• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

DRC: Kajugujugu ya LONI yakoze impanuka irahanuka

radiotv10by radiotv10
02/09/2022
in MU RWANDA
0
DRC: Kajugujugu ya LONI yakoze impanuka irahanuka
Share on FacebookShare on Twitter

Indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ibiribwa, yakoreye impanuka muri Teritwari ya Nyiragongo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Iyi ndege yarimo abakozi b’Umuryango w’Abibumbye b’Ishami rishinzwe ibiribwa, bari mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoreye impanuka muri Gurupoma ya Rusayu muri Teritwari ya Nyiragongo mu gice giherereye mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma.

Yakoze impanuka nyuma yo kugenda ibirometero 15 ubwo yari igeze mu gace ko mu Majyaruguru ya Mugunga kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Nzeri 2022.

Oyebi.net dukesha aya makuru, ivuga ko ntawaguye muri iyi mpanuka ya kajugujugu ariko ko abayikomerekeyemo ari batatu.

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntacyo buravuga kuri iyi mpanuka y’Indege.

Amakuru y’ibanze, avuga ko iyi mpanuka ishobora kuba yaturutse ku mpamvu z’ikirere kitari kimeze neza, cyatumye ibura impuzandinganire bigatuma iyi ndege ihanuka.

Abakozi batatu ba UN bakomeretse

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × four =

Previous Post

Drogba yamwise ‘Ishami’, Souti Sol ‘Kwisanga’, Mushikiwabo ‘Turikumwe’,…Amazina yahawe Abana b’Ingagi

Next Post

Habaye umutingito ubwo Abadepite barimo bigaga ku bwishingizi bwawo

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Habaye umutingito ubwo Abadepite barimo bigaga ku bwishingizi bwawo

Habaye umutingito ubwo Abadepite barimo bigaga ku bwishingizi bwawo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.