Umunsi w’ 110 w’intambara ya Israel n'umutwe wa Hamas ufite ibirindiro muri Gaza, usize Israel irira ayo kwarika nyuma yo gutakaza abasirikare 24 benshi bagakomereka kubera ibitero bya Hamas. Usibye...
Read moreUmutwe wa M23 watangaje ko imwe mu ndege zitagira abapilote z’igisirikare cya Congo, zimaze iminsi ziyirasaho, wayihanuye, unagaragaza bimwe mu bice byayo. Byatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, Lawrence...
Read moreUbunyamabanga Bukuru bwa Leta muri Perezidansi y’u Burundi, bwabaye nk’ubunyuranya n’ibiherutse gutangazwa na Perezida Evariste Ndayishimiye ko yifuza gufasha urubyiruko rw’u Rwanda rugakuraho ubutegetsi, buvuga ko uko byakiriwe atari ko...
Read moreNyuma y’uko hakwirakwijwe amashusho y’Umukozi w’Imana wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyingiranywe n’umukobwa muto yakabereye sekuru kuko amurusha imyaka 50, ndetse akaba yari umugore wa 12, yatawe muri...
Read moreJoseph Boakai w’imyaka 79 y’amavuko uherutse gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Liberia, mu ijambo yavuze ubwo yarahiraga nubwo atarisoje, yagaragaje ko muri iki Gihugu hakenewe kwimakazwa ubumwe. Gusa ni umuhango...
Read moreNyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite mu Bwongereza batoye umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, umutwe wa ‘House of Lords’ watoye ko iyi gahunda iba ihagaze hakagira ibibanza gusobanurwa....
Read moreUkuriye dipolomasi ya Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken, agiye kugirira uruzinduko rw’akazi mu Bihugu bitandukanye byo ku Mugabane wa Afurika, mu rwego rwo kongera kuzamura icyizere cy’umubano w’ibi...
Read moreUmutwe wa M23 washyizeho amabwiriza agomba kugenderwaho mu bice ugenzura arimo amasaha ibikorwa bigomba kuba byafungiweho, nyuma y’uko ukomeje kotswa igitutu mu bitero by’indege birimo ibyahitanye abakomando bawo babiri. Ni...
Read moreAkanama gashinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko agenga Igihugu cya Senegal, kashyize hanze urutonde ntakuka rw’abakandida bateganyijwe kuzahatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu, azaba mu kwezi gutaha, aho bwa mbere mu mateka...
Read moreIgihugu cya Cameroon cyabaye icya mbere cyatangirijwemo ibikorwa byo gutanga urukingo rwa Malaria mu buryo buhoraho atari mu igerageza, nyuma y’uko OMS irwemeje. Ni igikorwa cyatangiye kuri uyu wa Mbere,...
Read more