Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe

radiotv10by radiotv10
08/08/2024
in MU RWANDA, UDUSHYA
0
Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe
Share on FacebookShare on Twitter

Kimwe mu bikunze gutera ipfunwe abantu, ni ibiheri byo mu maso, bigera mu isura ya bamwe bikayihindanya, ku buryo hari n’abagenda bumva batifitiye icyizere mu nzira. Gusa hari uburyo bwafasha ababaswe n’ibiheri guca ukubiri na byo.

Ibiheri byo mu maso bikunze kwibasira ab’igitsinagore, ndetse bamwe kugira ngo biveho bigafata igihe kinini, ku buryo hari abiyambaza abahanga mu gusiga ibirungo by’umubiri (make up) kugira ngo babihishe.

Gusa ibirungo by’umubiri na byo iyo bibaye byinshi bishobora kugira ingaruka ku ruhu rw’umuntu kubera bimwe mu biba bibigize.

Bamwe ntibamenya uburyo bakwifashisha bivura ibiheri byo mu maso, ari na yo mpamvu twegeranyije ibyafasha ababite:

Umunyu uri mu mazi y’akazuyazi

Fata umunyu uwushyire mu mazi y’akazuyazi, ubundi ufate agatambaro gasa neza ugakoze muri ya mazi ukoze ku giheri, ureke amazi yumireho, ubundi uze kubanza guhanagura umunyu n’amazi meza, amazi adatembeye ahandi, ubundi woge mu maso neza n’amazi meza.

Vinegar

Vinegar na yo wayikoresha ufata ipamba ugatonyangirizaho udutonyanga twa Vinegre ugasiga ku giheri, ubundi ukaza koga neza ukoresheje amazi meza.

Urunyanya

Urunyanya na rwo urusiga ahari ibiheri, cyane ko rwo warusiga mu maso hose kuko rufasha kugira mu maso heza, warangiza byamaze kuma ugakaraba.

Ibumba ry’icyatsi

Ibumba na ryo urishyira mu mazi y’akazuyazi, ubundi ugasigaho, byamara kuma ugakaraba neza mu maso, bikaba byagufasha gukira ibiheri mu maso.

Kudahindagura amavuta yo kwisiga

Abantu bamwe bakunda guhindagura amavuta yo kwisiga, mu gihe abahanga mu byo kwita ku ruhu, bavuga ko bituma rutamenyera amavuta, bityo bikaba byatera ibiheri.

Kwirinda kwihanaguza mu maso isuyume (Essui-Main) isa nabi

Iyo isuyume isa nabi mu maso ishobora kukugiraho ingaruka, ukaba warwara ibiheri byo mu maso, rero ihanaguze isuyume isa neza kandi idatose.

Isimbi Noella AKIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 5 =

Previous Post

Amakuru agezweho ku mukino wari wazamuye impaka mu Rwanda rwari rwabuze gica

Next Post

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Related Posts

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugore wari umaze ukwezi ashatse mu murenge wa Muganza yagerageje kwiyahura akoresheje igitenge ubwo umugabo yari amaze kumubwirira mu buriri...

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugabo wagaragaye mu Mujyi wa Kigali afite umuhoro ashaka gutema abantu anamenagura imodoka yasangaga ziparitse, yafashwe, ndetse iperereza rigaragaza ko...

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Mu busabane bwa Noheli Gianni Infantino, Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yagiranye n’abakiri bato bafite impano muri uyu...

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

IZIHERUKA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka
MU RWANDA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.