• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania

radiotv10by radiotv10
28/04/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Hagaragaye ikimenyetso gishimangira inkuru y’urukundo hagati y’umukinnyikazi wa filimi nyarwanda n’umunyemari w’Umunya-Tanzania
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’iminsi havugwa amakuru ko umukinnyi wa filimi Alliah Cool yaba ari mu rukundo n’umuherwe w’Umunya-Tanzania Lugumi Saidi, uyu munyemari yaciye amarenga ko iyi nkuru yaba ari impamo.

Inkuru y’urukundo hagati ya Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool na Lugumi Saidi, yari imaze iminsi ivugwa mu bitangazamakuru binyuranye, aho bamwe bemeza ko aba bombi baba baremeranyijwe gukundana.

Iyi nkuru yari ikomeje gukekwa kugeza kuri uyu wa Mbere tariki 27 Mata 2026, ubwo uyu muherwe yacaga amarenga ko noneho iby’urukundo rwabo rwaba ari impamo.

Ubwo Lugumi yatangaga igitekerezo ku mafoto yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram na Alliah Cool, yagize ati “My love (mukunzi wanjye) n’akarangabyiyumviro k’umutima.”

Ubu butumwa bw’uyu munyemari bwaje nyuma y’igihe havugwa ariya makuru y’urukundo rw’aba bombi, yazamuwe n’uturangabyiyumviro uriya muherwe yagiye ashyira ahatangirwa ibitekerezo ku mafoto n’ubundi yabaga yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga na Alliah Cool.

Gusa nubwo Lugumi yashyiragaho utwo tumenyetso duca amarenga y’urukundo, aba bombi ntibaragira amakuru ahagije batanga kuri uru rukundo bavugwaho.

Uyu mushoramari ukomoka muri Tanzania, kandi yanavuzwe mu rukundo na Miss Mutesi Jolly, na bwo amakuru yabyo akaba ataragiye hanze mu buryo bweruye.

Alliah Cool

Umunyemari Lugumi Saidi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

Signs from your body you should not ignore, especially for young women

Next Post

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.