AMAKURU MASHYA: MINISANTE yemeje ko Omicron yagaragaye mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu bafite ubwandu bw'ubwoko bushya bwa COVID-19 buhangayikishije buzwi nka Omicron bwari bumaze...
Read moreDetailsMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu bafite ubwandu bw'ubwoko bushya bwa COVID-19 buhangayikishije buzwi nka Omicron bwari bumaze...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda yashyizeho ingamba nshya zo kwirinda ikwirakwira rw’Icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugaragara mu isura nshya aho yahagaritse ibitaramo...
Read moreDetailsUmusekirite yashyamiranye n'usanzwe ashakishiriza imibereho i Nyabugogo ahacururizwa Telefone zakoze, bapfa amafaranga, aramuterura amukubita hasi ahita agwa igihumure ku buryo...
Read moreDetailsNyuma y’amezi ane kwa Kimenyi Yves bibarutse impfura yabo, Miss Uwase Muyango Claudine yagaragaje amafoto yerekana uyu mwana wabo no...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda yashyizeho igiciro ntarengwa cya Gaz cyari kimaze iminsi cyaratumbagiye aho ubu ikilo kimwe kizajya kigura 1 260...
Read moreDetailsUbushakashatsi ngarukamwaka buzwi nka Rwanda Bribery Index bukorwa na Transparency International Rwanda, ubw’uyu mwaka bugaragaza ko Abanyarwanda 23% batswe ruswa,...
Read moreDetailsUrugo rwa Hon. Robert Kyagulanyi uzwi ka Bobi Wine rwongeye kuzengurukwa n’abasirikare n’Abapolisi ku buryo ubu atemerewe kuva iwe cyangwa...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda yasabye ibisobanuro Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) ku banyarwanda umunani bahamijwe ibyaha bya Jenoside...
Read moreDetailsIshyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse Abasifuzi 4 kubera amakosa bakoze mu mikino iheruka, barimo Ugirashebuja Ibrahim wasifuye umukino...
Read moreDetailsUmunyarwandakazi Ingabire Grace uri mu irushanwa rya Miss World 2021, yongeye kubura mu cyiciro kimwe cyo muri iri rushanwa aho...
Read moreDetails