Umusore witwa Gasana Lionel Ritchie akurikiranyweho kwiyita umusirikare mu ngabo z’u Rwanda ufite ipeti rya Lt. Col ubundi agakodesha imodoka mu ruganda rwa Volkswagen ntiyishyure ndetse agashaka no kuyigumana. Uyu...
Read morePolisi y’u Rwanda yerekanye abafana 15 bafatiwe ku mukino wahuje APR FC n Rayon Sports ubwo berekanaga ubutumwa bugufi bw’ubuhimbano bwerekana ko bisuzumishije icyorezo cya COVID-19, bakaba bakukiranyweho icyaha Guhimba,...
Read moreAbanyarwanda baba muri Sweden bababajwe n’urupfu rwa Ingabire Diane wari muri komite ya Diaspora Nyarwanda yo muri kiriya Gihugu, bikekwa ko yishwe n’umugabo we bari bamaze iminsi bafitanye ibibazo. Ubutumwa...
Read morePerezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye Inteko Zishinga Amategeko kugira uruhare mu gufasha Guverinoma z'ibihugu byazo kwikura mu ngaruka zatewe n’icyorezo cya COVID-19 cyashegeshe ubukungu bw’Ibihugu. Yabuvuze kuri uyu wa...
Read moreSelemani Kabayija wari mu bayoboye igitero cyagabwe mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze muri 2019 kigahitana Abanyarwanda 15, yasabiwe gufungwa burundu. Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bumaze iminsi buburana n’abaregwa...
Read moreLouise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa OIF, yakiriwe n’Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Nyirubutungane Papa Francis, avayo avuga uburyo ari umugabo wiyoroshya bihebuje. Louise Mushikiwabo yagaragaje akanyamuneza yatewe no...
Read moreAbakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto bo mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ahantu hose basigaye bahagarara basigaye bacibwa amande yo guhagarara nabi mu gihe Polisi yo ivuga ko...
Read moreBamwe mu babyeyi bafite abana biga mu bigo by’amashuri bitabegereye bari guhura n’imbogamizi zo gufasha abana babo guhabwa inkingo za COVID-19 basabwa kubanza kubasinyira aho umwe agira ati “Ibaze kuva...
Read moreMu mukino w’ishiraniro wari utegerejwe n’imbaga ya benshi, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC isubiriye mucyeba wayo Rayon Sports iyitsinda 2-1 bituma iyi kipe iyitsinda ubugirakabiri mu mikino ibiri iheruka...
Read morePerezida Kagame Paul yavuze ko gukomeza gushyira imbere umutekano muri Africa ari byo bizatuma uyu mugabane ugera ku ntego zawo zo guhuza imbaraga mu gukomeza kuzamura iterambere n’ubukungu byawo. Yabivuze...
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw