Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19

radiotv10by radiotv10
07/10/2021
in MU RWANDA
0
Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19
Share on FacebookShare on Twitter

Ubudasa mu kurwanya covid19 ni ubukanguramba bugiye kumara ukwezi butangijwe mu mujyi wa Kigali aho bukorwa bushingiye ku masibo nk’urwego rwegereye umuturage.

Mu murenge wa kinyinya akarere ka Gasabo mu mudugudu wa Gicikiza ubu bukangurambaga bwibanze ku gusibura inziga abantu bahagararamo mu isanetere ya Batsinda nka gace gakoreramo abantu benshi cyane ko ari isantere y’ubucuruzi.

Mu ijambo rye, umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia avuga ko covid19 kaje ari icyorezo ariko umudugudu wa Gicikiza ntiwahwemye gukurikiza amabwiriza atangwa ninzego z’ubuzima zo kwirinda covid 19,akomeza avuga ko ubu bukangurambaga babukoze isibo  kuyindi, kandi abaturage babyumvishe neza kuburyo kugeza ubu nta n’umurwayi wa COVID-19 urangwa muri uyu mudugudu, avuga ko kandi ubu ari uburyo bwiza bwo gufasha abafite intege nkeya batabasha gusohoka ngo bage gufata urukingo ahubwo babasanga murugo bakabakingira.

Image

Umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia

Agakomeza ashishikariza abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yose uko yakabaye bityo batsinde coronavirusi burundu.

Ni ubukangurambaga bwitabiriwe nabafatanyabikorwa batandukanye bakorera imiromo yabo mu Kigali ka kagugu barimo abakora umwuga w’ubukarane,abanyonzi bamagare,koperative y’abamotari ndetse n’abandi batandukanye.

Ni ubukangurambaga bwabanjirijwe n’urugendo kuva Kagugu berekezaa mu isantere ya Batsinda, aba bwitabiriye bari basite ibyapa n’izindi nyandiko nini zanditseho ubutumwa bwo kwirinda COVID-19 ndetse n’uburyo bwo kuyirwanya.

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles, avuga ko mu midugudu 22 igize umurenge wa kinyinya 18yose imaze gukorerwamo ubu bukanguramba kandi abaturage bose ntibakibwirizwa kwambara agapfukamunwa ndetse no gukaraba intoki nogushyira intera hagati y’umuntu nundi.avuga ko izingamba bazigize izabo, barabiririmba kandi barabikurikiza cyane ko mu matsinda amwe name bishyiriyeho abakangurambaga babafasha kwibukiranya amabwiriza.

Image

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles aganira n’abaturage

Avuga ko biri gutanga umusaruro mwiza asaba abaturage kurushaho kuba ku rugamba rwo kurwanya coronavirusi.

Image

Abakora imirimo itandukanye mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19 mu mudugudu wa Gicikiza

ImageInkuru ya Emmanuel Hakizimana/Radio&Tv10

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 4 =

Previous Post

Umuyobozi mukuru wa NESA yijeje abarimu bakosoye ibizamini ko igihe cyo kubahemba cyegereje

Next Post

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Related Posts

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugore wari umaze ukwezi ashatse mu murenge wa Muganza yagerageje kwiyahura akoresheje igitenge ubwo umugabo yari amaze kumubwirira mu buriri...

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugabo wagaragaye mu Mujyi wa Kigali afite umuhoro ashaka gutema abantu anamenagura imodoka yasangaga ziparitse, yafashwe, ndetse iperereza rigaragaza ko...

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

by radiotv10
27/12/2025
0

Ginger is a common spice found in many kitchens. In Rwanda and across the world, people use it in tea,...

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Mu busabane bwa Noheli Gianni Infantino, Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yagiranye n’abakiri bato bafite impano muri uyu...

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

IZIHERUKA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka
MU RWANDA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rutahizamu wa Chelsea  Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.