza muri uyu mwaka w’imikino mu Rwanda.

Aba bakinnyi bagarutsweho kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro 10 Sports (urukiko), gitambuka kuri Radio 10, gisanzwe gikorwa n’abanyamakuru bazobereye mu by’umupira w’amaguru n’indi mikino.

 

Dore abakinnyi 11 bakwiye kwibazwaho:

Umunyezamu

MVUYEKURE Emery (POLICE FC)

Uyu munyezamu yaje muri Police FC avuye muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopard, byari byitezwe ko ari we munyezamu wa mbere ariko uyu mwaka w’imikino yabanje mu imikino itarenze itatu (3) gusa.

 

Ba myugairo

Mackenzi (Gasogi), SALI BOUBAKAR (AS Kigali), Satulo (AS Kigali), Abouba SIBOMANA (POLICE FC)

Aba ba myugariro harimo 2 ba AS Kigali, aribo SALI na SATULO. Ni abakinnyi AS Kigali yaguze ngo bakemure ikibazo cyo mu mutima w’ubwugarizi, ariko umwaka urangiye nta mukino bakiniye iyi kipe.

Mackenzi na Abouba bakiniye Amakipe akomeye hano mu Rwanda, ariko mu makipe yabo uyu mwaka ubuzima ntibwagenze neza muri shampiyona.

 

Mu kibuga hagati

Migi (Police FC): Umukinnyi w’umunyarwanda waguzwe na Police FC avuye muri Tanzania ariko uyu mwaka awusoje akinnye imikino 4 gusa abanjemo.

Mbilizi Eric (Rayon Sports): Umukinnyi wavuye i Burundi aza mu ikipe ya Rayon Sports. Uyu mwaka w’imikino utangira yarakinaga, niwe watsinze igitego cya Rayon Sports gifugura uyu mwaka w’imikino, ariko uko iminsi yagiye ihita urwego rwe rwaragabanutse.

Mutyaba (Kiyovu Sports): Uyu ni Umukinnyi w’Umugande wasinyishijwe na Kiyovu Sports mu mwaka w’imikino ushize anabafasha iyi kipe, ariko uyu mwaka awusoje akinnye imikino itarenze 2 abanjemo.

 

Ba rutahizamu

Camara (Rayon Sports): Akomoka muri Mali, yasinyishijwe na Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino ariko awusoje atsindiye Rayon Sports ibitego 2 gusa

Paul Were (Rayon Sports): Akomoka muri Kenya, yaje muri Rayon Sports, afite ibiro byinshi, ariko bigaragara ko azafasha ikipe ya Rayon Sports. Kubera ukudahozaho no kutitwara neza, byatumye ikipe ya Rayon Sports, isinyisha Ojera mu mikino yo kwishyura.

Man Yakre (AS Kigali): Ni rutahizamu ukomoka muri Cameroon, waje muri AS Kigali, bamurwanira na Rayon Sports, ariko uyu mwaka urangiye AS Kigali itsindirwa na Tchabarara gusa.

 

Abasimbura:

KABWIRI, ODHIAMBO, NKUBANA, MUVANDIMWE JMV, AMZA, RUGWIRO HERVE, NISHIMWE BLAISE, MASTER, DJABEL, MUGHENI, KHAMISS BIZIMANA, MUGUNGA, TRAORE BOUBAKAR, DOMINIC ANTOINE, KORMISHIN, DJUMA NIZEYIMANA.

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 − 3 =

Previous Post

Uwimenyerezaga ubwarimu aravugwaho ibyumvikana nk’agahomamunwa

Next Post

Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Related Posts

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu
MU RWANDA

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu

by radiotv10
30/12/2025
0

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

30/12/2025
Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

30/12/2025
Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

30/12/2025
Umugaba Mukuru w’abarwanyi ba AFC/M23 Gen.Makenga yahaye ubutumwa abatekereza ko urugamba rwarangiye

Umugaba Mukuru w’abarwanyi ba AFC/M23 Gen.Makenga yahaye ubutumwa abatekereza ko urugamba rwarangiye

30/12/2025
U Rwanda rwagaragaje iby’ingenzi umwaka wa 2025 ukwiye gusiga ku bibazo byo muri Congo

U Rwanda rwagaragaje iby’ingenzi umwaka wa 2025 ukwiye gusiga ku bibazo byo muri Congo

30/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.