Monday, December 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe

radiotv10by radiotv10
08/08/2024
in MU RWANDA, UDUSHYA
0
Dore uburyo bworoshye wakoresha ugaca ukubiri n’ibiheri byo mu maso bijya bitera bamwe ipfunwe
Share on FacebookShare on Twitter

Kimwe mu bikunze gutera ipfunwe abantu, ni ibiheri byo mu maso, bigera mu isura ya bamwe bikayihindanya, ku buryo hari n’abagenda bumva batifitiye icyizere mu nzira. Gusa hari uburyo bwafasha ababaswe n’ibiheri guca ukubiri na byo.

Ibiheri byo mu maso bikunze kwibasira ab’igitsinagore, ndetse bamwe kugira ngo biveho bigafata igihe kinini, ku buryo hari abiyambaza abahanga mu gusiga ibirungo by’umubiri (make up) kugira ngo babihishe.

Gusa ibirungo by’umubiri na byo iyo bibaye byinshi bishobora kugira ingaruka ku ruhu rw’umuntu kubera bimwe mu biba bibigize.

Bamwe ntibamenya uburyo bakwifashisha bivura ibiheri byo mu maso, ari na yo mpamvu twegeranyije ibyafasha ababite:

Umunyu uri mu mazi y’akazuyazi

Fata umunyu uwushyire mu mazi y’akazuyazi, ubundi ufate agatambaro gasa neza ugakoze muri ya mazi ukoze ku giheri, ureke amazi yumireho, ubundi uze kubanza guhanagura umunyu n’amazi meza, amazi adatembeye ahandi, ubundi woge mu maso neza n’amazi meza.

Vinegar

Vinegar na yo wayikoresha ufata ipamba ugatonyangirizaho udutonyanga twa Vinegre ugasiga ku giheri, ubundi ukaza koga neza ukoresheje amazi meza.

Urunyanya

Urunyanya na rwo urusiga ahari ibiheri, cyane ko rwo warusiga mu maso hose kuko rufasha kugira mu maso heza, warangiza byamaze kuma ugakaraba.

Ibumba ry’icyatsi

Ibumba na ryo urishyira mu mazi y’akazuyazi, ubundi ugasigaho, byamara kuma ugakaraba neza mu maso, bikaba byagufasha gukira ibiheri mu maso.

Kudahindagura amavuta yo kwisiga

Abantu bamwe bakunda guhindagura amavuta yo kwisiga, mu gihe abahanga mu byo kwita ku ruhu, bavuga ko bituma rutamenyera amavuta, bityo bikaba byatera ibiheri.

Kwirinda kwihanaguza mu maso isuyume (Essui-Main) isa nabi

Iyo isuyume isa nabi mu maso ishobora kukugiraho ingaruka, ukaba warwara ibiheri byo mu maso, rero ihanaguze isuyume isa neza kandi idatose.

Isimbi Noella AKIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − three =

Previous Post

Amakuru agezweho ku mukino wari wazamuye impaka mu Rwanda rwari rwabuze gica

Next Post

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

by radiotv10
22/12/2025
0

Umuhungu w’imyaka 28 usanzwe ari umukozi wo mu rugo ruherereyeye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, ari gushakishwa...

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

by radiotv10
22/12/2025
0

Kwizera Elias w’imyaka 25 wabarizwaga mu kagari ka Kingwa ko mu murenge wa Gitambi yasanzwe mu mazi y’amashyuza mu kagari...

How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

by radiotv10
22/12/2025
0

In today’s Rwanda, a new generation is quietly redefining success. Young people are dreaming bigger than ever, building careers in...

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

by radiotv10
20/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, byibanze ku guteza imbere...

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

by radiotv10
20/12/2025
0

Bamwe mu barema isoko ry’amatungo magufi ryo mu Murenge wa Kabarondo, bavuga ko babangamirwa n’uko ritazitiye, bigatuma amatungo yangiza ubusitani...

IZIHERUKA

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye
FOOTBALL

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

22/12/2025
Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

22/12/2025
How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

22/12/2025
UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

21/12/2025
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Hari kurangishwa amafaranga yatoraguwe ku Mupaka w’u Rwanda na Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.