Kayonza: Uwari watawe n’umugore we yafashe icyemezo kibababaje
Mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’umugabo ukekwaho kwiyahura nyuma yuko atawe n’umugore we babanaga batarasezerana....
Read moreDetailsMu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’umugabo ukekwaho kwiyahura nyuma yuko atawe n’umugore we babanaga batarasezerana....
Read moreDetailsPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ruhango, yataye muri yombi abagabo batatu bafatiwe mu cyuho bagerageza guha ruswa Umupolisi...
Read moreDetailsUmutwe wa M23 wungutse abarwanyi babiri mu cyiciro cy’Abajenerali nyuma yo kubazamura mu ntera ibakuye ku ipeti rya Colonel ikabaha...
Read moreDetailsProf. Kalisa Mbanda wari umaze imyaka 10 ari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yitabye Imana azize uburwayi atari amaranye iminsi....
Read moreDetailsIngabo z’u Rwanda zungutse abasirikare 127 bafite ubumenyi mu gucuranga no gusurutsa abantu mu birori, ibizwi nk’akarasisi, bari bamaze umwaka...
Read moreDetailsUmwana w’imyaka 11 wazize impanuka y’imodoka yari imujyanye we na bagenzi be ku ishuri bigaho ku munsi wa mbere w’igihembwe...
Read moreDetailsAbanyeshuri bo muri Kaminuza ya Kinshasa (Université de Kinshasa) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakwiriye imishwaro ubwo baraswagamo urufaya...
Read moreDetailsBamwe mu bifuza kuruhuka bafata urugendo bakerecyeza ku kiyaga cyangwa ku nyanja ubundi bakurira ubwato bagatembera mu mazi rwagati cyangwa...
Read moreDetailsUmutunganyamuziki Element ugezweho mu Rwanda muri iyi minsi, yamaze gusinya amasezerano yo gukorera studio y’imwe mu nzu zireberera inyungu z’abahanzi...
Read moreDetailsU Budage bwasabye ko imvugo z’urwango za bamwe mu bategetsi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibasira abavuga Ikinyarwanda...
Read moreDetails