Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hagaragajwe urutonde rw’Amatorera arenga 40 yahagaritswe mu Rwanda hatangazwa n’impamvu

radiotv10by radiotv10
23/08/2024
in MU RWANDA
0
Hagaragajwe urutonde rw’Amatorera arenga 40 yahagaritswe mu Rwanda hatangazwa n’impamvu
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyize hanze urutonde rw’Imiryango ishingiye ku myemerere 43 yahagaritswe, kuko yakoraga mu buryo butemewe n’amategeko, irimo ifite amazina yihariye nk’Abanywagake, Isoko imarinyota, n’Abagorozi.

Iyi miryango yahagaritswe nyuma y’igihe mu Rwanda hamaze iminsi hakorwa ubugenzuzi mu madini n’amatorero ndetse n’insengero zayo, aho izirenga ibihumbi umunani zafunzwe, kimwe n’amwe mu matorera akaba yarahagaritswe.

Itangaro ryaturutse muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kuri uyu wa Kane tariki 22 Kanama 2024, rivuga ko “Hashingiwe ku isuzuma ry’ibikorwa by’imiryango ishingiye ku myemerere ririmo gukorwa mu Gihugu hose kuva ku itariki ya 28 Nyakanga.”

Rigakomeza rigira riti “Hashingiwe kandi ku ibaruwa y’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) yo ku itariki ya 22 Kanama 2024, igaragaza urutonde rw’Imiryango idafite ubuzima gatozi, indi miryango 43 yakoreraga mu Turere 18 irahagaritswe kubera ko yakoraga bitemewe n’amategeko.”

DORE URUTONDE RW’IMIRYANGO YAHAGARITSWE

  1. Abagorozi
  2. Abakusi
  3. Abanywagake
  4. Abarokore
  5. Abavandimwe Church
  6. Agape Sanctually
  7. Apostolic Faith Mission Intertional
  8. Assemblies of Lord
  9. Bethel Miracle Church
  10. Chrisco Church
  11. Cornerstone Temple Dusenyi
  12. Dusanimitima Church
  13. EDAM
  14. EEBVR
  15. Eglise Bethania
  16. Future bright spark church
  17. Gopher church ubuhungiro
  18. Hope provision centre church
  19. Hosian Bible church
  20. Independent evangelical lutheran congregation Rwanda (IELC)
  21. hema ry’amahoro
  22. International Pentecot Ministries
  23. Intumwa n’abahanuzi
  24. Intwarane
  25. Isoko ibohora
  26. Isoko imarinyota
  27. Ivugurura n’ubugorozi | Remera
  28. Joy of salvation church
  29. Liberty Bible church
  30. Life in Jesus Christ
  31. Lutheran mission in Africa
  32. Philadelphia church
  33. Principle of holy spirit church
  34. Promesse life convenant church
  35. Redeemed Baptist church
  36. Reformation Christian church
  37. Salvation church
  38. Ismaili Religious and Cultural organisation for Rwanda
  39. Ubuzima bushya muri Kirisito
  40. UDEPR impinduka
  41. Umugeni wa kristo
  42. Umurage w’abera Pentecote
  43. Urwambariro/Abera mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight − 1 =

Previous Post

Rusizi: Igikekwa ku Mu-DASSO basanze hafi y’umugezi yapfuye

Next Post

Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Related Posts

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Gakeshyi mu Karere ka Gakenke, yafatanywe ibilo 17 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi na Litiro 14 za Kanyanga,...

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

by radiotv10
12/12/2025
0

Imodoka y’isuku n’umutekano y’Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kimisagara,...

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare 21 065 mu Ngabo z’u Rwanda, bazamuwe mu mapeti, barimo 10 260 bahawe ipeti rya Sergeant bakuwe ku rya...

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugore w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yafatanywe udupfunyika tw’urumogi...

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Minisitiri w’Ibikorwa by'Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyaruguru, yasabye abashoramari gushora imari muri aka Karere,...

IZIHERUKA

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru
MU RWANDA

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
Hahishuwe uko u Burundi buri kwitwara ku basirikare babwo bari gupfa umusubirizo muri Congo

AFC/M23 yashyize hanze imyitwarire iteye impungenge ya bamwe mu basirikare b’u Burundi nyuma yo kubatsinda

12/12/2025
Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

12/12/2025
Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

AFC/M23 yashyize hanze imyitwarire iteye impungenge ya bamwe mu basirikare b’u Burundi nyuma yo kubatsinda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.