Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

CRICKET: U Rwanda rwatangiye rutsindwa na Tanzania mbere yo gucakirana na Nigeria

radiotv10by radiotv10
01/10/2021
in SIPORO
0
CRICKET: U Rwanda rwatangiye rutsindwa na Tanzania mbere yo gucakirana na Nigeria
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kane tariki 30 Nzeri 2021 ubwo hatangiraga imikino Nyafurika yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri West Indies mu bakinnyi batarengeje imyaka 19. U Rwanda rwatsinzwe na Tanzania amanota 122-118.

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Tanzania niyo  yatsinze Toss, Gutombora kubanza ku Batinga  cyangwa ku Bollinga maze bahitamo gutangira baboringa,kubanza gutangira batera udupira arinako babuza u Rwanda gutsinda amanota menshi.

Birumvikana ko u Rwanda rwatangiye ru batting kubanza gukubita udupira unashaka uko ushyiraho amanota menshi.

Igice cyambere cyarangiye (Innings break) ikipe yu Rwanda ikinnye Overs 45 zingana nudupira 270, ibi bikaba byatewe n’imvura nyinshi yaririmo n’umuyaga mwinshi byatumye umukino uhagarara.

U Rwanda rukaba rwatsinze amanota 118(Total runs),abakinnyi 6 bu rwanda nibo basohowe n’ikipe y’igihugu ya tanzaniya (6 wickets).

Image

U Rwanda rwasoje rufite amanota 118 mu gihe Tanzania yatsinze amanota 122

Byabaye ngombwa ko nigice cya kabiri gitangira ikipe yigihugu ya Tanzaniya isabwa gukina Overs 36 nayo kuko ariyo yarigiye ku batting(Gukubita udupira inashaka gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho nu Rwanda,kingana n’amanota 118 wongeyeho inota 1

Ntibyasabye ko tanzaniya ikina Overs zayo zose kuko muri overs 32 gusa bari bamaze gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho nu Rwanda , bakaba bari bamaze gutsinda amanota 122 ( Total runs) mu gihe abakinnyi batandatu aribo basohowe n’ikipe y’u Rwanda.

Image

Image

Ikipe y’igihugu ya Tanzania yatangiye itsinda u Rwanda rwakiriye irushanwa

U Rwanda rukaba rwatakaje umukino wa mbere muri iyi mikino mbere yo gucakirana na Nigeria kuri uyu wa gatanu mu gihe Tanzania ihura na Namibia.

Image

Ikipe y’igihugu ya Namibia igomba gukina na Tanzania kuri uyu wa gatanu

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 + 15 =

Previous Post

Byiringiro Lague yasezeranye mu mategeko na Kelia Uwase-AMAFOTO

Next Post

GMO irasaba abikorera kubahiriza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

Related Posts

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

by radiotv10
09/05/2025
0

Abazitabira imikino nyafurika ya BAL 2025, bazasusurutswa n’abahanzi barimo uzwi ku Mugabane wa Afurika, King Promise wamenyekanye mu ndirimbo nka...

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

by radiotv10
08/05/2025
0

Ikipe ya AS Muhanga yaherukaga mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda muri 2014 na Gicumbi FC yagiherukagamo muri...

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

by radiotv10
08/05/2025
0

Ubuyozi bw’Umujyi wa Kigali, bugiye gukuraho inkunga bwahaga andi makipe azwi muri ruhago nyarwanda nka Kiyovu Sports na Gasogi United,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

by radiotv10
07/05/2025
0

Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports, Ombolenga Fitina yandikiye iyi kipe iherutse kumugura, ayisaba ko basesa amasezerano kubera kutubahiriza...

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

by radiotv10
07/05/2025
0

Ndayishimiye Thierry wakinaga mu bwugarizi bw’ikipe ya AS Kigali, yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, aho yerecyeje ku Mugabane w’u...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
GMO irasaba abikorera kubahiriza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

GMO irasaba abikorera kubahiriza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.