Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana yemeje Itegeko rishya riteganya igifungo kuva ku myaka itatu ku muntu wese wahamwe n'icyaha cyerekeye ibikorwa byo kuryamana kw’abahuje igitsina. Umushinga w’iri tegeko kandi unateganya...
Read moreIgitero cyagabwe ku cyicaro gikuru cy’urwego rushinzwe iperereza muri Chad, birakekwa ko cyagabwe n’abo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri iki Gihugu. Iki gitero cyagabwe ku cyicaro gikuru cya...
Read moreIhuriro AFC ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryamaganye ibikorwa bitemewe n’amategeko bikorwa n’ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) birimo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, nko kujyana inkomere zawo ikoresheje kajugujugu...
Read moreMinisiteri y’Ubwikorezi n’Ibikorwa Remezo muri Mali, yatangaje ko abantu 31 baguye mu mpanuka ya Bisi ubwo umushoferi wari uyitwaye, yagiraga uburangare agata umurongo. Uretse aba bantu 31 baguye muri iyi...
Read moreGuverinoma ya Mongolia yatangaje ko inyamaswa zirenga miliyoni ebyiri zirimo n’amatungo yororwa, zishwe n’ubukonje bukabije buri muri iki Gihugu, muri iki gihe cy’itumba rimwe gusa. Ibi byatangajwe n’umwe mu bagize...
Read morePerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiye kuganira na mugenzi wa wa Angola, João Lourenço; atanga icyifuzo anemeza ko yazahura na Perezida Paul Kagame, anavuga ibyo yifuza...
Read moreLeta Zunze Ubumwe za America zashyiriyeho Sudan intumwa yihariye, mu rwego rwo kongera kugerageza bundi bushya, kumvikanisha impande zihanganye mu ntambara imaze amezi 10 muri Sudan. Itangazo ryashyizweho umukono n’Umunyamabanga...
Read moreUmutwe wa M23 wavuze ko wafatiye ku rugamba ibikoresho byinshi by’uruhande bahanganye rugizwe n’abarimo FARDC na FDLR, ndetse n’abana bagizwe abasirikare bari gukoreshwa mu mirwano, akaba ari bo bashyirwa imbere...
Read morePerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yakiriye mu rwuri rwe, William Ruto wa Kenya ari kumwe na Raila Odinda bahatanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, umwe agatsinda undi bikanakurikirwa no guhangana....
Read moreGuverinoma y’u Burundi yatangaje ko igitero cyagabwe n’Umutwe wa RED-Tabara, cyahitanye abantu icyenda (9) barimo abagore batandatu (6) n’umusirikare umwe, inongera gukomoza ku birego ishinja u Rwanda gufasha uyu mutwe,...
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw