Sunday, December 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Harakekwa icyatumye umuhanzi Nyarwanda ajyanwa kwa muganga igitaragaranya

radiotv10by radiotv10
17/07/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Harakekwa icyatumye umuhanzi Nyarwanda ajyanwa kwa muganga igitaragaranya
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco wamamaye nka Niyo Bosco, yajyanywe kwa muganga nyuma yo gufatwa n’uburwayi, abanza guhabwa ubutabazi bwihuse n’abaganga, nyuma aza gusezererwa n’ibitaro.

Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zinyuranye zanakunzwe n’abatari bacye, yatangaje kuri iki Cyumweru ko “Nyuma y’imyaka itandatu ntakorwaho n’uburwayi ubwo ari bwo bwose” bwaje kumufata akajya kwa muganga.

Niyo Bosco wagaragaje amashusho ari kwa muganga, bari kumutera serumu, yagize ati “Byaba byiza munsengeye kugira ngo Imana yigaragaze muri ibi bihe by’ubuzima bwanjye.”

Uyu muhanzi yasoje ubutumwa bwe agira ati “Uko byagenda kose ngomba gukora ibyo nateguye byose kuko nashyize amizero yanjye mu Mwami Imana.”

https://www.instagram.com/reel/CuxNT4CM2Jt/?utm_source=ig_web_copy_link&igshid=MzRlODBiNWFlZA==

Amakuru yamenyekanye, ni uko nyuma y’amasaha macye agiye kwa muganga, uyu muhanzi Niyo Bosco yasezerewea n’abaganga, agataha akajya gukomereza imiti mu rugo.

Bivugwa kandi ko uyu muganga arwaye indwara ya Malaria, aho ubu ari gufata imiti y’iyi ndwara nyuma yo kuva kwa muganga.

Niyo Bosco wamamaye cyane ubwo yakoranaga n’Umunyamakuru Murindahabi Irene warebereraga inyungu ze, yashyize hanze indirimbo zakanyujijeho, nka ‘Ubigenza Ute’, ‘Ishyano’, ‘Urugi’ n’iyitwa Buriyana aherutse gushyira hanze.

Gusa kuva yatandukana n’uyu Munyamakuru, uyu muhanzi ntiyakunze kumvikana nk’uko byari bimeze, ndetse n’ibitaramo yakundaga kugaragaramo byaragabanutse.

Niyo Bosco yabanje kwitabwaho n’abaganga
Nyuma yaje gusezererwa

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 + six =

Previous Post

IFOTO: Perezida wa Hungary ugeze bwa mbere muri Afurika yahawe impano ikora ku mutima

Next Post

Afurika: Ikindi Gihugu cyatangiye inzira ikuriraho inzitizi Perezida kutiyamamariza manda ya 3

Related Posts

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi uzwiho ubuhanga mu gusoma amakuru kuri Televiziyo, yatangaje itariki azakoreraho ubukwe n’umukunzi we. Uyu munyamakuru ukorera...

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Umuhanzi w’icyamamare Israel Mbonyi yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga inkomoko y’igitaramo akora buri mwaka kuri Noheli kitwa ICYAMBU, ukuntu yanganga amazina...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

by radiotv10
17/12/2025
0

Abarimo umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, na bagenzi be baregwa ibyaha birimo gusakaza amashusho y’urukozasoni, bafatiwe icyemezo cyo gufungwa...

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

by radiotv10
16/12/2025
0

Umunyamakurukazi Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy uri mu myiteguro yo gukorana ubukwe n’umuraperi Shizzo, yakorewe ibirori byo gusezera ku rungano...

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

IZIHERUKA

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days
AMAHANGA

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

by radiotv10
20/12/2025
0

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Afurika: Ikindi Gihugu cyatangiye inzira ikuriraho inzitizi Perezida kutiyamamariza manda ya 3

Afurika: Ikindi Gihugu cyatangiye inzira ikuriraho inzitizi Perezida kutiyamamariza manda ya 3

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.