Tuesday, December 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19

radiotv10by radiotv10
07/10/2021
in MU RWANDA
0
Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19
Share on FacebookShare on Twitter

Ubudasa mu kurwanya covid19 ni ubukanguramba bugiye kumara ukwezi butangijwe mu mujyi wa Kigali aho bukorwa bushingiye ku masibo nk’urwego rwegereye umuturage.

Mu murenge wa kinyinya akarere ka Gasabo mu mudugudu wa Gicikiza ubu bukangurambaga bwibanze ku gusibura inziga abantu bahagararamo mu isanetere ya Batsinda nka gace gakoreramo abantu benshi cyane ko ari isantere y’ubucuruzi.

Mu ijambo rye, umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia avuga ko covid19 kaje ari icyorezo ariko umudugudu wa Gicikiza ntiwahwemye gukurikiza amabwiriza atangwa ninzego z’ubuzima zo kwirinda covid 19,akomeza avuga ko ubu bukangurambaga babukoze isibo  kuyindi, kandi abaturage babyumvishe neza kuburyo kugeza ubu nta n’umurwayi wa COVID-19 urangwa muri uyu mudugudu, avuga ko kandi ubu ari uburyo bwiza bwo gufasha abafite intege nkeya batabasha gusohoka ngo bage gufata urukingo ahubwo babasanga murugo bakabakingira.

Image

Umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia

Agakomeza ashishikariza abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yose uko yakabaye bityo batsinde coronavirusi burundu.

Ni ubukangurambaga bwitabiriwe nabafatanyabikorwa batandukanye bakorera imiromo yabo mu Kigali ka kagugu barimo abakora umwuga w’ubukarane,abanyonzi bamagare,koperative y’abamotari ndetse n’abandi batandukanye.

Ni ubukangurambaga bwabanjirijwe n’urugendo kuva Kagugu berekezaa mu isantere ya Batsinda, aba bwitabiriye bari basite ibyapa n’izindi nyandiko nini zanditseho ubutumwa bwo kwirinda COVID-19 ndetse n’uburyo bwo kuyirwanya.

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles, avuga ko mu midugudu 22 igize umurenge wa kinyinya 18yose imaze gukorerwamo ubu bukanguramba kandi abaturage bose ntibakibwirizwa kwambara agapfukamunwa ndetse no gukaraba intoki nogushyira intera hagati y’umuntu nundi.avuga ko izingamba bazigize izabo, barabiririmba kandi barabikurikiza cyane ko mu matsinda amwe name bishyiriyeho abakangurambaga babafasha kwibukiranya amabwiriza.

Image

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles aganira n’abaturage

Avuga ko biri gutanga umusaruro mwiza asaba abaturage kurushaho kuba ku rugamba rwo kurwanya coronavirusi.

Image

Abakora imirimo itandukanye mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19 mu mudugudu wa Gicikiza

ImageInkuru ya Emmanuel Hakizimana/Radio&Tv10

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 + nineteen =

Previous Post

Umuyobozi mukuru wa NESA yijeje abarimu bakosoye ibizamini ko igihe cyo kubahemba cyegereje

Next Post

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Related Posts

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru uri mu bamaze igihe bakora itangazamakuru mu Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga...

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri, abaturage bo mu Karere ka Rutsiro na Rubavu batabaje kubera ikibazo cy’umugezi wa Bihongora ugabanya...

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
23/12/2025
0

Mu muhanda uva Nyanza ya Kicukiro werecyeza Sanatubes mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, habaye impanuka y’imodoka itwara...

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

by radiotv10
23/12/2025
0

Abasirikare barimo abo ku rwego rwa Ofisiye ndetse n’abo ku zindi nzego barangije amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru barimo...

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’uko mu karere ka Gisagara hatanzwe inka 113 mu myaka ine ishize bikozwe n’umushinga wa Green amayaga hagamijwe kuzahura...

IZIHERUKA

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi
MU RWANDA

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

23/12/2025
Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

23/12/2025
Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

23/12/2025
Nigeriya: Abana n’abarimu bari barashimuswe bakorewe ibirori byo kubakira nyuma yo kurekurwa

Nigeriya: Abana n’abarimu bari barashimuswe bakorewe ibirori byo kubakira nyuma yo kurekurwa

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rutahizamu wa Chelsea  Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.