Tuesday, April 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania

radiotv10by radiotv10
28/04/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’iminsi havugwa amakuru ko umukinnyi wa filimi Alliah Cool yaba ari mu rukundo n’umuherwe w’Umunya-Tanzania Lugumi Saidi, uyu munyemari yaciye amarenga ko iyi nkuru yaba ari impamo.

Inkuru y’urukundo hagati ya Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool na Lugumi Saidi, yari imaze iminsi ivugwa mu bitangazamakuru binyuranye, aho bamwe bemeza ko aba bombi baba baremeranyijwe gukundana.

Iyi nkuru yari ikomeje gukekwa kugeza kuri uyu wa Mbere tariki 27 Mata 2026, ubwo uyu muherwe yacaga amarenga ko noneho iby’urukundo rwabo rwaba ari impamo.

Ubwo Lugumi yatangaga igitekerezo ku mafoto yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram na Alliah Cool, yagize ati “My love (mukunzi wanjye) n’akarangabyiyumviro k’umutima.”

Ubu butumwa bw’uyu munyemari bwaje nyuma y’igihe havugwa ariya makuru y’urukundo rw’aba bombi, yazamuwe n’uturangabyiyumviro uriya muherwe yagiye ashyira ahatangirwa ibitekerezo ku mafoto n’ubundi yabaga yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga na Alliah Cool.

Gusa nubwo Lugumi yashyiragaho utwo tumenyetso duca amarenga y’urukundo, aba bombi ntibaragira amakuru ahagije batanga kuri uru rukundo bavugwaho.

Uyu mushoramari ukomoka muri Tanzania, kandi yanavuzwe mu rukundo na Miss Mutesi Jolly, na bwo amakuru yabyo akaba ataragiye hanze mu buryo bweruye.

Alliah Cool

Umunyemari Lugumi Saidi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × three =

Previous Post

Why Most Young People Start Businesses and Why Many Fail

Next Post

Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

Related Posts

Umuhanzi Ish Kevin yageneye umubyeyi we ubutumwa

Umuhanzi Ish Kevin yageneye umubyeyi we ubutumwa

by radiotv10
27/04/2026
0

Umuhanzi w’umuraperi Ishimwe Semana Kevin uzwi nka Ish Kevin yasangije abantu ku mbuga nkoranyambaga amafoto ari kumwe n’umubyeyi we, amushimira...

Inkuru iteye amatsiko y’urukundo rw’abahanzi Papi Claver na Dorcas mbere yo kurushingana nk’umugore n’umugabo

Inkuru iteye amatsiko y’urukundo rw’abahanzi Papi Claver na Dorcas mbere yo kurushingana nk’umugore n’umugabo

by radiotv10
24/04/2026
0

Abahanzi basanzwe ari umugabo n’umugore, Tuyizere Pierre Claver na Dorcas Ingabire, banagize itsinda bahuriyemo, bavuze uburyo binjiye mu rukundo babanje...

Inama Miss Jolly yageneye urubyiruko ruri mu kigero nk’icye

Inama Miss Jolly yageneye urubyiruko ruri mu kigero nk’icye

by radiotv10
23/04/2026
0

Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda, asaba urubyiruko kwirinda gukoreshwa n’abashobora kubashora mu bikorwa byo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, bityo...

Mu mafoto irebere ubwiza bw’inzu y’akataraboneka Miss Jolly yujuje mu Mujyi wa Kigali

Mu mafoto irebere ubwiza bw’inzu y’akataraboneka Miss Jolly yujuje mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
22/04/2026
0

“Musabe muzahabwa, mushake muzabona, mukomange ku rugi muzakingurirwa” Ni amagambo agize umurongo wa Bibiliya wifashishijwe na Miss Jolly Mutesi asangiza...

Andi makuru yamenyekanye ku byaha biregwa Eric Semuhungu n’imikorere yabyo

Andi makuru yamenyekanye ku byaha biregwa Eric Semuhungu n’imikorere yabyo

by radiotv10
20/04/2026
1

Eric Semuhungu uzwi ku mbuga nkoranyambaga ubu ufunzwe akurikiranyweho ibyaha birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, yarezwe n’abasore...

IZIHERUKA

Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23
AMAHANGA

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

by radiotv10
28/04/2026
0

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

28/04/2026
Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

28/04/2026
Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

28/04/2026
Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania

Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania

28/04/2026
Why Most Young People Start Businesses and Why Many Fail

Why Most Young People Start Businesses and Why Many Fail

28/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa 'shaka umukunzi'

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.