Tuesday, December 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Gicumbi FC yanyagiye Kirehe FC, umukino w’Amagaju FC na VJN uvanwa i Nyamagabe ujyanwa i Huye bitunguranye

radiotv10by radiotv10
03/10/2021
in SIPORO
0
Gicumbi FC yanyagiye Kirehe FC, umukino w’Amagaju FC na VJN uvanwa i Nyamagabe ujyanwa i Huye bitunguranye
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Ukwakira 2021 ubwo hakinwaga imikino ibanza ya ¼ cy’irangiza muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu Rwanda, ikipe ya Gicumbi FC yakoze agashya inyagira Kirehe FC ibitego 5-1 bituma iyi kipe yo mu majyaruguru y’u Rwanda igira impamba itanga ikizere ku mukino wo kwishyura.

Ibitego bya Gicumbi FC byatsinzwe na Nsengayire Shadad, Mushimiyimana Telesphore, Dusange Bertin, Pierre Dufitumugisha na Okenge Lulu Kevin mu gihe igitego cya Kirehe FC cyatsinzwe na Doumbia.

Indi mikino yari iteganyijwe kuri iki Cyumweru yari irimo uwo Amagaju FC yari kwakiramo Vision Jeunesse Nouvelle ukabera i Nyamagabe, gusa kubera ko imvura yabaye nyinshi muri aka karere byatumye ikibuga cyuzura amazi bityo abakinnyi bajyanwa kuri sitade Huye mu karere ka Huye.

Uyu  mukino watangiye nyuma y’indi, warangiye Amagaju FC atsinze VJN ibitego 2-1.

Heroes FC yatsinze Vision FC igitego 1-0 mu gihe Etoile de l’Est yatsinze Rugende FC igitego 1-0  cya Jimmy Mbaraga.

Dore muri rusange uko imikino yarangiye:

Gicumbi FC 5-1 Kirehe FC

Etoile de l’Est 1-0 Rugende FC

Vision FC 0-1 Heroes FC

Amagaju FC 2-1 VJN

Imikino yo kwishyura iteganyijwe tariki ya 6 Ukwakira 2021 ubwo hazahit hamenyekana amakipe azajya muri ½ cy’irangiza kizatangira tariki tariki ya 9 Ukwakira hakinwa imikino ibanza mu gihe imikino yo kwishyura izakinwa tariki 12 Ukwakira 2021.

Umukino wa nyuma uzagena ikipe izatwara igikombe uzakinwa tariki 15 Ukwakira 2021 ari nabwo hazakinwa umukino w’umwanya wa gatatu.

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 2 =

Previous Post

Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Next Post

Bonane Janvier yasezeye ruhago ku myaka 23 y’amavuko

Related Posts

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

IZIHERUKA

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It
IMIBEREHO MYIZA

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

23/12/2025
Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

23/12/2025
Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

23/12/2025
Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

23/12/2025
Abapolisi binjiye muri Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubumenyi bahawe burimo ubwo guhosha imyigaragambyo

Abapolisi binjiye muri Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubumenyi bahawe burimo ubwo guhosha imyigaragambyo

22/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bonane Janvier yasezeye ruhago ku myaka 23 y’amavuko

Bonane Janvier yasezeye ruhago ku myaka 23 y’amavuko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.