Tuesday, January 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka

radiotv10by radiotv10
28/06/2021
in MU RWANDA
0
Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva guma mukarere yaza hari abaguzi n’abacuruzi bavuga  ko  ubu ibiribwa nkimboga nibindi byaturukaga muntara  birimo guhenda ugereranyije nuko byari bisanzwe ,ibi ngo byatewe ahanini n’abazanaga ibicurizwa muri kigali batakibasha kubizana  bakaba bifuza ko abayobozi bakwiye gushaka uko ibicuruzwa  byakwiyongera biza muri KIGALI ,ministre y’ubucuruzi ntiyigeze ishaka   kugira icyo ibibwiraho Radio&TV10.

Si ubwa mbere gahunda ya guma mukarere ibaye mu Rwanda kuko mukwezi kwa 3 uyu mwaka nabwo guverinoma yashyizeho iyi gahunda murwego rwokwirinda  ubwiyongere bw’icyorezo cya corona virus icyogihe nabwo Radio & TV10 yagaragaje ikibazo cy’ihenda ry’ibicuruzwa ku isoko ry’urwanda ryaturukaga kukuba ibiribwa bitabona uko bituruka muntara neza

Kuri ubu twasuye amwe mumasoko yo muri Kigali  dusanga ikikibazo nubu cyongeye kugaruka nkuko ababacuruzi n’abaguzi babigaragaza

Umwe mu baganiriye na Radio &TV10 yavuze ko”uhereye ku bishyimbo birahenze, ibijumba byose birahenda karoti intoryi,ibitunguru nibindi byose birahennze ,ubundi twajyaga kubyizanira muntara none ntitwemerewe kujya ‘ubu rero barabizana bihenze ngo nabo byabahenze ariko twavugana n’abahinzi twaranguriraga bakatubwirako batangiye kubiha amatungo kuko byabuze ababigura “

See the source image

Ibicuruzwa birimo ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi bikabije kuzamuka mu biciro

Mugenzi we ati :”Ikiro cy’inyanya twagurishaga 500 twagishyize kuri 800 kuko natwe ubu intebo twaranguraga ibihumbi mirongo itatu na bitanu turimo kuyirangura  mirongo itanu  .,nibemerere abantu kubitwoherereza kuko Kigali barya byinshi nyamara ntibahinga “ Ibintu by’inyanya ntibikiboneka byarahenze noneho abacuruzi bakavuga ko nabo baba baranguye bahenzwe”

Abaguzi n’abacuruzi bajya inama ko MINICOM ikwiye gushaka ukobongera imodoka zizana ibicuruzwa zibikuye muntara kuko kugeza ubu ngo ababizana bakiri bakeye , bejeje ibicuruzwa kubigeza  hafi ya kigali ubundi abacuruzi bakajya kubirangura biboroheye aho kugirango hajyeyo imodoka nkeya za coperatie bazo.

See the source image

Bimwe mu biribwa ibiciro byabyo byikubye hafi kabiri

Minisitiri y’ubucuruzi n’inganda  mu butumwa bugufi twabandikiye  ntibigeze bashaka kugira icyo babivugaho, ubwo guma mukarere iheruka mu kwezi kwa gatatu nabwo abacuruzi n’abaguzi bagaragaje iki kibazo ariko   MINICOM ntiyigeze yemera ko hari ikibazo cy’uko ibicuruzwa bibura uko bigera i Kigali ahubwo yavugaga ko biterwa n’uko umusaruro wari wahunduye bitewe n’ibihe. Naho kuba byaba biterwa no kuba hari aho biri mu ntara bikabura uko bigera i Kigali ntabwo atari ukuri kuko kuva guma mu rugo yatangira, hakaza guma mu karere kugeza uyu munsi imodoka zitwara ibicuruzwa ntabwo zikumirwa, zikomeza gukora.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − 11 =

Previous Post

Tanzania: TFF yemeje amatariki y’umukino w’ikirarane uzahuza Simba SC na Yanga SC

Next Post

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Related Posts

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

by radiotv10
13/01/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yasezeye Eric William Kneedler urangije inshingano ze zo guhagararira Leta Zunze Ubumwe za...

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

by radiotv10
13/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu gace umusore wari umufana ukomeye wa Rayon Sports yasanzwemo yapfuye bikekwa ko yiyahuye, mu Murenge wa...

Rwamagana: Hari umuhanda abawuturiye bavuga ko kuva wakorwa babonye ucaniwe rimwe gusa

Rwamagana: Hari umuhanda abawuturiye bavuga ko kuva wakorwa babonye ucaniwe rimwe gusa

by radiotv10
13/01/2026
0

Abaturiye n’abakoresha umuhanda wa kaburimbo Saint Aloys–Nyagasenyi uhinguka munsi ya Gare ya Rwamagana, bavuga ko kuva wakorwa, wacaniwe rimwe gusa...

Ibyo wamenya byabanjirije kwemeza Kandidatire ya Mushikiwabo ishobora gutuma ayobora OIF manda ya 3

Ibyo wamenya byabanjirije kwemeza Kandidatire ya Mushikiwabo ishobora gutuma ayobora OIF manda ya 3

by radiotv10
13/01/2026
0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikwabo wamaze kwemezwa n’u Rwanda nk’umukandida mu matora ashobora kuzatuma ayobora...

NAME CHANGE REQUEST

NAME CHANGE REQUEST

by radiotv10
13/01/2026
0

IZIHERUKA

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23
AMAHANGA

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

by radiotv10
13/01/2026
0

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

13/01/2026
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

13/01/2026
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

13/01/2026
Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga

13/01/2026
Perezida wa America yateguje igisa n’igihano Ibihugu bizakomeza gukorana ubucuruzi na Iran

Perezida wa America yateguje igisa n’igihano Ibihugu bizakomeza gukorana ubucuruzi na Iran

13/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.