Friday, June 6, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hatangajwe ukuri ku bivugwa ko M23 yamaze kuva Bunagana kubera ubwoba

radiotv10by radiotv10
27/09/2022
in MU RWANDA
0
Hatangajwe ukuri ku bivugwa ko M23 yamaze kuva Bunagana kubera ubwoba
Share on FacebookShare on Twitter

Umutwe wa M23 wagize icyo utangaza ku bikomeje kuvugwa ko wamaze kuva mu Mujyi wa Bunagana, uvuga ko ari ibinyoma, kuko ukiri muri uyu Mujyi ndetse ko n’izuba ryarashe rikawubasangamo, bati “Ntitwanyeganyeze na milimetero n’imwe.”

Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Nzeri 2022, bimwe mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byatangaje ko umutwe wa M23 wavuye muri Bunagana umaze amezi atatu ugenzura.

Ibi bitangazamakuru ndetse na bamwe mu Banye-Congo, bavugaga ko uyu mutwe wavuye muri uyu Mujyi wa Bunagana, nyuma yo kubona ingabo za Kenya zinjiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uyu.

Umuvugizi wa M23 mu bya Gisirikare, Maj Willy Ngoma yanyomoje aya makuru, avuga ko ari ibinyoma kuko uyu mujyi ukiri mu biganza byabo.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye, Maj Willy Ngoma yagize ati “Ntitwigeze tunyeganyegaho n’agashitu na kamwe, yewe nta na milimitero n’imwe twarekuye. Izuba ryabyutse rirasa ridusanga muri Bunagana ndetse ni twe tukiyigenzura kugeza ubu.”

Umutwe wa M23 wafashe Umujyi wa Bunagana tariki 13 Kamena 2022, kuva icyo gihe ni wo uwucunga ndetse wamaze gushyiraho imiyoborere yawo n’amategeko agomba kubahirizwa n’abawutuye.

Uyu mutwe kandi uherutse guhamagarira abashoramari n’abacuruzi, kujya gukorera muri uyu Mujyi uri ku mupaka uhuza DRCongo na Uganda.

Maj Willy Ngoma wanyomoje amakuru yo kurekura uyu mujyi, mu minsi yashize, yakunze kuvuga ko badateze kurekura Bunagana mu gihe cyose ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, budashyize mu bikorwa ibikubiye mu masezerano y’imishyikirano amaze igihe kinini asinywe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 − 3 =

Previous Post

Inteko Rusange ya UN ni umwanya w’ibitekerezo byubaka si uwo kuregana- Amb. Nduhungirehe

Next Post

Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba

Related Posts

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

by radiotv10
06/06/2025
0

Abasirikare babiri bafite ipeti rya Major mu Ngabo z'u Rwanda (RDF) barangije amasomo mu Ishuri rya Kenya’s Joint Command and...

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

by radiotv10
06/06/2025
0

Imodoka itwara abanyeshuri b’ikigo cy’Ishuri kimwe cyo mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro, yakoze impanuka igonga bamwe mu...

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

by radiotv10
06/06/2025
0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface yibukije abantu ko gufata amashusho n’amaforo y’abakomeretse cyangwa umurambo ahabereye impanuka cyangwa...

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka ebyiri zitwara abagenzi

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka ebyiri zitwara abagenzi

by radiotv10
05/06/2025
0

Imodoka ebyiri za zimwe muri Kompanyi zitwara abagenzi, zakoze impanuka zigonganiye mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi mu...

Abari bakoresheje amayeri adasanzwe ngo babone uko bakwirakwiza urumogi batahuwe batarabigeraho

Abari bakoresheje amayeri adasanzwe ngo babone uko bakwirakwiza urumogi batahuwe batarabigeraho

by radiotv10
05/06/2025
0

Abagabo babiri bafatiwe mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge bafite ibilo 36 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi bari bahishe mu ipine...

IZIHERUKA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel
MU RWANDA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

by radiotv10
06/06/2025
0

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

06/06/2025
Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

06/06/2025
Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

06/06/2025
Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

05/06/2025
Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

05/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba

Abanya-Pakistan babiri bafatiwe muri Uganda berecyeza muri Congo mu bikorwa by’Iterabwoba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.