Nikki Haley wari uhanganye na Donald Trump mu matora y’ibanze y’uzahagararira Abarepubulikani mu matora y’Umukuru w’Igihugu, yakuyemo ake karenge, asiga...
Read moreDetailsDonald Trump uri guhatana mu matora y’ibanze y’uzahagararira ishyaka rye ry’Abarepubulikani mu Matora y’Umukuru w’Igihugu, bwa mbere yatsinzwe na Nikki...
Read moreDetailsUmuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wakiriye byuzuye igihugu cya Somalia nk’umunyamuryango mushya, bituma uyu Muryango uhita ugirwa n’Ibihugu umunani, nyuma...
Read moreDetailsUbunyamabanga Bukuru bw'Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bwanyomoje amakuru yavugaga ko hasohotse ifaranga rya mbere rihuriweho n’Ibihugu bigize uyu muryango,...
Read moreDetailsUmuyobozi w’inzibacyuho wa Tchad, Mahamat Idriss Déby, yemeje ko azatanga kandidatire ye mu matora ya Perezida ateganyijwe ku ya 6...
Read moreDetailsDonald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America akaba ashaka kongera gusubirana uyu mwanya, biravugwa ko naramuka...
Read moreDetailsAli Hassan Mwinyi wahoze ari Perezida w’Igihugu cya Tanzania, yitabye Imana ku myaka 98 y’amavuko nk’uko byatangajwe na Perezida w’iki...
Read moreDetailsIhuriro AFC ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryamaganye ibikorwa bitemewe n’amategeko bikorwa n’ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) birimo gukorana...
Read moreDetailsPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiye kuganira na mugenzi wa wa Angola, João Lourenço; atanga icyifuzo...
Read moreDetails