Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hatangajwe igihe abanyeshuri bazatangirira gusubira ku mashuri na gahunda yose y’ingendo

radiotv10by radiotv10
26/08/2024
in MU RWANDA
0
Hatangajwe igihe abanyeshuri bazatangirira gusubira ku mashuri na gahunda yose y’ingendo
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyagaragaje ingengabihe y’uko abanyeshuri biga bacumbikiwe ku bigo, bazakora ingendo zibasubizayo gutangira umwaka w’amashuri wa 2024-2025, aho zizatangira tariki 06 Nzeri 2024.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na NESA kuri uyu wa Mbere tariki 26 Kanama 2024, rigaragaza uko abanyeshuri bazakora ingendo zo gusubira ku bigo bigaho gutangira igihembwe cya mbere.

Iyi gahunda izatangira tariki 06 Nzeri 2024, ku banyeshuri biga mu bigo by’amashuri byo mu Turere twa Nyamagabe na Nyanza mu Ntara y’Amajyepdo, utwa Nyamasheke na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, abiga mu Bigo by’amashuri byo mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru ndetse n’abiga mu Bigo byo mu Turere twa Rwamagana na Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba.

Naho bucyeye bwaho, tariki indwi Nzeri 2024, hazagenda abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri byo mu Turere twa Nyaruguru na Gisagara mu Majyepfo, muri Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, mu Turere twa Rubavu na Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, ndetse no mu Turere twa Gatsibo na Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba.

NESA kandi yaboneyeho gusaba inzego z’ibanze gukurikirana imigendekere y’iki gikorwa ndetse n’ababyeyi kuzohereza abanyeshuri bakurikije uko iyi ngengabihe iteye, mu gihe abayobozi b’Ibigo by’amashuri na bo basabwe kwitegura neza kwakira abanyeshuri, bagakora amasuku ndetse bakanategura ibiribwa bizakenerwa.

UKO GAHUNDA YOSE ITEYE

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 5 =

Previous Post

Zahinduye imirishyo Muri Guverinoma ya Tunisia habura ukwezi ngo habe amatora

Next Post

Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Related Posts

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare 21 065 mu Ngabo z’u Rwanda, bazamuwe mu mapeti, barimo 10 260 bahawe ipeti rya Sergeant bakuwe ku rya...

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Gakeshyi mu Karere ka Gakenke, yafatanywe ibilo 17 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi na Litiro 14 za Kanyanga,...

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

by radiotv10
12/12/2025
0

Imodoka y’isuku n’umutekano y’Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kimisagara,...

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugore w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yafatanywe udupfunyika tw’urumogi...

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Minisitiri w’Ibikorwa by'Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyaruguru, yasabye abashoramari gushora imari muri aka Karere,...

IZIHERUKA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze
AMAHANGA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

by radiotv10
12/12/2025
0

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

12/12/2025
Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

12/12/2025
Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

12/12/2025
Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.