Thursday, January 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

radiotv10by radiotv10
24/01/2026
in MU RWANDA
0
Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho
Share on FacebookShare on Twitter

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare-NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya kane cya 2025, ubushomeri mu rubyiruko bwagabanutseho 3% kuko bwageze kuri 14,1%, mu gihe mu gihembwe nk’icyo muri 2024 bwari kuri 18,0%.

Ni imibare mishya igaragaza uko igipimo cy’imirimo mu Rwanda gihagaze muri raporo izwi nka Labour Force Survey, aho mu gihembwe cya kane cy’umwaka wa 2024 ubushomeri mu rubyiruko bwari kuri 18,0%.

Iyi raporo nshya, igaragaza mu gihembwe cya kane cya 2025 abashomeri muri rusange mu Gihugu hose, bari 649 799 bangana na 11,7% aho na ho habaye igabanuka rya 3% kuko mu gihembwe nk’icyo cy’umwaka wa 2024 bari kuri 14,7%.

Abagore ni bo bari bushomeri cyane ugereranyije n’abagabo, kuko bari ku kigero cya 13%, mu gihe abagabo ari 10,5%, naho urubyiruko rukaba rubarirwa kuri 14,1%.

Iyi raporo kandi igaragaza uko ubushomeri buhagaze mu bice by’imijyi n’icyaro, aho mu mijyi buri kuri gipimo cya 11%; mu gihe mu bice by’icyaro buri ku kigero cya 12%.

Muri miliyoni 8,6 z’Abanyarwanda bari bagejeje igihe cyo gukora (abarengeje imyaka 16 y’amavuko) mu gihembwe cya mbere cya 2025, abarenga miliyoni 4 ni bo bari bafite akazi ni ukuvuga ko bangana na 56,7%.

Muri aba bari bafite akazi, ab’igitsinagabo bari 63,7%; ab’igitsinagore bakaba 50,4% mu gihe urubyiruko bari 52,2%. Naho abakuze bangana na 60,0%. Abo mu mijyi ni 64%, mu gihe abo mu cyaro ari 53,4%.

Ubushomeri mu Rwanda byumwihariko mu rubyiruko, ni ingingo imaze iminsi igarukwaho cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yuko umwe muri rwo aherutse gushyiraho amashusho avuga ko Leta y’u Rwanda ikwiye kugira icyo ikora kugirango itabare abasore n’inkumi ngo kuko bugarije n’ubukene.

Ni ubutumwa butavuzweho rumwe, aho bamwe bavuga ko uyu mwana w’umukobwa yarengereye kuko urubyiruko rw’u Rwanda ruhagaze neza mu mibereho rubikesha gahunda zashyizweho n’ubuyobozi, mu gihe hari n’abamushyigikiye bavuze ko ubukene mu rubyiruko rw’u Rwanda bunuma.

Gusa Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda zinyuranye zigamije gufasha urubyiruko kwikura mu bukene no kwihangira imirimo, nk’Ibigega na gahunda bitera inkunga imishinga y’iterambere byumwihariko y’urubyiruko rwifuza inguzanyo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 1 =

Previous Post

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Next Post

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Related Posts

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ruhango, yafashe umugabo w’imyaka 43 ukekwaho gucuruza ku rwego rwo hejuru, gukwirakwiza no...

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

by radiotv10
29/01/2026
0

Uwera Jean Maurice wari usanzwe ari umunyamakuru, akaba yahawe inshingano zo kuba Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yavuze ko...

Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

by radiotv10
29/01/2026
0

Minister Olivier Nduhungirehe has reacted after the European Parliament once again involved itself in the case of politician Victoire Ingabire,...

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

by radiotv10
29/01/2026
0

Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga uherutse gushyiraho ubutumwa bwafashwe na bamwe nk’ubwishongozi, yasabye imbabazi ku bo bwakomerekeje, avuga ko yari...

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

by radiotv10
29/01/2026
0

Nyuma yuko Inteko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi noneho ikoresheje umuhungu wa Ingabire Victoire Umuhoza mu gusaba u Rwanda kurekura umubyeyi...

IZIHERUKA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge
MU RWANDA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri 'President Cup'

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.