Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Abayobozi b’ikipe bamaze iminsi bavugwaho kurebana ay’ingwe bagaragaye mu mashusho atunguranye

radiotv10by radiotv10
25/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Abayobozi b’ikipe bamaze iminsi bavugwaho kurebana ay’ingwe bagaragaye mu mashusho atunguranye
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Kiyovu Sports Ltd ndetse n’umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports, bari bamaze iminsi bavugwaho kutumvikana, bagaragaye bari kumwe bavuye kurebana umupira bamwenyura, bisa nko gutanga abagabo ko ubu bameranye neza.

Ukutavuga rumwe hagati ya Perezida wa Kiyovu Sports Ltd, Mvukiyehe Juvénal na mugenzi we uyobora ikipe ya Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, kwazamutse nyuma y’ibyagiye bitangazwa n’aba bagabo.

Mvukiyehe Juvénal yavuze ko ari we ufite ububasha ntayegayezwa ku ikipe ya Kiyovu Sports, mu gihe Ndorimana we yavuze ko Mvukiyehe ayobora agashami kamwe ka Kiyovu.

Nyuma hakomeje kumvikana amakuru ko, aba bagabo bari kurebana ay’ingwe, ndetse ko byototeye ikipe bikayigiraho ingaruka mu musaruro wayo.

Gusa ubuyobozi bw’iyi kipe ya Kiyovu Sports, bwagaragaje ko aba bagabo bameranye neza ntakibazo bafitanye, mu gihe abacukumburaga amakuru avamo imbere, bavugaga ko ishyamba atari ryeru.

Nyuma yo kutumvikana kwa Perezida wa Kiyovu Sports Ltd, Mvukiyehe Juvénal na mugenzi we uyobora Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, kuri ubu umwuka ni mwiza hagati y’aba bayobozi nyuma y’ibiganiro ku mpande zombi. pic.twitter.com/WYaD6fIV2b

— RadioTv10 Rwanda (@Radiotv10rwanda) September 25, 2023

Mu butumwa, ubuyobozi bwa Kiyovu bwanyujije kuri X, hariho ifoto igaragaza Mvukiyehe na Ndorimana bicaye mu kabari bari kurebana umupira kuri televiziyo.

Ubutumwa buherekeje iyi foto, bugira buti “Umwuka muri Kiyovu sport wifashe ute? nyuma y’ibimaze igihe bivugwa?”

Nanone kandi ubuyobozi bw’iyi kipe, bwagaragaje amashusho y’aba bagabo bombi, basohoka muri ako kabari, bari kumwe baganira baseka.

Barebanye umupira kuri iki Cyumweru

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 11 =

Previous Post

IFOTO: Ababyeyi baratekerereza umwana ahazaza he…Ifoto yavuzweho n’umuvugizi w’u Rwanda

Next Post

Ukraine yigambye igishobora gukora mu jisho u Burusiya cyerekeye umukomando wabwo ukomeye

Related Posts

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

by radiotv10
25/07/2025
0

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Mavubi, Nshuti Innocent, yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa ES Zarzis yo mu Cyiciro cya Mbere muri Tunisia. Nshuti...

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

by radiotv10
24/07/2025
0

Claude Niyomugabo, myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC anabereye kapiteni, ari mu biganiro na Simba Sports Club yo muri...

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

by radiotv10
24/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yitegura igaruka rya Shampiyona ndetse no kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, irerekana...

Cyera kabaye Kiyovu iratangira imyitozo, Haringingo na Amissi Cedrick baritezwe

Cyera kabaye Kiyovu iratangira imyitozo, Haringingo na Amissi Cedrick baritezwe

by radiotv10
23/07/2025
0

Umutoza mushya wa SC Kiyovu, Haringingo Francis Christian aratangiza imyitozo itegura umwaka w'imikino 2025-2026 kuri iyi kipe yahise ininjiza Amiss...

Hamenyekanye amakipe azwi ashobora gukina na APR nyuma yo kwipima n’ayo mu Rwanda

Hamenyekanye amakipe azwi ashobora gukina na APR nyuma yo kwipima n’ayo mu Rwanda

by radiotv10
23/07/2025
0

Ikipe ya APR FC ikomeje imyiteguro y'umwaka utaha w'imikino, aho mu makipe yifuza gukina na yo imikino ya gicuti harimo...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ukraine yigambye igishobora gukora mu jisho u Burusiya cyerekeye umukomando wabwo ukomeye

Ukraine yigambye igishobora gukora mu jisho u Burusiya cyerekeye umukomando wabwo ukomeye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.