Sunday, December 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe

radiotv10by radiotv10
08/08/2024
in MU RWANDA, UDUSHYA
0
Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe
Share on FacebookShare on Twitter

Kimwe mu bikunze gutera ipfunwe abantu, ni ibiheri byo mu maso, bigera mu isura ya bamwe bikayihindanya, ku buryo hari n’abagenda bumva batifitiye icyizere mu nzira. Gusa hari uburyo bwafasha ababaswe n’ibiheri guca ukubiri na byo.

Ibiheri byo mu maso bikunze kwibasira ab’igitsinagore, ndetse bamwe kugira ngo biveho bigafata igihe kinini, ku buryo hari abiyambaza abahanga mu gusiga ibirungo by’umubiri (make up) kugira ngo babihishe.

Gusa ibirungo by’umubiri na byo iyo bibaye byinshi bishobora kugira ingaruka ku ruhu rw’umuntu kubera bimwe mu biba bibigize.

Bamwe ntibamenya uburyo bakwifashisha bivura ibiheri byo mu maso, ari na yo mpamvu twegeranyije ibyafasha ababite:

Umunyu uri mu mazi y’akazuyazi

Fata umunyu uwushyire mu mazi y’akazuyazi, ubundi ufate agatambaro gasa neza ugakoze muri ya mazi ukoze ku giheri, ureke amazi yumireho, ubundi uze kubanza guhanagura umunyu n’amazi meza, amazi adatembeye ahandi, ubundi woge mu maso neza n’amazi meza.

Vinegar

Vinegar na yo wayikoresha ufata ipamba ugatonyangirizaho udutonyanga twa Vinegre ugasiga ku giheri, ubundi ukaza koga neza ukoresheje amazi meza.

Urunyanya

Urunyanya na rwo urusiga ahari ibiheri, cyane ko rwo warusiga mu maso hose kuko rufasha kugira mu maso heza, warangiza byamaze kuma ugakaraba.

Ibumba ry’icyatsi

Ibumba na ryo urishyira mu mazi y’akazuyazi, ubundi ugasigaho, byamara kuma ugakaraba neza mu maso, bikaba byagufasha gukira ibiheri mu maso.

Kudahindagura amavuta yo kwisiga

Abantu bamwe bakunda guhindagura amavuta yo kwisiga, mu gihe abahanga mu byo kwita ku ruhu, bavuga ko bituma rutamenyera amavuta, bityo bikaba byatera ibiheri.

Kwirinda kwihanaguza mu maso isuyume (Essui-Main) isa nabi

Iyo isuyume isa nabi mu maso ishobora kukugiraho ingaruka, ukaba warwara ibiheri byo mu maso, rero ihanaguze isuyume isa neza kandi idatose.

Isimbi Noella AKIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 12 =

Previous Post

Amakuru agezweho ku mukino wari wazamuye impaka mu Rwanda rwari rwabuze gica

Next Post

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Related Posts

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Rwanda’s digital identity scheme is making progress toward its planned June 2026 rollout, with 300,000 now registered for the scheme,...

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

by radiotv10
13/12/2025
0

Mu muhango wo gusezerera ku Bapolisi 74 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy'izabukuru, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Felix...

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

by radiotv10
13/12/2025
0

Patriotism is more than singing the national anthem or proudly wearing the colors of our flag. It is a deep...

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare 21 065 mu Ngabo z’u Rwanda, bazamuwe mu mapeti, barimo 10 260 bahawe ipeti rya Sergeant bakuwe ku rya...

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Gakeshyi mu Karere ka Gakenke, yafatanywe ibilo 17 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi na Litiro 14 za Kanyanga,...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

13/12/2025
Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.