Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka

radiotv10by radiotv10
28/06/2021
in MU RWANDA
0
Guma mu karere yatumye ibiciro by’ibiribwa bizamuka
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva guma mukarere yaza hari abaguzi n’abacuruzi bavuga  ko  ubu ibiribwa nkimboga nibindi byaturukaga muntara  birimo guhenda ugereranyije nuko byari bisanzwe ,ibi ngo byatewe ahanini n’abazanaga ibicurizwa muri kigali batakibasha kubizana  bakaba bifuza ko abayobozi bakwiye gushaka uko ibicuruzwa  byakwiyongera biza muri KIGALI ,ministre y’ubucuruzi ntiyigeze ishaka   kugira icyo ibibwiraho Radio&TV10.

Si ubwa mbere gahunda ya guma mukarere ibaye mu Rwanda kuko mukwezi kwa 3 uyu mwaka nabwo guverinoma yashyizeho iyi gahunda murwego rwokwirinda  ubwiyongere bw’icyorezo cya corona virus icyogihe nabwo Radio & TV10 yagaragaje ikibazo cy’ihenda ry’ibicuruzwa ku isoko ry’urwanda ryaturukaga kukuba ibiribwa bitabona uko bituruka muntara neza

Kuri ubu twasuye amwe mumasoko yo muri Kigali  dusanga ikikibazo nubu cyongeye kugaruka nkuko ababacuruzi n’abaguzi babigaragaza

Umwe mu baganiriye na Radio &TV10 yavuze ko”uhereye ku bishyimbo birahenze, ibijumba byose birahenda karoti intoryi,ibitunguru nibindi byose birahennze ,ubundi twajyaga kubyizanira muntara none ntitwemerewe kujya ‘ubu rero barabizana bihenze ngo nabo byabahenze ariko twavugana n’abahinzi twaranguriraga bakatubwirako batangiye kubiha amatungo kuko byabuze ababigura “

See the source image

Ibicuruzwa birimo ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi bikabije kuzamuka mu biciro

Mugenzi we ati :”Ikiro cy’inyanya twagurishaga 500 twagishyize kuri 800 kuko natwe ubu intebo twaranguraga ibihumbi mirongo itatu na bitanu turimo kuyirangura  mirongo itanu  .,nibemerere abantu kubitwoherereza kuko Kigali barya byinshi nyamara ntibahinga “ Ibintu by’inyanya ntibikiboneka byarahenze noneho abacuruzi bakavuga ko nabo baba baranguye bahenzwe”

Abaguzi n’abacuruzi bajya inama ko MINICOM ikwiye gushaka ukobongera imodoka zizana ibicuruzwa zibikuye muntara kuko kugeza ubu ngo ababizana bakiri bakeye , bejeje ibicuruzwa kubigeza  hafi ya kigali ubundi abacuruzi bakajya kubirangura biboroheye aho kugirango hajyeyo imodoka nkeya za coperatie bazo.

See the source image

Bimwe mu biribwa ibiciro byabyo byikubye hafi kabiri

Minisitiri y’ubucuruzi n’inganda  mu butumwa bugufi twabandikiye  ntibigeze bashaka kugira icyo babivugaho, ubwo guma mukarere iheruka mu kwezi kwa gatatu nabwo abacuruzi n’abaguzi bagaragaje iki kibazo ariko   MINICOM ntiyigeze yemera ko hari ikibazo cy’uko ibicuruzwa bibura uko bigera i Kigali ahubwo yavugaga ko biterwa n’uko umusaruro wari wahunduye bitewe n’ibihe. Naho kuba byaba biterwa no kuba hari aho biri mu ntara bikabura uko bigera i Kigali ntabwo atari ukuri kuko kuva guma mu rugo yatangira, hakaza guma mu karere kugeza uyu munsi imodoka zitwara ibicuruzwa ntabwo zikumirwa, zikomeza gukora.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 2 =

Previous Post

Tanzania: TFF yemeje amatariki y’umukino w’ikirarane uzahuza Simba SC na Yanga SC

Next Post

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Related Posts

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Inama y’Abaminisitiri ya nyuma y'umwaka wa 2025, yaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo kugezwaho isinywa ry’amasezerano y’Amahoro n’Ubufatanye mu by’Ubukungu hagati y’u...

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

by radiotv10
18/12/2025
0

Umwarimu wigisha mu ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa...

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

by radiotv10
18/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

by radiotv10
17/12/2025
0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwamenyesheje abagatuye ko hagiye gukorwa igikorwa cyo kubarura abashomeri badafite akazi bari hagati y’imyaka 16 na...

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Umusore wo mu Murene wa Runda mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho kwica umukecuru amukubise ishoka ubwo yamusangaga iwe nyuma yuko...

IZIHERUKA

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda
MU RWANDA

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

18/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

18/12/2025
Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

17/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Abahanga mu bukungu barerekana ko ingengo y’imari ishingiye ku misoro idashoboka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.