Sunday, August 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hatangajwe igihe abanyeshuri bazatangirira gusubira ku mashuri na gahunda yose y’ingendo

radiotv10by radiotv10
26/08/2024
in MU RWANDA
0
Hatangajwe igihe abanyeshuri bazatangirira gusubira ku mashuri na gahunda yose y’ingendo
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyagaragaje ingengabihe y’uko abanyeshuri biga bacumbikiwe ku bigo, bazakora ingendo zibasubizayo gutangira umwaka w’amashuri wa 2024-2025, aho zizatangira tariki 06 Nzeri 2024.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na NESA kuri uyu wa Mbere tariki 26 Kanama 2024, rigaragaza uko abanyeshuri bazakora ingendo zo gusubira ku bigo bigaho gutangira igihembwe cya mbere.

Iyi gahunda izatangira tariki 06 Nzeri 2024, ku banyeshuri biga mu bigo by’amashuri byo mu Turere twa Nyamagabe na Nyanza mu Ntara y’Amajyepdo, utwa Nyamasheke na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, abiga mu Bigo by’amashuri byo mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru ndetse n’abiga mu Bigo byo mu Turere twa Rwamagana na Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba.

Naho bucyeye bwaho, tariki indwi Nzeri 2024, hazagenda abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri byo mu Turere twa Nyaruguru na Gisagara mu Majyepfo, muri Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, mu Turere twa Rubavu na Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, ndetse no mu Turere twa Gatsibo na Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba.

NESA kandi yaboneyeho gusaba inzego z’ibanze gukurikirana imigendekere y’iki gikorwa ndetse n’ababyeyi kuzohereza abanyeshuri bakurikije uko iyi ngengabihe iteye, mu gihe abayobozi b’Ibigo by’amashuri na bo basabwe kwitegura neza kwakira abanyeshuri, bagakora amasuku ndetse bakanategura ibiribwa bizakenerwa.

UKO GAHUNDA YOSE ITEYE

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × four =

Previous Post

Zahinduye imirishyo Muri Guverinoma ya Tunisia habura ukwezi ngo habe amatora

Next Post

Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Related Posts

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

by radiotv10
02/08/2025
0

Mitali Protais wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko kuba yarabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo, ndetse akanaruhagararira nka Ambasaderi muri...

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

by radiotv10
02/08/2025
0

Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye...

Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

by radiotv10
01/08/2025
0

Abafite inzu ahazwi nko mu Marangi mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge n’abahakorera, bavuga ko amafaranga ari hagati...

Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

by radiotv10
01/08/2025
0

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America yatangaje ko mu nama ya mbere ya Komisiyo ishinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa...

Hagaragajwe igituma kwimurira abarimu aho bifuza bikunze kugorana

Hagaragajwe igituma kwimurira abarimu aho bifuza bikunze kugorana

by radiotv10
01/08/2025
0

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko guhindurira abarimu ibice bakoreramo (mutation) bigorana kuko aho baba bifuza kujya haba hari abandi basanzwe bahakorera....

IZIHERUKA

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye
AMAHANGA

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

by radiotv10
02/08/2025
0

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

02/08/2025
Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

02/08/2025
Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

02/08/2025
Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

01/08/2025
Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

01/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.