• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Monday, June 15, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Haravugwa urupfu rutunguranye rw’abantu batandatu bikekwa ko bishwe n’inzoga banyoye

radiotv10by radiotv10
15/06/2026
in MU RWANDA
0
Haravugwa urupfu rutunguranye rw’abantu batandatu bikekwa ko bishwe n’inzoga banyoye
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Kagari ka Arusha mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, haravugwa urupfu rukiri urujijo rw’abantu batandatu barimo bane bo mu rugo rumwe, bikekwa ko bishwe n’inzoga y’inkorano yitwa ‘Rubenge’ banyoye.

Aba bantu bitabye Imana mu bihe binyuranye, barimo umukecuru n’umugabo we ndetse n’umwana wabo n’umushumba wabo.

Ni mu gihe abandi babiri na bo basanzwe ari abashumba, aho bo babasanze bapfiriye mu biraro by’amatungo baragiraga, bakaba babasanganye amacupa yarimo inzoga bikekwa ko yabahitanye.

Iyi nzoga bahaye izina rya ‘Rubenge’ iri mu bwoko bwa kanyanga, ari na yo bakeka ko yabahitanye uko ari batandatu kuko bose bari bayinyoyeho.

Abaturage bo muri aka gace, bavuga ko aba bantu bari banyoye iyo nzoga mu Mudugudu wa Sando muri kariya Kagari ka Arusha. Bavuga ko iyo nzoga ikorwa muri tuneur, umuti usanzwe wifashwa mu bikorwa by’ubwubatsi mu guhanagura ibyuma.

Amakuru kandi avuga ko hari abantu bane na bo banyoye kuri iyo nzoga bakiri mu Bitaro, barembye mu gihe bariya batandatu, nabo harimo bane bapfiriye kwa muganga.

Umunyamakuru wa RADIOTV10 ubwo yageraga muri aka gace ibi byabereyemo, yasanze inzego zagiye kureba umwe muri aba bantu bapfiriye mu kiraro, ndetse zikaba zahise zikoranya inama n’abaturage.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 8 =

Previous Post

Eng.-Rwanda and South Africa Foreign Ministers to Hold Bilateral Talks in Pretoria

Related Posts

Eng.-Rwanda and South Africa Foreign Ministers to Hold Bilateral Talks in Pretoria

Eng.-Rwanda and South Africa Foreign Ministers to Hold Bilateral Talks in Pretoria

by radiotv10
15/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is expected in Pretoria, South Africa, where he will...

Impamvu zatanzwe na Ingabire Victoire asaba gusubikirwa urubanza ubushinjacyaha buzibona nk’ubutesi

Impamvu zatanzwe na Ingabire Victoire asaba gusubikirwa urubanza ubushinjacyaha buzibona nk’ubutesi

by radiotv10
15/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umunyapolitiki Ingabire Victore Umuhoza, yavuze ko atiteguye kuburana kubera impamvu zirimo uburenganzira avuga ko yimwe burimo kuvugana...

U Rwanda na Afurika y’Epfo bagiye kuganira ku mubano w’Ibihugu byombi

U Rwanda na Afurika y’Epfo bagiye kuganira ku mubano w’Ibihugu byombi

by radiotv10
15/06/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe ategerejwe i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho azakirwa na mugenzi we w’iki Gihugu,...

Irebere inyubako zigezweho z’Ibitaro bya Masaka bizatuma u Rwanda ruba igicumbi cy’ubuvuzi

Irebere inyubako zigezweho z’Ibitaro bya Masaka bizatuma u Rwanda ruba igicumbi cy’ubuvuzi

by radiotv10
15/06/2026
0

Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, huzuye Ibitaro byubatse mu cyanya cyahariwe ibikorwa by’ubuvuzi...

Abanyarwanda batandatu baje muri ba rwiyemezamirimo 100 batoranyijwe mu bihembo bikomeye muri Afurika

Abanyarwanda batandatu baje muri ba rwiyemezamirimo 100 batoranyijwe mu bihembo bikomeye muri Afurika

by radiotv10
15/06/2026
0

Ba rwiyemezamirimo batandatu b’Abanyarwanda bari mu 100 bageze mu cyiciro cya nyuma cy’irushanwa Africa Business Heroes (ABH) riterwa inkunga n’Umuryango...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Haravugwa urupfu rutunguranye rw’abantu batandatu bikekwa ko bishwe n’inzoga banyoye

Eng.-Rwanda and South Africa Foreign Ministers to Hold Bilateral Talks in Pretoria

Impamvu zatanzwe na Ingabire Victoire asaba gusubikirwa urubanza ubushinjacyaha buzibona nk’ubutesi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.