Tuesday, December 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hagaragajwe urutonde rw’Amatorera arenga 40 yahagaritswe mu Rwanda hatangazwa n’impamvu

radiotv10by radiotv10
23/08/2024
in MU RWANDA
0
Hagaragajwe urutonde rw’Amatorera arenga 40 yahagaritswe mu Rwanda hatangazwa n’impamvu
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyize hanze urutonde rw’Imiryango ishingiye ku myemerere 43 yahagaritswe, kuko yakoraga mu buryo butemewe n’amategeko, irimo ifite amazina yihariye nk’Abanywagake, Isoko imarinyota, n’Abagorozi.

Iyi miryango yahagaritswe nyuma y’igihe mu Rwanda hamaze iminsi hakorwa ubugenzuzi mu madini n’amatorero ndetse n’insengero zayo, aho izirenga ibihumbi umunani zafunzwe, kimwe n’amwe mu matorera akaba yarahagaritswe.

Itangaro ryaturutse muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kuri uyu wa Kane tariki 22 Kanama 2024, rivuga ko “Hashingiwe ku isuzuma ry’ibikorwa by’imiryango ishingiye ku myemerere ririmo gukorwa mu Gihugu hose kuva ku itariki ya 28 Nyakanga.”

Rigakomeza rigira riti “Hashingiwe kandi ku ibaruwa y’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) yo ku itariki ya 22 Kanama 2024, igaragaza urutonde rw’Imiryango idafite ubuzima gatozi, indi miryango 43 yakoreraga mu Turere 18 irahagaritswe kubera ko yakoraga bitemewe n’amategeko.”

DORE URUTONDE RW’IMIRYANGO YAHAGARITSWE

  1. Abagorozi
  2. Abakusi
  3. Abanywagake
  4. Abarokore
  5. Abavandimwe Church
  6. Agape Sanctually
  7. Apostolic Faith Mission Intertional
  8. Assemblies of Lord
  9. Bethel Miracle Church
  10. Chrisco Church
  11. Cornerstone Temple Dusenyi
  12. Dusanimitima Church
  13. EDAM
  14. EEBVR
  15. Eglise Bethania
  16. Future bright spark church
  17. Gopher church ubuhungiro
  18. Hope provision centre church
  19. Hosian Bible church
  20. Independent evangelical lutheran congregation Rwanda (IELC)
  21. hema ry’amahoro
  22. International Pentecot Ministries
  23. Intumwa n’abahanuzi
  24. Intwarane
  25. Isoko ibohora
  26. Isoko imarinyota
  27. Ivugurura n’ubugorozi | Remera
  28. Joy of salvation church
  29. Liberty Bible church
  30. Life in Jesus Christ
  31. Lutheran mission in Africa
  32. Philadelphia church
  33. Principle of holy spirit church
  34. Promesse life convenant church
  35. Redeemed Baptist church
  36. Reformation Christian church
  37. Salvation church
  38. Ismaili Religious and Cultural organisation for Rwanda
  39. Ubuzima bushya muri Kirisito
  40. UDEPR impinduka
  41. Umugeni wa kristo
  42. Umurage w’abera Pentecote
  43. Urwambariro/Abera mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 15 =

Previous Post

Rusizi: Igikekwa ku Mu-DASSO basanze hafi y’umugezi yapfuye

Next Post

Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Related Posts

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

by radiotv10
09/12/2025
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko amatiyo y'amazi meza anyura mu Mudugudu...

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

by radiotv10
08/12/2025
0

Impinduka mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari abo zahiriye abandi ntizabahira , Hashize imyaka itanu manda ya mbere irangiye kuva...

Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

by radiotv10
08/12/2025
0

Mu marushanwa y’imikino y’abagize Inteko Zishinga Ametegeko z’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Depite Mukabalisa Germaine, yegukanye umudali wa Zahabu...

Eng.-Rwandan MP Hon. Germaine wins gold medal at the EAC Inter-Parliamentary Games

Eng.-Rwandan MP Hon. Germaine wins gold medal at the EAC Inter-Parliamentary Games

by radiotv10
08/12/2025
0

A member of the Rwandan Parliament, Hon. Germaine Mukabalisa has made history at the East African Community (EAC) Games, held...

Rwamagana: Nyuma yo kwiyambaza itangazamakuru barira ayo kwarika ubu bari kumwenyura

Rwamagana: Nyuma yo kwiyambaza itangazamakuru barira ayo kwarika ubu bari kumwenyura

by radiotv10
08/12/2025
0

Abahinzi b'umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo, bo mu Murenge wa Rubona, bari baherutse kugaragaza ikibazo cy'ubwanikiro bwabo bwari bwangijwe n'ibiza...

IZIHERUKA

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge
IMIBEREHO MYIZA

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

by radiotv10
09/12/2025
0

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

09/12/2025
Andi makuru kuri kajugujugu yakoreye impanuka muri Tanganyika n’ukuri ku byavugwaga ko yarashwe na M23

Andi makuru kuri kajugujugu yakoreye impanuka muri Tanganyika n’ukuri ku byavugwaga ko yarashwe na M23

08/12/2025
Igisirikare cya Congo-FARDC cyavuze ku mirwano ya Kamanyola cyongera kwegeka ku cy’u Rwanda-RDF ibinyoma

Igisirikare cya Congo-FARDC cyavuze ku mirwano ya Kamanyola cyongera kwegeka ku cy’u Rwanda-RDF ibinyoma

08/12/2025
Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

08/12/2025
Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

08/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Perezida Kagame yavuze ku gisubizo Umujyi wa Kigali watanze ku kibazo kivugwa kuri Pele Stadium

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

Andi makuru kuri kajugujugu yakoreye impanuka muri Tanganyika n’ukuri ku byavugwaga ko yarashwe na M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.