Thursday, January 15, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka

radiotv10by radiotv10
28/06/2021
in MU RWANDA
0
Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva guma mukarere yaza hari abaguzi n’abacuruzi bavuga  ko  ubu ibiribwa nkimboga nibindi byaturukaga muntara  birimo guhenda ugereranyije nuko byari bisanzwe ,ibi ngo byatewe ahanini n’abazanaga ibicurizwa muri kigali batakibasha kubizana  bakaba bifuza ko abayobozi bakwiye gushaka uko ibicuruzwa  byakwiyongera biza muri KIGALI ,ministre y’ubucuruzi ntiyigeze ishaka   kugira icyo ibibwiraho Radio&TV10.

Si ubwa mbere gahunda ya guma mukarere ibaye mu Rwanda kuko mukwezi kwa 3 uyu mwaka nabwo guverinoma yashyizeho iyi gahunda murwego rwokwirinda  ubwiyongere bw’icyorezo cya corona virus icyogihe nabwo Radio & TV10 yagaragaje ikibazo cy’ihenda ry’ibicuruzwa ku isoko ry’urwanda ryaturukaga kukuba ibiribwa bitabona uko bituruka muntara neza

Kuri ubu twasuye amwe mumasoko yo muri Kigali  dusanga ikikibazo nubu cyongeye kugaruka nkuko ababacuruzi n’abaguzi babigaragaza

Umwe mu baganiriye na Radio &TV10 yavuze ko”uhereye ku bishyimbo birahenze, ibijumba byose birahenda karoti intoryi,ibitunguru nibindi byose birahennze ,ubundi twajyaga kubyizanira muntara none ntitwemerewe kujya ‘ubu rero barabizana bihenze ngo nabo byabahenze ariko twavugana n’abahinzi twaranguriraga bakatubwirako batangiye kubiha amatungo kuko byabuze ababigura “

See the source image

Ibicuruzwa birimo ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi bikabije kuzamuka mu biciro

Mugenzi we ati :”Ikiro cy’inyanya twagurishaga 500 twagishyize kuri 800 kuko natwe ubu intebo twaranguraga ibihumbi mirongo itatu na bitanu turimo kuyirangura  mirongo itanu  .,nibemerere abantu kubitwoherereza kuko Kigali barya byinshi nyamara ntibahinga “ Ibintu by’inyanya ntibikiboneka byarahenze noneho abacuruzi bakavuga ko nabo baba baranguye bahenzwe”

Abaguzi n’abacuruzi bajya inama ko MINICOM ikwiye gushaka ukobongera imodoka zizana ibicuruzwa zibikuye muntara kuko kugeza ubu ngo ababizana bakiri bakeye , bejeje ibicuruzwa kubigeza  hafi ya kigali ubundi abacuruzi bakajya kubirangura biboroheye aho kugirango hajyeyo imodoka nkeya za coperatie bazo.

See the source image

Bimwe mu biribwa ibiciro byabyo byikubye hafi kabiri

Minisitiri y’ubucuruzi n’inganda  mu butumwa bugufi twabandikiye  ntibigeze bashaka kugira icyo babivugaho, ubwo guma mukarere iheruka mu kwezi kwa gatatu nabwo abacuruzi n’abaguzi bagaragaje iki kibazo ariko   MINICOM ntiyigeze yemera ko hari ikibazo cy’uko ibicuruzwa bibura uko bigera i Kigali ahubwo yavugaga ko biterwa n’uko umusaruro wari wahunduye bitewe n’ibihe. Naho kuba byaba biterwa no kuba hari aho biri mu ntara bikabura uko bigera i Kigali ntabwo atari ukuri kuko kuva guma mu rugo yatangira, hakaza guma mu karere kugeza uyu munsi imodoka zitwara ibicuruzwa ntabwo zikumirwa, zikomeza gukora.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × three =

Previous Post

Tanzania: TFF yemeje amatariki y’umukino w’ikirarane uzahuza Simba SC na Yanga SC

Next Post

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

by radiotv10
15/01/2026
0

Umusore wo mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza wari ufite ubumuga bwo mu mutwe, wasanzwe yapfuye, aho mu...

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

U Rwanda rwohereje abasirikare bo mu itsinda ry’ubwubatsi mu Gihugu cya Jamaica gufasha iki Gihugu mu bikorwa byo kongera kubaka...

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugore wafashwe n’umugabo we aryamanye n’undi muri Lodge yo mu Mujyi wa Kigali, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye umugabo...

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko wo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, aritegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri...

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

by radiotv10
14/01/2026
0

Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yavuze ko we na mugenzi we uhagarariye u Rwanda mu Bufaransa, baherutse gutembera...

IZIHERUKA

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse
MU RWANDA

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

by radiotv10
15/01/2026
0

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

15/01/2026
AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

14/01/2026
Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

14/01/2026
Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

14/01/2026
Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.