Friday, November 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19

radiotv10by radiotv10
07/10/2021
in MU RWANDA
0
Gasabo: Umurenge wa Kinyinya babona bageze ku ntego yo guhashya COVID-19
Share on FacebookShare on Twitter

Ubudasa mu kurwanya covid19 ni ubukanguramba bugiye kumara ukwezi butangijwe mu mujyi wa Kigali aho bukorwa bushingiye ku masibo nk’urwego rwegereye umuturage.

Mu murenge wa kinyinya akarere ka Gasabo mu mudugudu wa Gicikiza ubu bukangurambaga bwibanze ku gusibura inziga abantu bahagararamo mu isanetere ya Batsinda nka gace gakoreramo abantu benshi cyane ko ari isantere y’ubucuruzi.

Mu ijambo rye, umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia avuga ko covid19 kaje ari icyorezo ariko umudugudu wa Gicikiza ntiwahwemye gukurikiza amabwiriza atangwa ninzego z’ubuzima zo kwirinda covid 19,akomeza avuga ko ubu bukangurambaga babukoze isibo  kuyindi, kandi abaturage babyumvishe neza kuburyo kugeza ubu nta n’umurwayi wa COVID-19 urangwa muri uyu mudugudu, avuga ko kandi ubu ari uburyo bwiza bwo gufasha abafite intege nkeya batabasha gusohoka ngo bage gufata urukingo ahubwo babasanga murugo bakabakingira.

Image

Umuyobozi w’umudugudu wa Gicikiza Uwamariya Nadia

Agakomeza ashishikariza abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yose uko yakabaye bityo batsinde coronavirusi burundu.

Ni ubukangurambaga bwitabiriwe nabafatanyabikorwa batandukanye bakorera imiromo yabo mu Kigali ka kagugu barimo abakora umwuga w’ubukarane,abanyonzi bamagare,koperative y’abamotari ndetse n’abandi batandukanye.

Ni ubukangurambaga bwabanjirijwe n’urugendo kuva Kagugu berekezaa mu isantere ya Batsinda, aba bwitabiriye bari basite ibyapa n’izindi nyandiko nini zanditseho ubutumwa bwo kwirinda COVID-19 ndetse n’uburyo bwo kuyirwanya.

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles, avuga ko mu midugudu 22 igize umurenge wa kinyinya 18yose imaze gukorerwamo ubu bukanguramba kandi abaturage bose ntibakibwirizwa kwambara agapfukamunwa ndetse no gukaraba intoki nogushyira intera hagati y’umuntu nundi.avuga ko izingamba bazigize izabo, barabiririmba kandi barabikurikiza cyane ko mu matsinda amwe name bishyiriyeho abakangurambaga babafasha kwibukiranya amabwiriza.

Image

Umuyobozi w’umurenge wa kinyinya bwana Havuguziga Charles aganira n’abaturage

Avuga ko biri gutanga umusaruro mwiza asaba abaturage kurushaho kuba ku rugamba rwo kurwanya coronavirusi.

Image

Abakora imirimo itandukanye mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19 mu mudugudu wa Gicikiza

ImageInkuru ya Emmanuel Hakizimana/Radio&Tv10

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 5 =

Previous Post

Umuyobozi mukuru wa NESA yijeje abarimu bakosoye ibizamini ko igihe cyo kubahemba cyegereje

Next Post

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Related Posts

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

by radiotv10
27/11/2025
0

Abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba bari mu ruzinduko mu Rwanda, bakinnye n’ikipe y’Igihugu...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rutahizamu wa Chelsea  Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Rutahizamu wa Chelsea Timo Werner yujeje ibitego 16 byose VAR ibyanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.