Thursday, December 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in MU RWANDA
0
DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Imiryango itandukanye itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa ukongera kuba nyabagendwa bityo ukoroshya ubuhahirane mu duce tuwukoresha.

Inkuru ya Radio Okapi ikorera muri iki gihugu, ivuga ko sosiyete sivile ikorera mu gace ka Beni yasabye leta gukora ibishoboka byose igufungura uyu muhanda wa nimero kane (4) umaze ibyumweru bibiri ufunze kugira ngo ubuhahirane bw’intara ya Kivu y’amajyaruguru ,Ituri na Tchopo bwongere gukunda.

Uyu muhanda imiryango itegamiye kuri reta isaba ko ufungurwa, wafunzwe nyuma yaho imitwe yitwaje intwaro yibasiye uduce twa Walense Vonkutu, Komanda na Luna, bamwe bakahasiga ubuzima ndetse n’ibikorwa bikahangirikira, icyo gihe leta igahitamo gufunga umuhanda uhuza utu duce.

Maitre Pepe Kavotha perezida wa sosiyete sivile mu mujyi wa Beni yavuze ko uyu muhanda ufatwa nk’ibihaha by’umujyi wa Beni, intara ya Ituri na Butembo ndetse na Kisangani ,bakaba basaba ko wafungurwa vuba kuko ubu ntamutekano mucye ugihari.

Ibi akaba yabivugiye mu kiganiro cyabahuje n’abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abayihagarariye bemera ko uyu muhanda ufungurwa mu gihe cya vuba ariko birinda gutangaza amatariki.

Inkuru ya Vedatse Kubwimana/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × two =

Previous Post

Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga

Next Post

Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y’Epfo yagejejwe imbere y’urukiko

Related Posts

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo u Burundi bwari bukomeje kongera umubare w’Ingabo muri DRC, ndetse zimwe zijya gushinga ibirindiro...

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

by radiotv10
11/12/2025
0

The President of the Republic, Paul Kagame, said that the fighting that has been taking place in parts of South...

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeje kwikoreza u Rwanda ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakwiye kwibuka ko atari...

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

by radiotv10
11/12/2025
0

Umukozi ushinzwe imyirwarire y’abanyeshuri mu ishuri rya Saint Trinité de Ruhango riherereye mu Karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego...

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

by radiotv10
11/12/2025
0

Abantu 15 barimo abaganga, n’abanyamuryango b’Ikigo cya Gisirikare cy’Ubwishingizi ku Ndwara (MMI), bakuriranyweho kunyereza amafaranga y’iki Kigo, aho batahuwe ubwo...

IZIHERUKA

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi
MU RWANDA

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

11/12/2025
Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

11/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

11/12/2025
AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

11/12/2025
Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

11/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y’Epfo yagejejwe imbere y’urukiko

Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y'Epfo yagejejwe imbere y'urukiko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.