Friday, December 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Dosiye y’ikirego cy’Umunyarwenya ukunzwe na benshi mu Rwanda yamaze kuzamurwa

radiotv10by radiotv10
22/08/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
2
Dosiye y’ikirego cy’Umunyarwenya ukunzwe na benshi mu Rwanda yamaze kuzamurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo muri film z’urwenya akaba ari umwe mu bakunzwe na benshi mu Rwanda, watawe muri yombi mu cyumweru gishize, yamaze gukorerwa dosiye y’ikirego ikaba yanagejejwe mu Bushinjacyaha.

Amakuru yemeza ko Nyaxo yatawe muri yombi ku wa Kane tariki 18 Kanama 2022 akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.

Iki cyaha gikekwa kuri Nyaxo, giteganywa n’Ingingo y’ 121 yo mu gitabo cy’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange; gihanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka itatu n’itanu.

Amakuru avuga ko uyu munyarwenya akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa umugabo akamukubita icupa mu mutwe, aho iki cyaha akekwaho cyakorewe mu Kagari ka Rugarama mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacya RIB, rwataye muri yombi uyu munyarwenya, rwamaze gukora Dosiye ndetse rukaba rwayishyikirije Ubushinjacyaha kuri uyu wa Mbere tariki 22 Kanama 2022.

Nyaxo ubu ufungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Nyamirambo, ni umwe mu banyarwenya bafite abakunzi benshi mu Rwanda kubera uburyo asetsamo muri film z’urwego z’uruhererekane yitiriwe nka Nyaxo.

Uyu musore uzwiho gusetsa kandi aherutse kugaragara mu mashusho y’indirimbo ya Knowless yitwa Tobora aherutse gushyira hanze.

Nyaxo ni umwe mu banyarwenya bafite abakunzi benshi mu Rwanda

RADIOTV10

Comments 2

  1. Brave steward says:
    3 years ago

    Yooooooo!!! Nafungwe disi😋😛👁️

    Reply
  2. eric says:
    3 years ago

    ebana sha bashyiremo imiyaga kabissa

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + seven =

Previous Post

Perezida Kagame yakiriye Igikomangoma cy’u Bwongereza Prince Harry uri mu Rwanda

Next Post

Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Related Posts

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi uzwiho ubuhanga mu gusoma amakuru kuri Televiziyo, yatangaje itariki azakoreraho ubukwe n’umukunzi we. Uyu munyamakuru ukorera...

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

by radiotv10
19/12/2025
0

Edouard Bamporiki wagize imyanya inyuranye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko muri Guverinoma, yagaragaje ibyishimo atewe n’isabukuru y’imyaka 15 amaze...

Should parents still choose careers for their children?

Should parents still choose careers for their children?

by radiotv10
19/12/2025
0

For decades, many families have believed that parents should play a major, sometimes final role in deciding their children’s careers....

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Umuhanzi w’icyamamare Israel Mbonyi yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga inkomoko y’igitaramo akora buri mwaka kuri Noheli kitwa ICYAMBU, ukuntu yanganga amazina...

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

IZIHERUKA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe
IMYIDAGADURO

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

by radiotv10
19/12/2025
0

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
Should parents still choose careers for their children?

Should parents still choose careers for their children?

19/12/2025
Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

18/12/2025
Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hamenyekanye uko yabonetse

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Should parents still choose careers for their children?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.