Friday, November 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Dosiye y’ikirego cy’Umunyarwenya ukunzwe na benshi mu Rwanda yamaze kuzamurwa

radiotv10by radiotv10
22/08/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
2
Dosiye y’ikirego cy’Umunyarwenya ukunzwe na benshi mu Rwanda yamaze kuzamurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo muri film z’urwenya akaba ari umwe mu bakunzwe na benshi mu Rwanda, watawe muri yombi mu cyumweru gishize, yamaze gukorerwa dosiye y’ikirego ikaba yanagejejwe mu Bushinjacyaha.

Amakuru yemeza ko Nyaxo yatawe muri yombi ku wa Kane tariki 18 Kanama 2022 akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.

Iki cyaha gikekwa kuri Nyaxo, giteganywa n’Ingingo y’ 121 yo mu gitabo cy’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange; gihanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka itatu n’itanu.

Amakuru avuga ko uyu munyarwenya akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa umugabo akamukubita icupa mu mutwe, aho iki cyaha akekwaho cyakorewe mu Kagari ka Rugarama mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacya RIB, rwataye muri yombi uyu munyarwenya, rwamaze gukora Dosiye ndetse rukaba rwayishyikirije Ubushinjacyaha kuri uyu wa Mbere tariki 22 Kanama 2022.

Nyaxo ubu ufungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Nyamirambo, ni umwe mu banyarwenya bafite abakunzi benshi mu Rwanda kubera uburyo asetsamo muri film z’urwego z’uruhererekane yitiriwe nka Nyaxo.

Uyu musore uzwiho gusetsa kandi aherutse kugaragara mu mashusho y’indirimbo ya Knowless yitwa Tobora aherutse gushyira hanze.

Nyaxo ni umwe mu banyarwenya bafite abakunzi benshi mu Rwanda

RADIOTV10

Comments 2

  1. Brave steward says:
    3 years ago

    Yooooooo!!! Nafungwe disi😋😛👁️

    Reply
  2. eric says:
    3 years ago

    ebana sha bashyiremo imiyaga kabissa

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 − 1 =

Previous Post

Perezida Kagame yakiriye Igikomangoma cy’u Bwongereza Prince Harry uri mu Rwanda

Next Post

Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Related Posts

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Nyuma y’amaze abiri agaragaje umukunzi we akanamwambika impeta y’urukundo amusaba ko bazashyingiranwa,umuhanzi Niyo Bosco yashyize hanze amataliki y’ubukwe. “Imana izaha...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.