Igitangazamakuru cya TV10 kigiye gutangiza ikiganiro cy’ubusesenguzi ku ngingo zinyuranye, kizakorwa n’abanyamakuru basanzwe bazwiho ubuhanga mu gusesengura barimo Karegeya Omar...
Read moreDetailsUmugabo w’imyaka 41 y’amavuko wo mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera wari umaze imyaka 25 acikirije ishuri, akaba...
Read moreDetailsBamwe mu bahinga ibirayi bo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bamaze kuzengerezwa n’indwara ya Sempeshyi...
Read moreDetailsMadamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame avuga ko abana b’u Rwanda bakwiye kuragwa ibyiza bibumbatiye ubumwe bw’Abanyarwanda, aho kuragwa...
Read moreDetailsUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Ubutwererane bw’akarere, General (Rtd) James Kabarebe yatangaje ko muri uyu mwaka utararangira...
Read moreDetailsBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza bibaza impamvu bigeze kwizezwa ko bazahabwa ubutaka bwo...
Read moreDetailsMu gihe Raporo ya Banki y’Isi igaragaza ko u Rwanda ruri mu Bihugu bitatu ku isi byugarijwe n’izamuka rikabije ry’ibiciro...
Read moreDetailsSosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yahuje imbaraga n’Ikigo GSMA mu mikoranire igamije kuzamura ubumenyi mu by’ikoranabuhanga mu Rwanda, izanyuzwa mu...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda yatanze imfashanyo irimo ibitunga umubiri n’imiti, byo gufasha imbabare zagizweho ingaruka n’intambara muri Gaza, ihanganishije Israel na...
Read moreDetails