Monday, November 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Abanyamakuru bazobereye iby’umupira mu Rwanda bagaragaje ingingo yihariye mu byaranze Shampiyona

radiotv10by radiotv10
31/05/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Radio10, mudatenguha abayumva n’abafatanyabikorwa abanyamakuru bayo ba Siporo bongeye gutungurana
Share on FacebookShare on Twitter

Iyo umwaka w’imikino utangiye, hari abakinnyi baba bahanzwe amaso na benshi bitewe n’ubuhanga baba bazwiho, gusa hari n’abatagira ibidasanzwe bagaragaza, bigatuma icyizere bari bafitiwe gitakara. Dore 11 batengushye benshi bari bitezeho ibitangaza muri uyu mwaka w’imikino mu Rwanda.

Aba bakinnyi bagarutsweho kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro 10 Sports (urukiko), gitambuka kuri Radio 10, gisanzwe gikorwa n’abanyamakuru bazobereye mu by’umupira w’amaguru n’indi mikino.

 

Dore abakinnyi 11 bakwiye kwibazwaho:

Umunyezamu

MVUYEKURE Emery (POLICE FC)

Uyu munyezamu yaje muri Police FC avuye muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopard, byari byitezwe ko ari we munyezamu wa mbere ariko uyu mwaka w’imikino yabanje mu imikino itarenze itatu (3) gusa.

 

Ba myugairo

Mackenzi (Gasogi), SALI BOUBAKAR (AS Kigali), Satulo (AS Kigali), Abouba SIBOMANA (POLICE FC)

Aba ba myugariro harimo 2 ba AS Kigali, aribo SALI na SATULO. Ni abakinnyi AS Kigali yaguze ngo bakemure ikibazo cyo mu mutima w’ubwugarizi, ariko umwaka urangiye nta mukino bakiniye iyi kipe.

Mackenzi na Abouba bakiniye Amakipe akomeye hano mu Rwanda, ariko mu makipe yabo uyu mwaka ubuzima ntibwagenze neza muri shampiyona.

 

Mu kibuga hagati

Migi (Police FC): Umukinnyi w’umunyarwanda waguzwe na Police FC avuye muri Tanzania ariko uyu mwaka awusoje akinnye imikino 4 gusa abanjemo.

Mbilizi Eric (Rayon Sports): Umukinnyi wavuye i Burundi aza mu ikipe ya Rayon Sports. Uyu mwaka w’imikino utangira yarakinaga, niwe watsinze igitego cya Rayon Sports gifugura uyu mwaka w’imikino, ariko uko iminsi yagiye ihita urwego rwe rwaragabanutse.

Mutyaba (Kiyovu Sports): Uyu ni Umukinnyi w’Umugande wasinyishijwe na Kiyovu Sports mu mwaka w’imikino ushize anabafasha iyi kipe, ariko uyu mwaka awusoje akinnye imikino itarenze 2 abanjemo.

 

Ba rutahizamu

Camara (Rayon Sports): Akomoka muri Mali, yasinyishijwe na Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino ariko awusoje atsindiye Rayon Sports ibitego 2 gusa

Paul Were (Rayon Sports): Akomoka muri Kenya, yaje muri Rayon Sports, afite ibiro byinshi, ariko bigaragara ko azafasha ikipe ya Rayon Sports. Kubera ukudahozaho no kutitwara neza, byatumye ikipe ya Rayon Sports, isinyisha Ojera mu mikino yo kwishyura.

Man Yakre (AS Kigali): Ni rutahizamu ukomoka muri Cameroon, waje muri AS Kigali, bamurwanira na Rayon Sports, ariko uyu mwaka urangiye AS Kigali itsindirwa na Tchabarara gusa.

 

Abasimbura:

KABWIRI, ODHIAMBO, NKUBANA, MUVANDIMWE JMV, AMZA, RUGWIRO HERVE, NISHIMWE BLAISE, MASTER, DJABEL, MUGHENI, KHAMISS BIZIMANA, MUGUNGA, TRAORE BOUBAKAR, DOMINIC ANTOINE, KORMISHIN, DJUMA NIZEYIMANA.

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six − one =

Previous Post

Uwimenyerezaga ubwarimu aravugwaho ibyumvikana nk’agahomamunwa

Next Post

Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Related Posts

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) ku nshuro ya mbere mu mateka yashyize hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu...

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

by radiotv10
20/11/2025
0

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru, Amavubi yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku...

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

by radiotv10
20/11/2025
0

Ibihembo by'abahize abandi mu mupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika (CAF Awards 2025) byaranze n'ubwiganze bw’Abanya-Morocco bigukanyemo byinshi dore ko...

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

by radiotv10
20/11/2025
0

Mu gihugu cya Kenya haratangira Shampiyona Nyafurika y’umukino w’amagare, aho u Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi 23 bari mu byiciro umunani. Abakinnyi...

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

IZIHERUKA

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons
AMAHANGA

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

by radiotv10
24/11/2025
0

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’ikirego cy’amashusho y’umuhanzi Yampano n’umukunzi we bakora ibyo mu buriri

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

24/11/2025
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

24/11/2025
Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

24/11/2025
Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

24/11/2025
Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

24/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Mu Rwanda hari aho itike y’urugendo rwo mu mazi ikomeje kubabera amayobera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.